Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rigaragaza ko kugira ngo iki gihugu kijye ku murongo, imitegekere yacyo ikwiye gushingira kuri ‘Fédéralisme’ nk’iy’ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 yifuza ko RDC igira imiyoborere nk’iya Amerika
7 August 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yashimye Abanyarwanda bishatsemo ibisubizo by’ubutabera ku byaha bya Jenoside yakorewe abatutsi
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Urukiko rw’Ikirenge, Mukantaganzwa Domitilla yashimye ko Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bishatsemo ibisubizo mu gutanga ubutabera ku byaha bya Jenoside mu Rwanda no mu mahanga.
-
Nyamasheke: Yafatanywe ingurube 2 zibwe baramukubita kugeza apfuye
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNtabwoba Isaac w’imyaka 29 yafatanywe ingurube ebyiri bikekwa ko yari azibye ku muturage witwa Iyamuremye Danielwo mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Mubumbano, Umurenge wa Kagano, mu Karere ka Nyamasheke, abanyerondo bamufashe baramukubita kugeza ashizemo umwuka.
-
Leta y’u Burusiya yatangiye kurwanya abagore bashyingiranwa n’abasirikare bagamije gusa kuzungura ibyabo.
8 November 2025, by ISIMBI EstellaMu Burusiya bahagurukiye abagore bahitamo gushyingiranwa n’abasirikare bari ku rugamba muri Ukraine bagamije kuzazungura imitungo yabo igihe bapfuye, kuko bahabwa ibihumbi 170 by’Amayero nk’impozamarira.
-
Volleyball: Ikipe y’Igihugu y’ingimbi yageze mu Misiri
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nzeri nibwo ikipe y’Igihugu y’ingimbi mu mukino wa Volleyball yageze mu gihugu cya Misiri ahazabera igikombe cya Afurika.
-
Ben Affleck yavuze kuri gatanya ye na Jennifer Lopez
26 March 2025, by ISIMBI EstellaBen Affleck yanyomoje amakuru avuga ko amaze iminsi arebana ay’ingwe na Jennifer Lopez baheruka gutandukana, ndetse ahishura ko nubwo atakibana n’uyu muhanzikazi amwubaha kandi ko nta kibi amwifuriza.
-
Abavuye mu mashyamba ya RDC bahishuye icyo bicuza n’icyatumye badataha kare
22 February 2023, by Dusingizimana RemyBamwe mu batashye bava mu mashyamba ya RDC bari bamazemo imyaka myinshi, batangaje ko bicuza igihe bayamazemo kubera ikinyoma gikomeye babwiwe ko nibagera mu Rwanda bazahita bicwa.
Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare igiye gusubiza mu buzima busanzwe icyiciro cya 68 cy’abari abasirikare n’abatahutse bavuye muri RDC bamaze igihe bigishirizwa mu kigo cya Mutobo giherereye mu karere ka Musanze.
Gatabazi Joseph wahoze mu mutwe wa FDLR akaza guhunguka afite (…) -
Dore ibyafasha abantu bakunze kubabara mu ngingo
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu bakunze kugira ububare mu ngingo cyane cyane mu mavi, mu tugombambari, no mu magufa yo mu rukenyerero, bakunze kubiterwa n’impamvu zitandukanye, harimo kugira ibiro by’umurengera, kunywa itabi, ibyo umuntu akunze kurya kenshi, uruhererekane rwo mu muryango (by’umwihariko mu bujana no mu ivi) ndetse n’ubwoko bw’akazi umuntu akora.
-
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze
1 December 2024, by Joseph IradukundaUmusonga ubundi ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana umuntu yirwaye byihuse, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi barimo abana ndetse n’abantu bakuru.
-
Nduhungirehe ari i Doha mu biganiro byagarutse no ku mubano w’u Rwanda na RDC
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, ku bufatanye bw’ibihugu byombi, banagaruka ku bibazo by’umubano umaze iminsi utifashe neza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
AFC/M23 yifuza ko RDC igira imiyoborere nk’iya Amerika
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yashimye Abanyarwanda bishatsemo ibisubizo by’ubutabera ku byaha bya Jenoside yakorewe abatutsi
Nyamasheke: Yafatanywe ingurube 2 zibwe baramukubita kugeza apfuye
Leta y’u Burusiya yatangiye kurwanya abagore bashyingiranwa n’abasirikare bagamije gusa kuzungura ibyabo.
Volleyball: Ikipe y’Igihugu y’ingimbi yageze mu Misiri
Ben Affleck yavuze kuri gatanya ye na Jennifer Lopez
Abavuye mu mashyamba ya RDC bahishuye icyo bicuza n’icyatumye badataha kare
Dore ibyafasha abantu bakunze kubabara mu ngingo
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze
Nduhungirehe ari i Doha mu biganiro byagarutse no ku mubano w’u Rwanda na RDC