Me Nshimiyimana Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iherereye mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba
Soma itangazo rirambuye aho hasi.....
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
23 January 2025, by Ubwanditsi -
Umutoza mushya wa RAYON SPORTS Robertinho ,yamaze kugera mu Rwanda, bamwe mubafana bamwakirana ibyishimo (Amafoto)
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTariki ya 22 Nyakanga ubwo ubuyobozi bwa Rayon sports bwatangazaga kumugaragaro gahunda y’icyumweru cyiswe Rayon week ,banatangaje umutoza Robertinho ko ariwe uzafasha iyi kipe mu mwaka w’imikino 2024-2025. Uyu mutoza w’imyaka 64, yageze i Kigali mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nyakanga, yakirwa n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben ndetse na Muhawenimana Claude uyobora abafana. Hari kandi bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports baribaje kwakira uyu mutoza uheruka kubaha (…)
-
Latvia: Abagore bagiye gutegekwa kujya mu gisirikare
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ingabo muri Latvia yatangaje ko hari kwigwa uburyo bitarenze mu 2028 abagore batangira gutegekwa kujya mu gisirikare hagamijwe kongera umubare w’ingabo zahangana n’u Burusiya mu gihe bwaba bushoje intambara ku Burayi.
-
Itangazo rya cyamunara y’imutungo itimukanwa
8 January, by ISIMBI EstellaUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’imutungo itimukanwa ya KAMUGUNDU JEAN na SINARI JEAN MARI
-
Uruganda rwa Chery rufite imodoka zikuzwe i Kigali rwaciye agahigo mu 2025
15 February, by Angeline MUKANGENZIMu 2025, uruganda rwa Chery rwagurishije imodoka zo mu cyiciro cya SUV zigera kuri 2.315.275, bituma ruba urwa mbere ruyoboye izindi z’Abashinwa mu kugurisha imodoka nyinshi zo muri iki cyiciro ku Isi.
-
Burya ’Mu minota itatu amaze kurohama umuntu aba apfuye’ –inzobere mu koga
25 July 2025, by Joseph Iradukunda"Yabyutse mu gitondo agiye kuroba nk’uko bisanzwe, imvura yari yiriwe igwa, bigeze nko mu ma saa tanu nibwo batubwiye ko yarohamye agapfa"
-
Perezida Macron yasabye Trump gukuraho ibihano yafatiye abayobozi b’i Burayi
23 February, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yasabye mugenzi uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, gukuraho ibihano yafatiye abayobozi batandukanye b’i Burayi barimo uwahoze ari Komiseri wa EU, Thierry Breton n’Umucamanza Nicolas Guillou w’Urikiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC).
-
I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry’ igorofa
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestKarembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by’ iterambere birimo imihanda n’ inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (…) -
Amerika ivugwaho gushaka gukoresha Aba-Kurdes barwanya Leta ya Iran
5 March, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika ziravugwaho umugambi wo gukoresha imitwe yitwaje intwaro y’Aba-Kurdes mu rugamba rwo ku butaka muri Iran, ibishobora gutuma intambara ihanganishije impande zombi ihindura isura nyuma y’iminsi zohererezanya misile.
-
Lamine Yamal akomeje kwiharira imitwe y’ibinyamakuru kubera uduhigo
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje gushakisha abazasimbura Lionel Messi na Cristiano Ronaldo, ikipe ya FC Barcelona isa nk’iyabonye igisubizo ku musore muto w’imyaka 17, Lamine Yamal.
Umuryango.rw
Umutoza mushya wa RAYON SPORTS Robertinho ,yamaze kugera mu Rwanda, bamwe mubafana bamwakirana ibyishimo (Amafoto)
Latvia: Abagore bagiye gutegekwa kujya mu gisirikare
Itangazo rya cyamunara y’imutungo itimukanwa
Uruganda rwa Chery rufite imodoka zikuzwe i Kigali rwaciye agahigo mu 2025
Burya ’Mu minota itatu amaze kurohama umuntu aba apfuye’ –inzobere mu koga
Perezida Macron yasabye Trump gukuraho ibihano yafatiye abayobozi b’i Burayi
Amerika ivugwaho gushaka gukoresha Aba-Kurdes barwanya Leta ya Iran
Lamine Yamal akomeje kwiharira imitwe y’ibinyamakuru kubera uduhigo