Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wigambye kwivugana abasirikare babarirwa muri 20 barimo ab’u Burundi na FDLR bamaze iminsi barwanira na yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RED-Tabara yigambye guhitana ingabo z’uburundi 20
25 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Lamine Yamal akomeje kwiharira imitwe y’ibinyamakuru kubera uduhigo
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje gushakisha abazasimbura Lionel Messi na Cristiano Ronaldo, ikipe ya FC Barcelona isa nk’iyabonye igisubizo ku musore muto w’imyaka 17, Lamine Yamal.
-
Perezida Paul Kagame yahishuye uburyo ibibazo by’imibanire hagati y’u Rwanda na Uganda atari ibya vuba aha
4 February 2021, by Martin MunezeroPerezida w’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abantu badakwiriye kugira ngo ibibazo by’imibanire hagati y’ u Rwanda na Uganda ni ibya vuba aha, kuko ngo byari bimaze igihe ahubwo bidashyirwa hanze ngo abantu bamenye ko biriho.
-
RDC: Abaturage bamaganye MONUSCO kugeza ubwo batwika imodoka yayo
25 July 2022, by Dusingizimana RemyImyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kwamagana u Rwanda, ubu abaturage badukiriye Monusco, bavuga ko ntacyo ibamariye kuva yagera muri icyo gihugu.
Uyu munsi nibwo habaye iyi myigaragambyo yateguwe n’urubyiruko rw’Ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi.
Kuwa 20 Nyakanga 2022, nibwo uru rubyiruko rwari rwandikiye umuyobozi w’umujyi wa Goma, CSP Kabeya Makossa Francois bamusaba kubaha uburenganzira bwo gukoresha imihanda mu mujyi wa (…) -
Uganda: Abagera muri 60 ni bo batawe muri yombi bagerageza kwigaragambya
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kabiri cyataye muri yombi abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na leta, basaba ko perezidante wayo, Anita Among yegura.
-
APR FC inganyije na Gorilla FC mu mukino yakozemo ikosa rishobora kuyiteresha mpaga
3 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya APR FC ishobora guterwa mpaga ku mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona wayihuje na Gorilla FC kuri iki Cyumweru bakanganya 0-0 nyuma yo gushyira mu kibuga abakinnyi barindwi b’Abanyamahanga icyarimwe kandi bitemewe.
-
Umukristu wo mu Rwanda yizera ko Kardinali w’Umunyarwanda yatungurana akaba Papa
8 May 2025, by Joseph IradukundaNyuma ya misa ya mu gitondo kuri uyu wa kane kuri Bazilika nto ya Kabgayi mu Rwanda bamwe mu bakristu gatolika bambwiye ko bizeye ko Papa mushya yaba Umunyafurika, kandi bishobora gutungarana akaba Umunyarwanda. Itora ry’umusimbura wa Papa Francis rirakomeza uyu munsi i Vatican.
-
Uwarokotse Jenoside amaze imyaka irenga 14 arera abana b’abafungiwe ibyaha bya Jenoside
7 April 2025, by ISIMBI EstellaJean Bosco Nkurikiyinka warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amaze imyaka irenga 14 arera abana batatu b’abakoze Jenoside, nk’ikimenyetso cy’ubumwe n’ubwiyunge.
-
Abana basaga 300 bari kumwe na ba Nyina mu Magororero
19 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) , yagaragaje ko kugeza ubu habarurwa abagore bafite abana bagera kuri 328 bari mu magororero ya Nyarugenge, Nyamagabe,Musanze na Ngoma.
-
Urufunguzo rwo kugarura amahoro ruri kuri Congo-Min. Nduhungirehe
29 January 2025, by Pacifique NKURUNZIZAMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanaga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ari yo ifite urufunguzo rwo kugarura umutekano mu Karere.
Umuryango.rw
RED-Tabara yigambye guhitana ingabo z’uburundi 20
Lamine Yamal akomeje kwiharira imitwe y’ibinyamakuru kubera uduhigo
RDC: Abaturage bamaganye MONUSCO kugeza ubwo batwika imodoka yayo
Uganda: Abagera muri 60 ni bo batawe muri yombi bagerageza kwigaragambya
APR FC inganyije na Gorilla FC mu mukino yakozemo ikosa rishobora kuyiteresha mpaga
Umukristu wo mu Rwanda yizera ko Kardinali w’Umunyarwanda yatungurana akaba Papa
Uwarokotse Jenoside amaze imyaka irenga 14 arera abana b’abafungiwe ibyaha bya Jenoside
Abana basaga 300 bari kumwe na ba Nyina mu Magororero
Urufunguzo rwo kugarura amahoro ruri kuri Congo-Min. Nduhungirehe