Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangije ingendo zerekeza ku Kirwa cya Zanzibar muri Tanzania aho yahagurukanye abagenzi 109 barimo n’abakomereza i Mombasa muri Kenya, ikaba yasubukuyeyo ingendo yari isanzwe ihakorera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RwandAir yatangije ingendo muri Zanzibar
1 December 2025, by ISIMBI Estella -
Amajyaruguru: Ingamba zafatiwe amashu, karoti n’ibitunguru bibura isoko
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yasobanuye ingamba zashyizweho zitweho gufasha abahinga imboga zikangirika kubera kubura isoko.
-
Ruhango: Umuturage yapfuye ari gukora umuganda
25 April, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 45 witwaga Nyandwi Emmanuel, wari mu muganda wo gusenya amashuri ashaje mu Rwunge rw’Amashuri rwa Mwendo (R) mu Karere ka Ruhango, yagwiriwe n’igikuta arapfa.
-
Tennis: Aryna Sabalenka ntazakina amwe mu marushanwa ya 2026
8 January, by ISIMBI EstellaNimero ya mbere ku Isi muri Tennis y’abagore, Aryna Sabalenka, yatangaje ko amarushanwa menshi ateganyijwe mu 2026 atazayakina kugira ngo arengere ubuzima bwe.
-
Kapiteni wa Manchester City yasezeye ku mugaragaro iyi kipe
16 April, by ISIMBI EstellaUmunya-Portugal akaba na kapiteni wa Manchester City, Bernardo Silva, yatangaje ko azava muri iyi kipe igihe amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, ariko ashimangira ko azakomeza kuba umufana wayo ubuzima bwe bwose.
-
DJ Toxxyk yerekeje I Mageragere
21 January, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko DJ Toxxyk afungirwa mu igororero rya Nyarugenge riri I Mageragere mu minsi 30 y’agateganyo bitewe nuko hari impamvu zifatika zimushinja ibyaha bitatu. Icyakora nta mpamvu zihari zimushinja icyaha cyo kwanga gupimwa hakoreshejwe ibyuma bipima ko wanyoye ibisindisha.
-
Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka
30 September 2024, by Joseph IradukundaHari umukobwa tujya tuganira kuri byinshi, yigeze kumbwira ko adashobora gukundana n’umusore banganya imyaka cyangwa umusore utamurusha imyaka irenze itanu nabwo ibaye mike.
Kenshi iyo umukobwa avuze icyo yifuza ku musore yifuza ko bakundana, mu byo benshi bavuga ntihaburamo imyaka, abenshi bifuza gukundana n’abasore cyangwa abagabo babarusha imyaka myinshi.
Usanga ari nk’ikintu kiri muri kamere y’abakobwa, nabyibajijeho cyane kuko n’abahungu bakunda kubiganiraho no kubibaza. Nabajije (…) -
Perezida wa FERWAFA yahaye ubutumwa bwihariye Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka
13 April, by ISIMBI EstellaPerezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yatangaje ko Kwibuka ari inshingano z’abanyarwanda kuko umuryango utibuka urazima.
-
Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame
3 March, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 (ARC), Gen. Sultani Makenga, yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi havugwa ibihuha bitandukanye ku buzima bwe.
-
NYIRAKIMONYO MWAKUNZE MURI FILIME UYU MUNSI YABAYE UMUBYEYI MUKURU.
8 February 2025, by ISIMBI EstellaGuhera kuri filime nka Ntawumenya Aho bwira ageze , haranira kubaho , Zirara Zishya , ndetse n’izindi nyinshi izina Nyirakimonyo riri mu yamenyekanye cyane ndetse abantu benshi baramukunda bitewe n’uburyo yakinaga. umubyeyi w’impuhwe n’ubupfura bwinshi ariko hejuru yibyo byose yuje inama zirimo ubwenge bwinshi. ariko se nyuma y’imyaka hafi 21 uyu mubyeyi ashimishije uruhumbirajana rwa bakunda cinema nyarwanda ubu uyu munsi amezate? ese ahugiye muyihe mirimo? murakaza neza mwiyi nkuru.
Umuryango.rw
RwandAir yatangije ingendo muri Zanzibar
Amajyaruguru: Ingamba zafatiwe amashu, karoti n’ibitunguru bibura isoko
Ruhango: Umuturage yapfuye ari gukora umuganda
Tennis: Aryna Sabalenka ntazakina amwe mu marushanwa ya 2026
Kapiteni wa Manchester City yasezeye ku mugaragaro iyi kipe
DJ Toxxyk yerekeje I Mageragere
Menya zimwe mu mpamvu zikururira abakobwa gukundana n’abagabo babarusha imyaka
Perezida wa FERWAFA yahaye ubutumwa bwihariye Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka
Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame
NYIRAKIMONYO MWAKUNZE MURI FILIME UYU MUNSI YABAYE UMUBYEYI MUKURU.