Abantu bane mu Turere twa Nyagatare na Kayonza, baririye ubunani muri kasho za Polisi nyuma yo kubafatana inzoga itemewe ya kanyanga ingana na litiro 1,250.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bane bo mu turere tw’Uburasirazuba bafatanywe Kanyanga yakuzura ikigega
2 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Itangazo: KAMBANDA Julienne yasabye guhindura amazina akitwa NZASANGA KAMBANDA Julienne
23 September 2024, by UbwanditsiUwitwa KAMBANDA Julienne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NZASANGA KAMBANDA Julienne mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba ari ukugira amazina ari mu byangombwa -
Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko mu ijoro ryakeye habaye ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu gihe kitari gito, Minisiteri y’Ibikorwaremezo yiseguye ku banyarwanda bose avuga ko hari gushakwa umuti urambye w’iki kibazo ndetse anasobanura impamvu zabyo.
-
Ingabire Victoire yaburanye ahakana ibyaha aregwa
15 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha Ingabire Victoire Umuhoza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha 6 akurikiranyweho birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda. Ni ibyaha yatangiye aburana avuga ko atabyemera.
-
Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yitabiriye inama yiga ku mutekano w’Akarere i Luanda
23 April 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Sena y’u Rwanda. Dr Kalinda François Xavier n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye Inteko Rusange ya 15 y’Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere k’ibiyaga bigari (FP-ICGLR).
-
Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC
20 October 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abaibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro bihereye mu Ntara ya Kasai iri mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (DRC).
-
Dosiye y’Uwaguye Transit Center yinjiyemo abaganga
27 September 2024, by Joseph IradukundaAbaganga baje mu rukiko gusobanura raporo bakoze ku muntu waguye muri Transit Center bikekwa ko yishwe n’abantu batandukanye barimo abapolisi.
-
FLN yamushimuse ari umuturage usanzwe imwangisha u Rwanda no kururwanya
9 December 2024, by Joseph IradukundaKalimunda Jean Damascène azwi ku izina rya Niyomwungeri ukomoka mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba, yatwawe n’abo mu mutwe wa FLN mu 2018 ubwo bari binjiye ku butaka bw’u Rwanda.
-
Miss Irasubiza yakoreye ubukwe muri Amerika (Amafoto)
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIrasubiza Alliance, wamenyekanye cyane ubwo yegukanaga ikamba rya Miss Popularity mu irushanwa rya Miss Rwanda 2020, yakoze ubukwe mu birori byabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza ku kibazo cy’amasezerano y’abimukira rwahawe itariki
27 February, by Angeline MUKANGENZIUrubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza kutubahiriza amasezerano y’imikoranire impande zombi zari zifitanye ku bijyanye n’abimukira ruzatangira kuburanishwa ku wa 18 Werurwe 2026.
Umuryango.rw
Bane bo mu turere tw’Uburasirazuba bafatanywe Kanyanga yakuzura ikigega
Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi
Ingabire Victoire yaburanye ahakana ibyaha aregwa
Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yitabiriye inama yiga ku mutekano w’Akarere i Luanda
Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC
Dosiye y’Uwaguye Transit Center yinjiyemo abaganga
FLN yamushimuse ari umuturage usanzwe imwangisha u Rwanda no kururwanya
Miss Irasubiza yakoreye ubukwe muri Amerika (Amafoto)
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza ku kibazo cy’amasezerano y’abimukira rwahawe itariki