Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru Tariki ya 05 Mata 2020 nibwo Ibiro bya Minisitiri w’Intebe,byashyize hanze itangazo rivuga ko Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara w’ukwezi kwa Mata, bawugenera gahunda yo gufasha abatishoboye bagizweho ingaruka n’ingamba zikarishye zo kuguma mu rugo, zafashwe mu guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Menya ingano y’umushahara abagize guverinoma bigomwe kugira ngo bafashe abatishoboye mu bihe bya Coronavirus
6 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Nigeria: Abapolisi bane birukanwe burundu bazira uruhare mu rupfu rw’abacuruzi barindwi
6 March, by ISIMBI EstellaPolisi ya Nigeria ikorera mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yirukanye ku kazi burundu abapolisi bane nyuma yo gukekwaho uruhare mu rupfu rw’abacuruzi barindwi biciwe mu gace ka Owode Onirin.
-
Ibikorwa by’ingabo za Amerika birimo no gufata Maduro byatwaye hafi miliyari 3$
17 February, by Angeline MUKANGENZIIbikorwa byo kohereza ingabo za Amerika mu mazi yo ku nkengero za Venezuela n’ubu zikiriyo, ndetse no gufata Nicolas Maduro, byatwaye hafi miliyari 3$.
-
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
11 March 2020, by UbwanditsiKTN Rwanda LTD, Sosiyete isanzwe ifasha abantu kugurisha imitungo yabo ibashakira abaguzi iratangariza abantu ko iba ifite ibibanza byiza ahantu hanyuranye, haba muri Kigali, mu Bugesera ndetse n’ahandi kandi ku biciro byiza .
-
FDLR yasajije imigeri yandikira Perezida Donald Trump ivuga ku masezerano y’amahoro ya Washington
7 July 2025, by Joseph IradukundaMu byo DR Congo n’u Rwanda byumvikanye mu masezerano y’amahoro ya Washington harimo kurandura umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali, uyu mutwe watangaje ko kuwusenya "ntibizakemura ikibazo".
-
Botswana yahakanye gucumbikira ikigo cya gisirikare cya Amerika
17 March, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Botswana yatangaje ko nta kigo cy’ingabo za Amerika kiri muri Thebephatshwa ahubwo ikigo gihari ari icy’ingabo z’igihugu zirwanira mu kirere.
-
Umushinjacyaha Mukuru wa Girikare Col. Sumanyi yarahiriye kuzuza inshingano ze
19 February, by Angeline MUKANGENZICol Charles Sumanyi uherutse kugirwa Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yarahiriye kuzuza inshingano ze nk’uko ziteganywa n’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda
-
Reba La Liga kuri Startimes-Barcelona igiye gusogongera bwa mbere kuri La Liga 2020/2021
24 September 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’ibyumweru 2 andi makipe akina,Barcelona, Atlético Madrid na Sevilla nibwo yo agiye kwinjira mu muhigo wo gushaka LaLiga 2020/21.
-
Agakingirizo kagiye kugura umugabo gasibe undi
22 April, by ISIMBI EstellaUruganda rukomeye ku isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kuzamura ibiciro by’udukingirizo kubera ihangana riri hagati ya Iran na Amerika ifatanyije na Israel. Udukingirizo tugiye kuzamuka ku kigero kiri hagati ya 20% cyangwa 30 %.
-
Bobi Wine yatangaje ko umugore we n’abana bahunze Uganda
19 February, by Angeline MUKANGENZIUmukuru w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda yatangaje ko “byabaye ngombwa ko umugore we n’abana bahunga igihugu” kubera ubugizi bwa nabi bakorerwaga n’inzego z’umutekano mu gushakisha uyu mugabo uri mu bwihisho.
Umuryango.rw
Nigeria: Abapolisi bane birukanwe burundu bazira uruhare mu rupfu rw’abacuruzi barindwi
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
FDLR yasajije imigeri yandikira Perezida Donald Trump ivuga ku masezerano y’amahoro ya Washington
Botswana yahakanye gucumbikira ikigo cya gisirikare cya Amerika
Umushinjacyaha Mukuru wa Girikare Col. Sumanyi yarahiriye kuzuza inshingano ze
Reba La Liga kuri Startimes-Barcelona igiye gusogongera bwa mbere kuri La Liga 2020/2021
Agakingirizo kagiye kugura umugabo gasibe undi