Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Master’s) mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano, AI muri Open University of Kenya (OUK), icyemezo cyafashwe nk’ubutumwa bukomeye bushishikariza abayobozi n’abaturage kumenya uburyo ikoranabuhanga rishya rizahindura isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri
14 October 2025, by ISIMBI Estella -
Amerika n’umwanzi wayo Iran ku meza y’ibiganiro
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bamaze imyaka imyaka 45 baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, batangiye kugirana ibiganiro biziguye.
-
Cuba yugarijwe n’umunuko w’imyanda kubera ibura rya lisansi
17 February, by ISIMBI EstellaIbirundo by’imyanda bikomeje kuba byinshi mu Murwa Mukuru wa Cuba, Havana, ku buryo mu bice byinshi byawo hibasiwe n’umunuko ukabije, ibishobora no kongera ibyago by’indwara zituruka ku mwanda.
-
MONUSCO iravugwa mu mugambi wo kwambura M23 Umujyi wa Goma
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), ziravugwa mu mugambi wo kwambura ihuriro AFC/M23 Umujyi wa Goma.
-
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ ifatizo ahari kubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
9 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye kumugaragaro imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko ari umushinga w’ingirakamaro cyane ku gihugu yongera ko umushinga wategerejwe igihe kinini kugira ngo urangire neza. Iki kibuga giherereye ku musozi wa Karera mu mu kagari ka Karera Umurenge wa Ririma.
Perezida Kagame yavuze ko ashimishijwe no gushyira ibuye ry’ ifatizo kuri uyu (…) -
Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuZeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma y’iyo yagiranye na Ish Kevin ikaza no gutuma ahamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB].
-
Gufungwa ntibikuraho kuba umuntu – Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yahumurije abagororwa
9 December 2025, by ISIMBI EstellaKomisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) yagaragaje ko kuba umuntu yagonganye n’amategeko agafungwa bitamwambura ubumuntu no gukomeza guharanira uburenganzira bwe kuko abakora mu nzego zibashinzwe na bo ari abantu bashobora guhutaza abagororwa.
-
2017, Perezida Kagame niwe wabaye Umunyafurika w’umwaka
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru mu bihembo bihembo, byari bibaye ku nshuro ya gatandatu.
Mu bandi bashakaga iki gihembo barimo Perezida wa Ghana, Nana Addo Dankwa Akuffo Addo, Tony Elumelu Umushoramari wo muri Nigeria, John Pombe Magufuli Perezida wa Tanzaniya, Umuyobozi Mukuru wa Shanduka Group, Cyril Ramaphosa na Oladipo (…) -
Hitler yari afite imyanya ndangagitsina idashyitse - Ubushakashatsi
14 November 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’abahanga mu bijyanye n’uturemangingo ndangasano (ADN), bwagaragaje ko Adolphe Hitler wayoboye u Budage ashobora kuba yari afite uburwayi butuma imyanya ndangagitsina ye idakura neza.
-
Byinshi wamenya ku mwami wa ruhago "Pelé"wahitanwe na Kanseri
30 December 2022, by Dusingizimana RemyKizigenza Edson Arantes do Nascimento,uzwi nka Pelé kubera ibigwi yagize mu mupira w’amaguru,yahitanwe n’indwara ya Kanseri nyuma y’igihe arembeye mu bitaro Albert Einstein iwabo.
Yabaye umukinnyi w’umunyabigwi ahanini bitewe n’ibitego byinshi yatsinze n’uduhigohigo yisangije. Yatsinze ibitego 1,281 mu mikino 1,363 mu myaka isaga 20 yamaze ari umukinnyi.Harimwo ibitego 77 yatsindiye igihugu cye mu mikino 92.
Yisangije umuhigo wo kuba ari we mukinnyi wenyine ku isi watwaye ibikombe by’Isi (…)
Umuryango.rw
Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri
Amerika n’umwanzi wayo Iran ku meza y’ibiganiro
MONUSCO iravugwa mu mugambi wo kwambura M23 Umujyi wa Goma
Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin
Gufungwa ntibikuraho kuba umuntu – Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yahumurije abagororwa
Hitler yari afite imyanya ndangagitsina idashyitse - Ubushakashatsi
Byinshi wamenya ku mwami wa ruhago "Pelé"wahitanwe na Kanseri