Nkurunziza David uyobora Kiyovu Sports ntateganya kugirana ibiganiro na Mvukiyehe Juvénal, mu gihe ataremerera mu ruhame ko ari we wahemukiye iyi kipe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nkurunziza uyobora Kiyovu Sports yifuza ko Mvukiyehe Juvénal yemera amakosa mu ruhame
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
TopInfo : Urubuga ruhuza Abashaka Serivisi n’Abatanga Serivisi Zikenewe mu Rwanda
7 October 2024, by UbwanditsiTopinfo.rw ni urubuga rwihariye rugamije guhuza abashaka serivisi n’abatanga serivisi mu nzego zitandukanye mu Rwanda.
Uru rubuga rutanga uburyo bworoshye bwo kubona no kugera ku serivisi zitandukanye, kuva ku mirimo yo mu rugo kugera ku makuru y’umwuga.
Abatanga serivisi bashobora kugaragaza ibyo bakora, bituma abakiriya bashobora kugereranya amahitamo, gusoma ibitekerezo, no gufata ibyemezo byiza.
Iyi marketplace ituma habaho itumanaho ryoroshye hagati y’impande zombi, kandi (…) -
Amerika yahagaritse ibyo kuzamura umusoro ku bicuruzwa biva muri Colombia
27 January 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse umusoro wa 25% ku bicuruzwa byose bituruka muri Colombia, nyuma y’uko icyo gihugu cyemeye kwakira abimukira boherejwe n’indege za gisirikare bavuye muri Amerika.
-
Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline
23 April 2025, by Gladiator OGUmukinnyikazi wa filime z’abakuze Isimbi Noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bakomeje kumujujubya ku mbuga nkoranyambaga ze aho bamwibasira bamwe bamutuka abandi bakamubwirako ibyo akora yataye umuco nyarwanda nta munyarwandakazi ukwiye gukina filime za porornogarafi.
-
Ubwoko bushya bwa COVID buri kuzamura impungenge
22 April, by ISHIMWE Jean de DieuInzobere mu by’ubuzima ziravuga ko ubwoko bushya bwa COVID-19 bwiswe ‘Cicada’ bwagaragaye i California muri Leta Zunze Ubumwe za America, bukomeje gutera impungenge kuko bushobora kuzaba indwara izaranga impeshyi yegereje.
-
Teta Sandra yasabye imbabazi ku nyandiko ye yafashwe nk’ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
9 April 2025, by Gladiator OGUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga ari amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa Mbere tariki 07 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Teta abinyujije ku rubuga rwa Snapchat ndetse no kuri sitati ya WhatsApp, Teta yavuze ko "yibuka Abatutsi bishwe ndetse n’Abahutu batari bashyigikiye Jenoside.” Nyuma yaho Mu kiganiro kigufi (…)
-
Pepsi yikuye mu gutera inkunga iserukiramuco ryo mu Bwongereza kubera Kanye West
6 April, by ISHIMWE Jean de DieuUruganda Pepsi rwatangaje ko rwikuye mu baterankunga bakuru ba Wireless Festival izabera i London muri iyi mpeshyi, nyuma y’amakuru avuga ko Kanye West azariririmbamo nk’umuhanzi mukuru mu minsi itatu y’icyo gikorwa.
-
Ruswa iravuza ubuhuha I Jabana (Ubuhamya bwa DC Clement)
1 April, by Angeline MUKANGENZINiyigaba Clement yavuze ko yahaye abitwa abahigi 900,000 Frw noneho ushinzwe imiturire mu murenge arabimenya ararakara cyane. Yahise ahuruza inzego kuva ku Karere ka Gasabo baza gusenya nta n’integuza bahawe.
-
Israel yabonye umurambo w’umusirikare n’abantu 2 bashimutiwe muri Gaza
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel cyatangaje ko cyaguye ku mirambo y’abantu batatu barimo abashimutiwe muri Gaza
-
Abakozi 13 bo mu rwego rw’ubucamanza bahanwe kubera ruswa umwaka ushize
9 February, by Angeline MUKANGENZIAbakozi 13 bo mu rwego rw’ubucamanza bahaniwe ruswa mu mwaka wa 2024-2025. Mu myaka 20 ishize (kuva mu mwaka wa 2005 kugera mu mwaka ushize wa 2005) abakozi 57 barirukanywe kubera ruswa
Umuryango.rw
Nkurunziza uyobora Kiyovu Sports yifuza ko Mvukiyehe Juvénal yemera amakosa mu ruhame
TopInfo : Urubuga ruhuza Abashaka Serivisi n’Abatanga Serivisi Zikenewe mu Rwanda
Amerika yahagaritse ibyo kuzamura umusoro ku bicuruzwa biva muri Colombia
Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline
Ubwoko bushya bwa COVID buri kuzamura impungenge
Teta Sandra yasabye imbabazi ku nyandiko ye yafashwe nk’ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Pepsi yikuye mu gutera inkunga iserukiramuco ryo mu Bwongereza kubera Kanye West
Ruswa iravuza ubuhuha I Jabana (Ubuhamya bwa DC Clement)
Israel yabonye umurambo w’umusirikare n’abantu 2 bashimutiwe muri Gaza