Indwara yo kubatwa n’inzoga ni ikibazo cy’ubuzima gishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, kandi irangwa no kuba umuntu adashobora kugenzura uburyo anywa inzoga, ahorana inyota yo kunywa cyangwa agakomeza kuyinywa nubwo byamuviramo ibibazo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi
25 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubuyobozi bwa Netflix imaze kubaka izina mu bucuruzi bwa filime n’ibiganiro, kwirukana Susan Rice mu nama y’ubutegetsi yayo.
-
Volleyball: Imikino y’igikombe cy’Intwari irakinwa guhera kuri uyu wa gatandatu
30 January, by ISHIMWE Jean de DieuAmakipe ane ya mbere ku rutonde rwa shampiyona muri volleyball agiye guhurira mu irushanwa ry’intwari.
-
U Rwanda rwasubije RDC yirukanye Ambasaderi warwo Karega
30 October 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yababajwe n’umwanzuro wafashwe na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wo kwirukana ambasaderi Vincent Karega wari uruhagarariye muri icyo gihugu.
Amb.Karega yasabiwe kwirukanwa n’Inama nkuru ya gisirikare ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Guverinoma kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, mu masaha atarenze 48.
Itangazo u Rwanda rwashyize hanze, rivuga ko “rwababajwe n’umwanzuro wa Guverinoma ya (…) -
Agezweho: Abanyanyarwanda baba muri UAE na Bahrain nta n’umwe uragirwaho ingaruka n’ibitero bya Iran
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko nta Munyarwanda uri muri iki Gihugu no muri Bahrain, uragirwaha ingaruka n’ibibazo by’umutekano by’intambara ihanganishije Iran na USA ifatanyije na Israel.
-
U Rwanda rugiye gutanga urukingo rurwanya kanseri nyinshi icyarimwe
5 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza urukingo ruzwi nka ‘Gardasil 9’ rwa virusi izwi nka ‘Human Papillomavirus: HPV’ ari na yo itera kanseri y’inkondo y’umura.
-
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
30 January, by Angeline MUKANGENZIYatewe inda akiri umwangavu w’imyaka 16 y’amavuko, agira ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga bukomatanyije burimo ubwo kutumva, kutavuga n’ubw’ingingo.
-
Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo kubaga abarwaye kanseri
7 February, by Angeline MUKANGENZIMu gukemura ikibazo cy’abaganga bava mu mahanga ari bake kandi bakagera mu Rwanda inshuro nke, hagiye gutangira kwigishwa amasomo yo kubaga kanseri zifata mu rwungano rw’inkari ziganjemo iya prostate iri ku isonga mu kwibasira abagabo benshi.
-
Perezida Trump yavuze ko azagira uruhare mu gushyiraho uzayobora Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
-
Algeria: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana babiri
5 March, by Angeline MUKANGENZIIndege y’igisirikare cya Algeria kirwanira mu kirere yahanutse ikimara guhaguruka mu kigo cya gisirikare cya cy’ingabo zirwanira mu kirere cya Boufarik, ihitana babiri mu itsinda riyitwara.
Umuryango.rw
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
Volleyball: Imikino y’igikombe cy’Intwari irakinwa guhera kuri uyu wa gatandatu
U Rwanda rwasubije RDC yirukanye Ambasaderi warwo Karega
Agezweho: Abanyanyarwanda baba muri UAE na Bahrain nta n’umwe uragirwaho ingaruka n’ibitero bya Iran
U Rwanda rugiye gutanga urukingo rurwanya kanseri nyinshi icyarimwe
Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije
Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yo kubaga abarwaye kanseri
Algeria: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana babiri