Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, (FERWAFA), ryatangaje ko ryamaze gutumira amakipe ane azakina irushanwa ry’Intwari ry’umwaka wa 2026, rizitabirwa n’amakipe yasoje mu myanya ine ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’umwaka ushize w’imikino wa 2024/25.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
APR na Rayon Sports zigiye kongera gucakiranira mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Intwari
14 January, by Angeline MUKANGENZI -
Nyagatare: Ishimwe ry’abakorera mu biro bishya byatwaye miliyoni 677 Frw
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka myinshi Ibiro by’Akarere ka Nyagatare bibarizwa mu nyubako nto kandi itajyanye n’igihe, abakozi n’abakenera serivisi baravuga imyato inyubako nshya y’ibiro yuzuye itwaye miliyoni 677 z’amafaranga y’u Rwanda.
-
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Macron yihanije uwamwise ‘kadahumeka’ kubera kuvuga ko ayoboye muri AI
7 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa 04 Gashyantare 2026, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yanyujije ku rukuta rwe rwa X, ubutumwa bugaragaza ko igihugu cye cyafashe iya mbere mu guteza imbere ibijyanye n’ikoranabuhanga rya AI.
-
Rutsiro: Inkuba yakubise abantu 2 umwe arapfa
30 January, by ISIMBI EstellaMu Murenge wa Mukura, Akarere ka Rutsiro, mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo ku wa Kane tariki ya 29 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu babiri, umwe ahasiga ubuzima.
-
Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi akaba n’umuproducer, umucuranzi ndetse n’umukinnyi wa filime uzwi nka SANO PANDA, azasusurutsa abakunzi b’umuziki ari kumwe n’umuhanzi ukunzwe mu ndirimbo z’urukundo Yvan Mpano.
-
Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose
22 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri wa Siporo n’Imyidagaduro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu, yashyikirije igihembo cy’imodoka nshyashya yo mu bwoko bwa Jeep, umufana Michel Kuka, wamamaye nka Lumumba Vea, wafanaga ikipe y’Igihugu ubwo yari mu Gikombe cya Afurika cya 2025.
-
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage batuye mu Kagari ka Kagina, mu Murenge wa Runda, Akaraere ka Kamonyi, mu gitondo cyo ku ya 7 Gashyantare 2026, basanze Mujawayezu Pelagie yiciwe mu nzu ye yatewe ibyuma, bakeka ko yaba yishwe n’umuhungu we wanahise aburirwa irengero.
-
Umwe mu bateye inkunga Miss Rwanda 2020 yavuze kuri Miss Naomie no ku Gisonga cye cya mbere Umwiza Phiona
5 March 2020, by UbwanditsiUmwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange rihuza abagura , abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza, aho buri muntu wese yaba uwabigize umwuga n’utarabigize umwuga, yagurishiriza, akanakodesha amazu n’ibibanza.
-
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
28 May 2025, by Gladiator OGUwase Kathia Kamali mukuru wa nyampinga w’u Rwanda 2020 , Naomi Nishimwe, yihanije mu buryo bukomeye umukobwa wamubajije impamvu Adonis Javon Filler umukunzi wa Kathia atigeze agaragara akina mu mikino ya BAL kandi asanzwe ari umukinnyi wa APR BBC ikipe yari ihagarariye u Rwanda muri iyi mikino.
Umuryango.rw
APR na Rayon Sports zigiye kongera gucakiranira mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’Intwari
Nyagatare: Ishimwe ry’abakorera mu biro bishya byatwaye miliyoni 677 Frw
Rutsiro: Inkuba yakubise abantu 2 umwe arapfa
Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin
Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL