Imfura ya Cristiano Ronaldo, Cristiano Ronaldo Jr ari mu nzira zitera ikirenge mu cya se aho ashobora gusinyira Real Madrid.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuhungu wa Cristiano Ronaldo ashobora kwerekeza muri Real Madrid
26 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
I Kaziba, Ingabo z’Uburundi zahahuriye n’uruva gusenya
11 March 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 10 Werurwe wigaruriye agace ka Kaziba ko mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukirukanamo ingabo z’u Burundi barwanaga mu mirwano ikomeye.
-
Abajyanama 21 ba Perezida Ruto ntibumva uko bagiye kwirukanwa
29 January, by Angeline MUKANGENZIAbajyanama 21 ba Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, basabye Urukiko Rukuru rwa Nairobi guhagarika by’agateganyo umwanzuro rwafashe wo kubambura akazi.
-
Nyarugenge: Iduka ryo mu isoko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
14 April, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko iduka ryarimo ibicuruzwa by’amoko anyuranye ryo mu isoko rya Nyarugenge ryafashwe n’inkongi y’umuriro ariko haboneka ubutabazi ibyarimo byose bitarakongoka.
-
PRESS RELEASE: StarTimes Decoder has been reduced significantly. Now at only 3000Rwf
8 June 2021, by Ubwanditsi“African fans have been forced to pay higher bouquet prices to watch major competitions in the past. This isn’t right. In Africa, football should be made available for all. This is what StarTimes strives to achieve, to ensure that every African football fan can enjoy Euro 2020.”
For this reason:
On our DTT platform, existing starTimes subscribers will access matches on their Basic bouquet at only 6000 Rwf monthly, Customers will buy Basic bouquet of 6000Rwf per month and be upgraded to (…) -
U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington
24 April, by ISIMBI EstellaIntumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye mu nama ya gatanu y’akanama gashinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano amaze hafi umwaka asinywe n’ibihugu byombi.
-
Trump yavuze ko atewe ishema no kwica abategetsi ba Iran
13 March, by Angeline MUKANGENZIMu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran
-
Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali yihungije abari kumubaza ku hazaza ha AS Kigali
8 July 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’uko ikipe ya AS Kigali yanditse isaba inama y’igitaraganya n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bitaba ibyo ikaba itazakina shampiyona 2024-2025, uyu Mujyi uvuga ko atariwo ukwiriye kubazwa imikorere ya buri munsi yayo kuko atari ikipe yawo.
-
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Stephen Constantine yijeje Hakim Sahabo guhabwa umwanya wo gukina
24 March, by Angeline MUKANGENZIUmutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yijeje Hakim Sahabo kubona umwanya wo gukina nyuma y’uko yongeye guhamagarwa yari yarahagaritswe.
-
Jay Polly azumvikana kuri Album ya Tuff Gang
23 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda, Ndayishimiye Mark Bertrand uzwi nka Bull Dogg, yatangaje ko itsinda rya Tuff Gang rigeze kure imyiteguro yo gusohora Album bahuriyeho, izumvikanaho ijwi rya nyakwigendera Tuyishimire Joshua wamamaye nka Jay Polly.
Umuryango.rw
Umuhungu wa Cristiano Ronaldo ashobora kwerekeza muri Real Madrid
I Kaziba, Ingabo z’Uburundi zahahuriye n’uruva gusenya
Abajyanama 21 ba Perezida Ruto ntibumva uko bagiye kwirukanwa
Nyarugenge: Iduka ryo mu isoko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington
Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali yihungije abari kumubaza ku hazaza ha AS Kigali
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Stephen Constantine yijeje Hakim Sahabo guhabwa umwanya wo gukina
Jay Polly azumvikana kuri Album ya Tuff Gang