Lisa Cook uri mu bagize Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nkuru ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Perezida Donald Trump, amushinja kumwirukana binyuranyije n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika: Umukozi wirukanwe na Trump yamujyanye mu nkiko
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Zelensky yabwiye Abanya-Ukraine bifuza amatora ko bakwishakira ubundi bwenegihugu
17 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakuriye inzira ku murima abaturage be bari kugaragaza ko hagomba kuba amatora ya Perezida n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, ababwira ko ahubwo bakwishakira ubundi bwenegihugu.
-
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu (…) -
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League
6 October 2020, by Dusingizimana RemyUbwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa akomeye.
-
Cristiano Ronaldo mu bashenguwe n’urupfu rwa Diogo Jota
3 July 2025, by ISIMBI EstellaRutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo ari mu bashenguwe n’agahinda kubera urupfu rwa Diogo Jota bakomoka mu gihugu kimwe.
-
Gen. Muhoozi yashimangiye ko ashyigikiye Israel mu ntambara ya Iran
26 March, by ISIMBI EstellaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ari inyuma ya Israel mu ntambara iki gihugu kigiye kumara ukwezi gihanganyemo na Iran ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Agakiriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUmujyi wa Kigali watangaje ko ugiye kwimurira ibikorwa by’ububaji n’ibindi bigo byari bisanzwe bikorera mu Gakiriro ka Gisozi, mu cyanya cyahariwe inganda i Masoro (Special Economic Zone).
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO WIMUKANWA
13 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO WIMUKANWA
-
RIB yafunze umunyamakuru wiyitiriye umwunganizi mu mategeko
31 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru ukekwaho kwiyita umwunganizi mu mategeko agasaba umugore ufite umugabo ufunzwe amafaranga ngo azamwunganire mu mategeko.
-
Brazil: Imvura yateje inkangu yahitanye 25, abandi 45 baburirwa irengero
25 February, by ISIMBI EstellaAbasaga 25 bamaze gutangazwa ko bishwe n’inkangu abandi 43 baburirwa irengero muri Leta ya Minas Gerais muri Brazil, nyuma y’imvura nyinshi yaguye kuva ku wa Mbere kugera ku wa Kabiri ku ya 24 Gashyantare 2026.
Umuryango.rw
Amerika: Umukozi wirukanwe na Trump yamujyanye mu nkiko
Zelensky yabwiye Abanya-Ukraine bifuza amatora ko bakwishakira ubundi bwenegihugu
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League
Cristiano Ronaldo mu bashenguwe n’urupfu rwa Diogo Jota
Gen. Muhoozi yashimangiye ko ashyigikiye Israel mu ntambara ya Iran
Agakiriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO WIMUKANWA
RIB yafunze umunyamakuru wiyitiriye umwunganizi mu mategeko
Brazil: Imvura yateje inkangu yahitanye 25, abandi 45 baburirwa irengero