Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabwiye Abasenateri ko nubwo u Rwanda rwizeye ko amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono azatanga umusaruro, rufite impungenge ko ashobora kudashyirwa mu bikorwa nk’uko yemeranyijweho n’impande zombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
5 August 2025, by ISIMBI Estella -
Tanzania yafunguye abapolisi ba Kenya yafashe barenze umupaka
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bwa Tanzania bwafunguye Abanya-Kenya batanu barimo n’abapolisi b’iki gihugu babiri bari batawe muri yombi, nyuma yo gufatwa barenze umupaka.
-
Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri ntibakiri abasirikare ba RDC
27 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yirukanye mu gisirikare abofisiye bakuru batatu bamaze amezi atatu bakurikiranyweho kugambirira kumugirira nabi.
-
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
-
Dr. Ndugulile,Umunya Tanzaniya uherutse gutorerwa kuyobora OMS muri Afurika yapfuye
27 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDr Faustine Engelbert Ndugulile, Umunya-Tanzania wari uherutse gutorerwa kuyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima muri Afurika, yapfuye kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2024.
-
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Abanyarwanda bitegure umuyaga mwinshi uhera kuri uyu wa kane- Meteo Rwanda
3 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko kuva uyu munsi ku wa Kane tariki 03 kugeza tariki 04 Ukwakira 2024, mu gihugu hose hateganyijwe umuyaga mwinshi ufite umuvuduko kuva kuri metero 6 kugeza kuri metero 13 ku isegonda.
-
Rutsiro: Batatu bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi 7 gifunzwe
17 October 2025, by ISIMBI EstellaBikorimana Jean de Dieu w’imyaka 21, Ndacyayisenga Damascène w’imyaka 26 na Nibayavuge Daniel wa 43, bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi arindwi gihagaritswe, cyagwiriye umwe acukuramo amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, abandi kikabagwira bagiye kumutabara.
-
U Rwanda rwareze u Bwongereza rusaba indishyi ku masezerano atarubahirijwe
27 January, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwatangaje ko rwareze u Bwongereza rusaba indishyi zirenga miliyoni 50 z’amapawundi (£50m), nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, ahagaritse amasezerano y’abimukira yari yarashyizweho hagati y’ibihugu byombi ku butegetsi bw’ishyaka ry’Aba-Conservateurs.
-
Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma yo kuvuma u Rwanda arwifuriza ibibi ndetse n’ibyago bitandukanye.
Umuryango.rw
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
Tanzania yafunguye abapolisi ba Kenya yafashe barenze umupaka
Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri ntibakiri abasirikare ba RDC
Dr. Ndugulile,Umunya Tanzaniya uherutse gutorerwa kuyobora OMS muri Afurika yapfuye
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa
Abanyarwanda bitegure umuyaga mwinshi uhera kuri uyu wa kane- Meteo Rwanda
Rutsiro: Batatu bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi 7 gifunzwe
U Rwanda rwareze u Bwongereza rusaba indishyi ku masezerano atarubahirijwe
Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene