Mu minsi yo hambere wabyumvaga mu nkuru zihwihwiswa gusa kwemera ko bishoboka bikaba ingorabahizi, byagera muri Afurika ho bikagorana kurushaho kuko uyu mugabane wahoze uzwiho kubungabunga ibyawo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Byinshi kuri ‘Brazilian Butt Lift’, uburyo burimbisha ikibuno bwahuruje Abanyafurika
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Lutundula wa RDC yongeye kumvikana yemeza ko nta FDLR ikiri mu gihugu cye
31 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR basigaye mu gihugu cyabo.
-
Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu
11 March, by ISIMBI EstellaIvanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.
-
Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashoramari barimo Bill Gates, batangije ikigega kirimo hafi miliyoni 500$, azakoreshwa mu kwita ku bagore babyara n’abana bavuka, hagamijwe gukumira ingaruka zishobora kugera muri uru rwego bitewe no guhagarika inkunga kwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika
-
"Turifuza kubona Perezida avuyeho ntawe umwishe cyangwa umufunze"-Hon.Habineza
13 July 2022, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Habineza Frank aratangaza ko agifite inyota yo kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ndetse ko kuba Perezida Kagame yakwiyamamaza mu myaka 20 iri imbere nkuko yabivuze byaba ari ikibazo.
Mu kiganiro yagiranye na UKWEZI TV,Hon. Habineza yavuze ko hakenewe ko mu Rwanda Perezida ava ku butegetsi ntawe umwishe cyangwa umufunze bitewe no kuguma ku butegetsi.
Yagize ati "Dufite inyota yo kubona perezida avuyeho akaba (…) -
Abagore miliyoni 830 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abo bashakanye
20 November 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryagaragaje ko abagore barenga miliyoni 830 ku Isi, bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abo bashakanye nibura inshuro imwe mu buzima bwabo.
-
Burkina Faso, Mali na Niger byavuye muri ICC
23 September 2025, by ISIMBI EstellaBurkina Faso, Mali na Niger byatangaje ko byikuye mu bihugu byemera Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), birushinja kuba igikoresho cyifashishwa n’amahanga mu bukoloni bushya.
-
Umugore wa Bobi Wine yasubije Gen Muhoozi ushaka udusabo tw’intanga tw’umugabo we
21 January, by Angeline MUKANGENZIUmugore w’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Barbara Itungo, ntiyumva uburyo Umugaba Mukuru w’ingabo z’igihugu akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, ashaka gukata udusabo tw’intanga tw’umugabo we.
-
Tanzania yemeje ko abasirikare bayo babiri baheruka kwicirwa muri RDC
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Tanzania cyatangaje ko giheruka gupfusha abasirikare babiri abandi bane bagakomereka, mu ntambara iheruka guhuza Umutwe wa M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bifatanya irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’Abacanshuro ndetse n’iza SADC.
-
Ngoma: Abayobozi batatu bavugwagaho gutanga serivisi mbi basezeye mu kazi
14 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi batatu bo mu Karere ka Ngoma bavugwaho gutanga serivisi mbi ku baturage banditse basezera mu kazi ku mpamvu zabo bwite, ubuyobozi bw’Akarere busaba abasigaye kwirinda gusiragiza abaturage kuko bidindiza iterambere.
Umuryango.rw
Byinshi kuri ‘Brazilian Butt Lift’, uburyo burimbisha ikibuno bwahuruje Abanyafurika
Lutundula wa RDC yongeye kumvikana yemeza ko nta FDLR ikiri mu gihugu cye
Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu
Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda
"Turifuza kubona Perezida avuyeho ntawe umwishe cyangwa umufunze"-Hon.Habineza
Abagore miliyoni 830 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abo bashakanye
Burkina Faso, Mali na Niger byavuye muri ICC
Umugore wa Bobi Wine yasubije Gen Muhoozi ushaka udusabo tw’intanga tw’umugabo we
Tanzania yemeje ko abasirikare bayo babiri baheruka kwicirwa muri RDC
Ngoma: Abayobozi batatu bavugwagaho gutanga serivisi mbi basezeye mu kazi