Urukundo rurakura cyangwa rugakomera mu gihe abarurimo babihaye agaciro, bagashyiramo imbaraga ndetse bagahuza umugambi mu guharanira kugera ku bintu bishya. Mu rukundo hari ibyo abantu bigomwa kugira ngo bigende neza kandi rurambe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Dore Inama zagufasha kubaka urukundo ruhamye
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Wa "Mugore" Perezida Kagame yababariye yari yarakatiwe imyaka 10 y’igifungo azira kumusebya
20 May 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi ngamba zafashwe kubera Covid-19, gushyiraho inzego zitandukanye n’abayobozi bashya ndetse imfungwa 51 zarimo umuntu umwe wibajijweho na benshi zababariwe na Perezida Kagame.
-
Ibiganiro bya Iran na Amerika bikomeje kuzamo akangononwa
25 April, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump, Steve Witkoff na Jared Kushner berekeje Islamabad muri Pakistan aho bagiye guhurira na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araqchi.
-
Ingabo z’utavuga rumwe na Perezida Salva Kiir zisubije umujyi wa Akobo
14 April, by Angeline MUKANGENZIUmujyi wa Akobo wo muri Sudani y’Epfo wongeye gufatwa n’ingabo zo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’ukwezi kumwe ugenzurwa n’ingabo za Leta.
-
Iran yateguye abasirikare miliyoni zirindwi bo kurwana n’Abanyamerika
3 April, by ISIMBI EstellaIran ikomeje ubukangurambaga bwo gushishikariza abaturage kwinjira mu gisirikare kugirango bazahangane n’Abanyamerika mu gihe bazaba batangije intambara yo ku butaka.
-
NAHIMANA Claudine yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Claudine
19 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa NAHIMANA Claudine yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWASE Claudine mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
Bayern Munich yasanze Arsenal muri ⅛ cya UEFA Champions League
22 January, by ISHIMWE Jean de DieuLiverpool yatsinze Marseille ibitego 3-0, Bayern Munich itsinda Union Saint Gilloise ibitego 2-0 zombi zibona itike ya ⅛ cya UEFA Champions League, mu mikino yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 22 Mutarama 2026.
-
Michelle Obama yagaragaje uko yakiriye icyemezo cy’umukobwa we cyo kwiyambura izina ry’umuryango
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMichelle Obama, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umukobwa we w’imfura, Malia Obama, yahisemo kwitandukanya n’izina ry’umuryango kugira ngo agire umwihariko ndetse yirinde ko ibyo akora bifatwa nk’impano yahawe n’uko ari umukobwa wa Barack Obama. Mu kiganiro Michelle yagiranye na Kate Hudson n’umuvandimwe we Oliver Hudson kuri podcast yitwa ‘Sibling Revelry’, yavuze ko nubwo icyemezo cya Malia cyabatunguye, nk’ababyeyi baje kugishyigikira kuko (…)
-
Teta Sandra yahawe impano y’imodoka
17 April 2025, by ISIMBI EstellaTeta Sandra usanzwe ubana na Weasel bamaze igihe bakundana ndetse kugeza ubu bakaba bafitanye abana babiri, yahawe impano y’imodoka n’uyu mugabo we uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda.
-
Amagare: Hagiye gukinwa irushanwa ryo Kwibuka 31
24 April 2025, by Joseph IradukundaIshyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino w’Amagare (FERWACY), ryateguye Irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 31 abakinnyi, abatoza, abayobozi n’abakunzi b’uyu mukino bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rizaba ku Cyumweru tariki ya 28 Mata 2025 ku nshuro ya 9.
Umuryango.rw
Dore Inama zagufasha kubaka urukundo ruhamye
Ibiganiro bya Iran na Amerika bikomeje kuzamo akangononwa
Ingabo z’utavuga rumwe na Perezida Salva Kiir zisubije umujyi wa Akobo
Iran yateguye abasirikare miliyoni zirindwi bo kurwana n’Abanyamerika
NAHIMANA Claudine yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Claudine
Bayern Munich yasanze Arsenal muri ⅛ cya UEFA Champions League
Michelle Obama yagaragaje uko yakiriye icyemezo cy’umukobwa we cyo kwiyambura izina ry’umuryango
Teta Sandra yahawe impano y’imodoka
Amagare: Hagiye gukinwa irushanwa ryo Kwibuka 31