Umuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’ 100/100.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mudugudu Havugiyaremye yavumbuye ibanga rituma abaturage ayoboye batanga mituweli 100/100
24 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ishusho y’ishoramari mu Karere ka Nyamasheke
9 February, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangiye gahunda yo kongera abashoramari banini babyaza umusaruro amahirwe y’ishoramari ihari.
-
Kenya yijeje imbabazi abaturage bayo barwaniye u Burusiya mu ntambara na Ukraine
23 March, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi, yijeje Abanyakenya bagiye kurwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine kuzahabwa imbabazi basubiye iwabo.
-
Abayisilamu bakusanyijwe asaga miliyoni 38 Frw yo gufasha abatishoboye kwizihiza Eidil Fitri
20 March, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) watangaje ko muri uku kwezi wakusanyije arenga miliyoni 38 Frw yakoreshejwe mu kugurira abayisilamu batishoboye ibyo kurya ku munsi wo gusoza igisibo gitangatifu cya Ramadahn (Eidil Fitri).
-
U Rwanda rwashimiye Perezida Putin w’u Burusiya ku bw’imikoranire myiza
18 February, by Angeline MUKANGENZIUhagarariye u Rwanda mu Burusiya, Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashimiye iki Gihugu na Perezida wacyo Vladimir Putin by’umwihariko, ku bw’ubufasha bakomeje guha u Rwanda n’ibindi Bihugu byo ku Mugabane wa Afurika
-
Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuUbubiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bw’ikigo cya Musaga i Bujumbura, bwahuye n’iturika rikomeye, burashya burakongoka n’intwaro zarimo, bitewe n’ibibazo byaturutse ku mashanyarazi.
-
Kayonza: Imvura yasenye inzu 21, amashuri n’urusengero rwa ADEPR
19 March, by UbwanditsiUbuyobozi bw’Akarere ka Kayonza bwatangaje ko imvura yaguye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane, yatwaye ibisenge by’inzu 21 z’abaturage, urusengero ndetse n’igisenge cy’amashuri arindwi ku ishuri ribanza rya EP Amahoro ADEPR riherereye mu Murenge wa Ndego.
-
Ingabo za Uganda zakuye abasivili 200 mu menyo ya ADF
20 April, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Uganda ziri mu bikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabohoye abasivili barenga 200 wari waragize imbohe.
-
Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump ubwo yakiraga ikipe ya Inter Miami ikinamo rurangiranwa Lionel Messi, yavuze ko umwe mu bana be ari umufana we ukomeye, avuga ko ashobora kuba ari ku rwego nk’urwa Pele.
-
Umusirikare wa Israel yamenaguye ishusho ya Yezu
20 April, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare wa Israel woherejwe ku rugamba mu majyepfo ya Liban, yagaragaye amenagura ikibumbano cy’ishusho ya Yezu yifashishije inyundo nini imena amabuye izwi nka ‘kinubi’.
Umuryango.rw
Kenya yijeje imbabazi abaturage bayo barwaniye u Burusiya mu ntambara na Ukraine
Abayisilamu bakusanyijwe asaga miliyoni 38 Frw yo gufasha abatishoboye kwizihiza Eidil Fitri
Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye
Kayonza: Imvura yasenye inzu 21, amashuri n’urusengero rwa ADEPR
Ingabo za Uganda zakuye abasivili 200 mu menyo ya ADF
Rurangiranwa Lionel Messi muri ‘White House’, Perezida Trump yagize icyo amuvugaho
Umusirikare wa Israel yamenaguye ishusho ya Yezu