Muri Ituri, Abashinwa 11 n’Abanyekongo batatu bacukuraga zahabu mu buryo butemewe n’amategeko mu karere ka Nizi (Teritwari ya Djugu) batawe muri yombi. Nk’uko Guverineri w’Intara ya Ituri abitangaza, ngo abo bantu “bacukura amabuye y’agaciro” mu buryo butemewe n’amategeko mu birombe bya SOKIMO kuva mu 2024 mu gace kamaze igihe karangwamo imitwe yitwaje intwaro myinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ituri: Abashinwa 11 n’Abanyekongo 3 batawe muri yombi
29 April, by Angeline MUKANGENZI -
NYIRANTIBIZERWA Virgine yasabye guhindura amazina akitwa UMUHIRE Virginie
9 October 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa NYIRANTIBIZERWA Virginie yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UMUHIRE Virginie mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Megan Thee Stallion yatandukanye na Klay Thompson
27 April, by ISIMBI EstellaMegan Thee Stallion yemeje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we, Klay Thompson, nyuma y’igihe bari mu munyenga w’urukundo, amushinja ubuhemu no kumuca inyuma.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu
19 February, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 09-13 Gashyantare 2026 byinjije arenga miliyoni 13$, ni ukuvuga arenga miliyari 19 Frw.
-
Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUmukobwa wiga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Rwikiniro, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Gatsibo, yakoze ikizamini cya Literature in English, abonye ko ibyo yabajijwe atabizi bishobora no gutuma abona zeru, aracyiba ajya kukijugunya mu bwiherero.
-
Amb. Dushimimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Estonia
4 March, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi Dushimimana Lambert yashyikirije Perezida wa Estonia, Alar Karis impapuro zimwemerera guhagararira inyungu z’u Rwanda muri iki gihugu.
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal yageze muri ½ cya Champions League
16 April, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yashimishijwe n’intambwe Arsenal FC ifitanye ubufatanye n’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda yateye yo kugera muri ½ cya UEFA Champions League, ayifuriza kuzakomeza no mu cyiciro gikurikira.
-
Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu
11 March, by ISIMBI EstellaIvanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.
-
Undi Musirikare Mukuru ari mu bakurikiranwe muri Dosiye y’Ibirombe!
24 May 2025, by Joseph IradukundaAmabuye y’Agaciro akomeje gufungisha abafite aho bahuriye nayo!
-
U Rwanda rwitabiriye isuzuma rya PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’Uburezi
11 March, by ISIMBI EstellaMu rwego rwo kurushaho kunoza ireme ry’uburezi no gufata ibyemezo bishingiye ku makuru afatika, u Rwanda rwinjiye ku nshuro ya mbere mu isuzuma mpuzamahanga rya Porogaramu Mpuzamahanga y’Isuzumabumenyi ry’Abanyeshuri (PISA). Iri suzuma ritegurwa n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubukungu, Ubufatanye n’Iterambere (OECD), rikaba rikorwa ku banyeshuri bafite imyaka 15, hagamijwe kureba uko bashobora gukoresha ubumenyi bafite mu gusoma, imibare na siyansi mu gukemura ibibazo byo mu buzima busanzwe.
Umuryango.rw
Ituri: Abashinwa 11 n’Abanyekongo 3 batawe muri yombi
NYIRANTIBIZERWA Virgine yasabye guhindura amazina akitwa UMUHIRE Virginie
Megan Thee Stallion yatandukanye na Klay Thompson
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu
Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru
Amb. Dushimimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Estonia
Perezida Kagame yashimye Arsenal yageze muri ½ cya Champions League
Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu
Undi Musirikare Mukuru ari mu bakurikiranwe muri Dosiye y’Ibirombe!
U Rwanda rwitabiriye isuzuma rya PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’Uburezi