Ko atari ubwa mbere biteje ibibazo, kuki inshuro byagiye biba mbere bitasize isomo?
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
INAMA Y’UMUTEKANO(EP14): Abagore batera ibibazo cyangwa bakirukanisha Abayobozi!
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida wa Sénégal agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda
10 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal arateganya kugirira mu Rwanda uruzinduko rw’akazi ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
24 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KAGAME K.FESTO ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
DORE MPAMVU ZISHOBORA GUTERA KUGABANUKA KW’AMASOHORO KU MUGABO BIGATERA INTANGA NGABO KUGENDA GAKE CYANGWA KUBA ARI IBIHUHWE ( ZIDAFITE UBUZIMA)?
28 April 2025, by UbwanditsiAmasohoro agaragara igihe umusore ageze mu gihe cy’ubugimbi atangiye kwiroteraho. Kuva icyo gihe kugeza ashaje, iyo nta bundi burwayi bikomeza kumubaho, inshuro zitandukanye gusa muri rusange ntiharenga ukwezi utiroteyeho.
-
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko abatuye mu manegeka bari kwimurwa kubera imvura
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, by’umwihariko haherewe ku bakomeje kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu.
-
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
19 September 2019, by UbwanditsiLeffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi bayo.
-
Min w’intebe Dr Ngirente yagaragaje inkingi 3 zigize gahunda ya Guverinoma
26 September 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa kabiri yagaragarije abagize inteko ishingamategeko inkingi 3 zigize gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7 zirimo ubukungu, imibereho myiza y’abaturage n’imiyoborere myiza. Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yagaragaje imirongo migari ya gahunda guverinoma ifite mu gihe cy’imyaka 7 kuva mu 2017 kugeza mu 2024.
Mu bikorwa bizibandwaho mu nkingi ijyanye n’Ubukungu avuga ko hazubakwa imihanda yihariye izanyurwamo n’imodoka (…) -
Rutsiro: Umusore w’imyaka 29 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 29 wo mu Murenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine.
-
U Rwanda ruzohereza mu isanzure icyogajuru kizafasha mu ubuhinzi
12 October 2024, by Joseph IradukundaMu Rwanda hari kubakwa icyogajuru kizwi nka ‘Hyperspectral 6U CubeSat’. Iki ni icyogajuru gitandukanye n’ibisanzwe kuko kizaba gifite ubushobozi bwo gufata amashusho mu mabara yose hifashishijwe ’sensors’, bitandukanye n’ibyari bimenyerewe bifata amashusho mu mabara atatu gusa.
Umuryango.rw
INAMA Y’UMUTEKANO(EP14): Abagore batera ibibazo cyangwa bakirukanisha Abayobozi!
Perezida wa Sénégal agiye kugirira uruzinduko mu Rwanda
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
DORE MPAMVU ZISHOBORA GUTERA KUGABANUKA KW’AMASOHORO KU MUGABO BIGATERA INTANGA NGABO KUGENDA GAKE CYANGWA KUBA ARI IBIHUHWE ( ZIDAFITE UBUZIMA)?
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko abatuye mu manegeka bari kwimurwa kubera imvura
Rutsiro: Umusore w’imyaka 29 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine
U Rwanda ruzohereza mu isanzure icyogajuru kizafasha mu ubuhinzi