Umugabo wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi akekwaho kwica mugenzi we w’imyaka 29 uvugwaho ko yamusambanyirizaga umugore.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi: Akurikiranyweho kwica uwo yakekagaho kumusambanyiriza umugore
22 April, by Angeline MUKANGENZI -
Trump yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza intambara
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Amerika yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza burundu intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwo Hagati kandi ku bw’izo mpamvu abaye asubitse mu gihe cy’iminsi itanu kugaba ibitero ku bikorwa remezo by’ingufu z’amashanyarazi bya Iran.
-
#Kwibuka32: SEE MUZIK yasabye urubyiruko kwigira ku mateka bakubaka u Rwanda ruzira amacakubiri
14 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’izitanga ubutumwa bw’ihumure, SEE MUZIK, yasabye urubyiruko kwigira ku mateka asharira igihugu cyanyuzemo, bagaharanira kubaka u Rwanda ruzira amacakubiri n’urwango.
-
Nyanza: Abayobozi ba koperative baburanye ubujurire ku ifungwa bakurikiranyweho ry’ibyaha birimo kunyereza miliyoni 17 Frw
22 April, by ISIMBI EstellaAbayobozi batatu ba Koperative yitwa Umoja in Nguvu ishinzwe ibikorwa byo gucunga umutekano mu Karere ka Nyanza, baburanye ubujurire ku cyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana cyabategetse gufungwa by’agateganyo iminsi 30, ku byaha bakurikiranyweho byo kunyereza umutungo ugera ku miliyoni 17 no gukoresha inyandiko mpimbano.
-
Chad: Perezida Idriss Déby agiye kohereza ingabo 1,500 muri Haiti guhangana n’imitwe yitwaje intwaro
22 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Chad, Mahamat Idriss Déby, yatangaje ko igihugu cye kigiye kohereza abasirikare 1,500 muri Haiti iherereye muri Amerika ya Ruguru mu rwego rwo gushyigikira ingabo mpuzamahanga zashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye zigamije kugarura umutekano ku isi.
-
Uwigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza: Impinduka zitezwe mu burezi
23 April, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, igihe kigeze ngo buvugururwe kuko imyaka biga ari mike ikeneye kongerwa. Yavuze ko mu mavugurura ateganywa, umuntu wigisha mu mashuri abanza, agomba kuzajya abanza kurangiza kaminuza.
-
Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?
25 April 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe Elon Musk ataka igihombo gikabije ndetse akaba yafashe umwanzuro wo kugabanya umwanya yageneraga imirimo yahawe muri politiki, hari ibigaragaza ko politiki ya Donald Trump iri kugira uruhare mu gusubiza ku isuka uyu muherwe.
-
Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire cyangwa imico umukobwa adakwiye kugira mu mibanire ye n’umusore we. Hano hari ibintu 10 umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa, ndetse akamenya uko agomba kubikemura mu rwego rwo kubaka urukundo rwiza no gufasha umubano wabo gukomera.
-
Ngororero: Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17
17 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubutenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanda, mu Karere ka Ngororero, akekwaho kuba yarasambanyije umwana w’imyaka 17.
-
INYANDIKO ISABA GUSHYIRA MU BIKORWA UMWANZURO W‘URUKIKO MU RUBANZA RC00031/2024/TGI/GSBO KU NEZA.
30 December 2025, by ISIMBI Estella
Umuryango.rw
Trump yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza intambara
#Kwibuka32: SEE MUZIK yasabye urubyiruko kwigira ku mateka bakubaka u Rwanda ruzira amacakubiri
Nyanza: Abayobozi ba koperative baburanye ubujurire ku ifungwa bakurikiranyweho ry’ibyaha birimo kunyereza miliyoni 17 Frw
Chad: Perezida Idriss Déby agiye kohereza ingabo 1,500 muri Haiti guhangana n’imitwe yitwaje intwaro
Uwigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza: Impinduka zitezwe mu burezi
Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?
Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana
Ngororero: Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17
INYANDIKO ISABA GUSHYIRA MU BIKORWA UMWANZURO W‘URUKIKO MU RUBANZA RC00031/2024/TGI/GSBO KU NEZA.