Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, Ingabo za Sudani zirukanye ingabo bahanganye za Rapid Support Force mu bice hafi ya byose by’Umurwa Mukuru birimo Khartoum rwagati, nk’uko byemejwe n’abaturage, ubwo Umuyobozi w’ingabo yazengurukaga ingoro ya perezida ndetse n’ikibuga cy’indege, ibyo bikaba byerekana intsinzi ikomeye ku gisirikare cy’igihugu nubwo intambara yagutse bikigaragara ko itararangira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igisirikare cya Sudani kirukanye RSF mu bice hafi ya byose bya Khartoum
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Nyuma yo kurandura FDLR, u Rwanda ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahanga muri Politiki mpuzamahanga bakomeje kugaragaza uburyo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zateye intambwe yagaragaraga nk’idashoboka zifasha u Rwanda na Repubulika Iharanira Demoakarasi ya Congo (RDC) gushyira umukono ku masezerano y’amahoro.
-
Rutsiro: Uwarimu arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 9
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwarimu w’imyaka 36 usanzwe yigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Rugamba, ruherereye mu Karere ka Rutsiro, arahigishwa uruhindu nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 9 agahita atoroka.
-
Intandaro y’uburezi bw’u Rwanda yo kuba umusingi w’iterambere
8 February, by Angeline MUKANGENZIMu myaka 32 ishize, uburezi mu Rwanda bwagaragaje impinduka mu buryo bufatika, ku buryo kubona umuntu warangije amashuri yisumbuye cyangwa kaminuza bitakiri igitangaza mu byaro no mu mijyi, ndetse umubare munini w’Abanyarwanda ukaba ukomeje gutanga umusanzu ushingiye ku bumenyi mu ruhando mpuzamahanga.
-
Minisitiri Nduhungirehe agiye kugirana ibiganiro na Perezida wa Tchad
16 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, ari mu ruzinduko rw’akazi i Ndjamena muri Tchad kuva ku wa 15 Nyakanga 2025 aho biteganyijwe ko anakirwa na Perezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idris Déby Itno.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
31 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa
-
Rusizi: Yaramaze imyaka 2 mu gihome azira ubujura none yafatanwe televiziyo y’umuturage
10 November 2024, by Joseph IradukundaNiyongabo Valens w’imyaka 20 wo mu Murenge wa Gikundamvura, Akarere ka Rusizi wari utaranamara ukwezi afunguriwe ubujura bwatumye akatirwa igifungo cy’imyaka 2, yongeye gufatanwa televiziyo igezweho akekwaho kwiba mu nzu y’umuturage.
-
U Bwongereza n’u Bufaransa byemeye kohereza ingabo muri Ukraine
7 January, by ISIMBI EstellaU Bwongereza n’u Bufaransa byashyize umukono ku nyandiko igamije kwemeza kohereza ingabo muri Ukraine mu gihe amasezerano y’amahoro n’u Burusiya yaba agezweho.
-
Umunsi wa Gatanu w’intambara ya Israel na Iran: Amakuru agezweho
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara hagati ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa gatanu impande zombi zisukanaho ibisasu ubutaruhuka. Israel yavuze ko ibitero yagabye i Tehran byahitanye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran, Ali Shadmani wari umaze iminsi ine gusa ashyizweho.
-
U Rwanda rugiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara
2 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubuzima yagaragaje intambwe yatewe mu rwego rw’ubuvuzi, ubu mu Rwanda hakaba habarurwa Ibigo Nderabuzima birenga 500 n’ibitaro birenga 50. Kuri ubu, ngo mu Rwanda hagiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza hirya no hino mu Ntara.
Umuryango.rw
Igisirikare cya Sudani kirukanye RSF mu bice hafi ya byose bya Khartoum
Nyuma yo kurandura FDLR, u Rwanda ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi
Rutsiro: Uwarimu arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 9
Intandaro y’uburezi bw’u Rwanda yo kuba umusingi w’iterambere
Minisitiri Nduhungirehe agiye kugirana ibiganiro na Perezida wa Tchad
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Rusizi: Yaramaze imyaka 2 mu gihome azira ubujura none yafatanwe televiziyo y’umuturage
U Bwongereza n’u Bufaransa byemeye kohereza ingabo muri Ukraine
Umunsi wa Gatanu w’intambara ya Israel na Iran: Amakuru agezweho
U Rwanda rugiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara