Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
ESP Launches Zero-Interest Loan Program to Support African SMEs in a COVID-19 Economy
24 August 2020, by Ubwanditsi
The program will support 300 high-performing entrepreneurs with up to 150,000 USD each in zero-interest loans, and will provide technical support to spur Africa’s economic recovery.
Entrepreneurial Solutions Partners (ESP), in partnership with the U.S. African Development Foundation (USADF) and close collaboration with Ecobank and other financial institutions, has launched the African Resilience Initiative for Entrepreneurs (ARIE) - a pan-african initiative to provide financial and technical assistance to 300 entrepreneurs (approximately 70% of whom will be women-owned) impacted by COVID-19.
-
Imbere ya Tshisekedi, Trump yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo muri RDC
5 February, by Angeline MUKANGENZI
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasubiyemo ko yahagaritse intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’izindi zo mu bihugu birindwi.
-
Buzaba butuje kandi bworoheje – Blanco avuga ku bukwe bwe na Selena Gomez
10 July 2025, by ISIMBI Estella
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo w’Umunyamerika, Benny Blanco, yahishuye uko yiteguye ubukwe bwe n’umukunzi we, Selena Gomez, avuga ko buzaba bworoshye, butuje ariko bushimishije.
-
‘Opposition’ yo mu Rwanda si ukurwana cyangwa kwangiza ibyo abantu bagezeho -Dr. Frank Habineza
13 April, by ISIMBI Estella
Senateri Dr. Frank Habineza akaba n’Umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda yagaragaje ko mu gihugu hari imitwe ya politiki inyuranye kandi ifite ibitekerezo byigenga igenderaho ndetse ko kutavuga rumwe kwayo atari imirwano cyangwa kwangiza ibimaze kugerwaho mu myaka 32 ishize.
-
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
23 October 2025
Umuhesha w’inkiko w’umwuga ME NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka KAMONYI
Soma itangazo rirambuye…
-
Goma yatangiye guhabwa internet ya ‘fibre optique’ inyura muri Kenya, Uganda n’u Rwanda
10 February, by ISIMBI Estella
Ikigo gitanga serivisi za internet mu bice binyuranye bya Afurika, Paratus Group, cyatangaje ko cyatangije umuyoboro wa internet yihuta [fibre optique] uva mu mujyi wa Mombasa ukagera i Goma, Uganda no mu Rwanda.
-
Diane Rwigara na nyina batangiye kuburanishwa mu mizi
24 July 2018, by Nsanzimana Ernest
Kuri uyu wa 24 Nyakanga, Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza.
-
Papa Léon XIV agiye kumara iminsi 10 muri Afurika
25 February, by Angeline MUKANGENZI
Papa Léon XIV agiye gusura ibihugu bya Afurika, ibizaba ari urugendo rwa mbere akoreye ku kindi gihugu mu 2026, by’umwihariko kuri uyu mugabane Kiliziya Gatolika ikomeje kungukaho abayoboke.
-
Ibivugwa nyuma yuko hasakaye ifoto y’Umusirikare wa Israel amenagura ishusho ya Yezu akoresheje kinubi
20 April, by ISHIMWE Jean de Dieu
Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangiye gukora iperereza ku musirikare wacyo wagaragaye mu ifoto yasakaye akubita ishusho ya Yezu mu Gihugu cya Lebanon bikazamura impaka ndende, kikavuga ko na cyo byakibabaje, ndetse kikizeza ko azafatirwa ingamba zikarishye.
-
Sobanukirwa ibyiza bidasanzwe byo kurya umwembe
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu
Umwembe ni urubuto ruzwiho kugira intungamubiri nyinshi ndetse n’akamaro kanini ku buzima bwa muntu. Kurya umwembe bifite ibyiza byinshi k’ubuzima ndetse n’uburyohe bwawo butuma benshi bawishimira. Dore bimwe mu byiza byo kurya umwembe:
1. Kurinda indwara ziterwa na mikorobi: Umwembe urimo vitamini C nyinshi, izwiho kongera ubudahangarwa bw’umubiri. Vitamini C ifasha mu kurinda umubiri indwara ziterwa na mikorobi, ikanarinda ibibazo by’ubuzima bikomoka ku gutakaza ubudahangarwa.
2. (…)