Umugabo utuye mu Murenge wa Gashanda mu karere ka Ngoma yafashwe n’inzego z’Umutekano amaze kuruma ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuhira umugore we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ngoma: Umugabo yafunzwe akekwaho kuruma ubugabo bw’umusore kubera gufuha
17 March, by Angeline MUKANGENZI -
Igitaramo cya BTS cyanyuze kuri Netflix cyarebwe n’abantu Miliyoni 18 mu bihugu 190
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuIgitaramo cy’itsinda BTS cyanyuze imbonankubone (live) kuri Netflix cyarebwe n’abantu miliyoni 18.4 ku isi hose, nk’uko uru rubuga rubitangaza.
-
Prince Kid yavuze amagambo akomeye nyuma yo gusohoka mu gihome
2 December 2022, by Dusingizimana RemyIshimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yashimiye ubutabera bw’u Rwanda by’umwihariko nyuma yo gusohoka muri gereza ya Mageragere akakirwa n’abarimo Miss Iradukunda Elsa na Meghan bari bamutegereje.
Prince Kid wari umaze amezi asaga 7 afunzwe ashinjwa ibyaha birimo icyo gusaba undi ishimishamubiri rishingiye ku gitsina,yagizwe umwere uyu munsi,Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutegeka ko ahita arekurwa.
Akigera hanze yagize ati "Amezi 7 n’ayo kumenya uko ukuri kumeze n’umwanya wo (…) -
Bobi Wine ’wahungiye’ muri Amerika yavuze igishobora gutuma asubira muri Uganda
25 March, by Angeline MUKANGENZIRobert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uri mu banyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko yiteguye gutaha mu bihugu cye mu gihe yaba yizeye umutekano we, kandi ntakurikiranwe n’ubutabera.
-
Formula One yateye utwatsi icyifuzo cya RDC cyo guhagarika imikoranire n’u Rwanda
20 February 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Formula One (F1) bwateye utwatsi ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashakaga ko buhita bukura u Rwanda mu bihugu bya Afurika bifite amahirwe yo kwakira amasiganwa y’imodoka, buvuga ko buzasuzuma ubusabe bw’ababyifuje bose.
-
Ingo zirenga 94% zo mu Rwanda ziracyatekesha amakara n’inkwi
17 April 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ingo zikoresha ibicanwa bibungabunga ibidukikije mu Rwanda zageze kuri 5,4% mu 2024 zivuye kuri 1% mu 2017.
-
Indwara zitandura zagabanutse ku kigero kikubye inshuro zirenga eshatu
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe Augustin Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rumaze kwiyubaka mu kurwanya indwara zitandura, ku buryo mu myaka isaga itanu izi ndwara zagabanutse inshuro zirenga eshatu.
-
Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize
13 January, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu batuye mu gace umusore wari umufana ukomeye wa Rayon Sports yasanzwemo yapfuye bikekwa ko yiyahuye, mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bari basanzwe bamuziho ko akunda iriya kipe, ndetse ko kuva yava kuyifana mu cyumweru gishize, ntacyo yari yakojeje mu nda kubera agahinda ko gutsindwa.
-
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuWigeze ukunda umuntu bikarangira ubibabariyemo ugakomereka umutima ku buryo wumva wazinutswe gukunda? Nta cyizere wumva uzongera kugirira uwo ari we wese mu rukundo? Waba warakunze umuntu ukamwimariramo ukamwiha wese utamubangikanya n’undi hanyuma akaguhemukira ndetse ukamenya ko yanakubeshyaga akuryarya agutendeka anaguca inyuma? Hano, inzobere mu by’urukundo n’imibanire ziragusobanurira inzira wacamo ukongera ukabona urukundo ugakunda ugakundwa ukanyurwa n’uburyohe bw’urukundo gabo gore. (…)
-
Myanmar yababariye imfungwa zirenga ibihumbi 4,000 zirimo n’uwahoze ari Perezida
17 April, by Angeline MUKANGENZIMyanmar yatangaje ko yahaye imbabazi imfungwa 4,335 zirimo n’uwahoze ari Perezida, Win Myint, wafunzwe nyuma yuko ahiritswe ku butegetsi mu 2021, mu gihe abandi boroherejwe ibihano barimo; abakatiwe urwo gupfa bahawe gufungwa burundu.
Umuryango.rw
Ngoma: Umugabo yafunzwe akekwaho kuruma ubugabo bw’umusore kubera gufuha
Igitaramo cya BTS cyanyuze kuri Netflix cyarebwe n’abantu Miliyoni 18 mu bihugu 190
Prince Kid yavuze amagambo akomeye nyuma yo gusohoka mu gihome
Formula One yateye utwatsi icyifuzo cya RDC cyo guhagarika imikoranire n’u Rwanda
Ingo zirenga 94% zo mu Rwanda ziracyatekesha amakara n’inkwi
Indwara zitandura zagabanutse ku kigero kikubye inshuro zirenga eshatu
Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize
Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo
Myanmar yababariye imfungwa zirenga ibihumbi 4,000 zirimo n’uwahoze ari Perezida