Rukundo uzwi nka Kanyeshuri avuga ko yarokotse ari umwe mu muryango we w’abantu 20, kimwe n’abandi benshi ngo bakaba barishwe ubwo bari ku gasozi ka Kesho aho bari bahungiye banirwanaho, abari babagiriye impuhwe bakabagemurira ibiryo, bageze aho umwe abagemurira igiseke cyuzuye inzuki, zirabarya baratatana babona uko babica.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Babagemuriye inzuki ngo zibarye batatane. Ubuhamya bwa Rukundo
10 April 2025, by ISIMBI Estella -
Bruno Ferry wa Rayon Sports yatangiye gutekereza kuri APR FC
22 December 2025, by ISIMBI EstellaUmutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangiye gutekereza kuri APR FC kugira ngo azahangane na yo ku mukino wa Super Cup uteganyijwe mu kwezi gutaha.
-
Nyamasheke: Inzu n’igikoni byahiye bikongokana n’imyaka yo mu murima
23 September 2025, by ISIMBI EstellaDusabeyezu Callixte wo mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Mwezi, Umurenge wa Karengera, Akarere ka Nyamasheke asigaye iheruheru nyuma yo guhisha inzu yabanagamo n’umugore n’abana babo 2, hakanashya igikoni n’igice yakoreragamo ububaji n’ubudozi n’ibikoresho yakoreshaga byose bigakongoka, bigafata urutoki n’ibisheke n’indi myaka.
-
M23 na Wazalendo byongeye gukozanyaho
25 July 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye guhangana bikomeye na Wazalendo mu gace ka Luke muri teretwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Putin ashinja Uburengerazuba intambara ya Ukraine mu nama ya SCO iyobowe n’Ubushinwa
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Uburusiya arengera ubukangurambaga bwa gisirikare muri Ukraine, ashinja politiki ya NATO n’iburengerazuba.
-
Tanzaniya:Kumenwaho aside no gushimutwa, umuvuno ushinjwa Politiki ya Perezida Samia Suluhu
25 September 2024, by Joseph IradukundaInkubiri ya vuba aha yo gushimutwa, gutabwa muri yombi n’iyicwa mu bugome ry’umutegetsi wo mu ruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, isa nk’irimo gutuma urumuri rw’icyizere muri politike, cyari cyazanywe no kugera ku butegetsi kwa Perezida Samia Suluhu Hassan mu mwaka wa 2021, rukendera.
-
Huye: Hashyizweho impinduka mu mikoreshereze y’imihanda
17 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Huye bwashyizeho amabwiriza mashya agenga imikoreshereze y’imihanda mu Mujyi wa Huye, bijyanye n’ibirori byo gutanga impambabumenyi ku banyeshuri basaga 9500 barangije amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda.
-
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmusore w’imyaka 24 wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu Ishami ry’Ubuzima n’Ubuvuzi, Ishami rya Rwamagana, yajyanye na bagenzi be koga mu cyuzi gihangano cya Bugugu apfiramo.
-
Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
7 May 2025, by Joseph IradukundaNtazinda Erasme yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, ku isaha ya saa saba hafi n’iminota 40 azanwe n’imodoka ya RIB
-
Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga
2 July 2025, by ISIMBI EstellaImbuga (websites) zibarirwa muri za miliyoni – zirimo Associated Press, Sky News na Buzzfeed – ubu zizajya zibasha kubuza ’bots’ za ’artificial intelligence’(AI) zifatwa nka ’rusahuzi’ kugera ku makuru yazo zidahawe uburenganzira.
Umuryango.rw
Babagemuriye inzuki ngo zibarye batatane. Ubuhamya bwa Rukundo
Bruno Ferry wa Rayon Sports yatangiye gutekereza kuri APR FC
Nyamasheke: Inzu n’igikoni byahiye bikongokana n’imyaka yo mu murima
M23 na Wazalendo byongeye gukozanyaho
Putin ashinja Uburengerazuba intambara ya Ukraine mu nama ya SCO iyobowe n’Ubushinwa
Tanzaniya:Kumenwaho aside no gushimutwa, umuvuno ushinjwa Politiki ya Perezida Samia Suluhu
Huye: Hashyizweho impinduka mu mikoreshereze y’imihanda
Rwamagana: Umunyeshuri wigaga muri kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga