Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), iratangaza ko mu rwego rwo gushyigikira ubumenyi bufite ireme, mu mashuri yisumbuye n’ayigisha imyuga n’ubumenyi ngiro, hagiye gutangizwa kwiga amasomo ajyanye no gukoresha ubwenge buhangano (AI).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe
4 March, by Angeline MUKANGENZIColonel Joseph Nganzo Olikwa Tipi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yiciwe mu mirwano yasakiranyije FARDC n’abayifasha urugamba n’ihuriro rya Twirwaneho na AFC/M23.
-
Amerika yahagaritse ibyo kuzamura umusoro ku bicuruzwa biva muri Colombia
27 January 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse umusoro wa 25% ku bicuruzwa byose bituruka muri Colombia, nyuma y’uko icyo gihugu cyemeye kwakira abimukira boherejwe n’indege za gisirikare bavuye muri Amerika.
-
Gen Muhoozi yavuze ku itsindwa ry’abacanshuro muri RDC
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko kuba umutwe wa M23 waratsinze abacanshuro b’Abanyaburayi bari bari mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishimangira ubushake bw’Abanyafurika bwo kurwanya ubukoloni.
-
Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’
17 December 2024, by Joseph IradukundaUmwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo ni urubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali. Hirya yabo, undi yunzemo ati “Inshuti yanjye tungana ubu yarabyaye kubera kuba imbata y’aya mashusho”.
-
Emelyne ‘Ishanga’ na bagenzi be bajyanywe mu kigo ngororamuco
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko abantu batanu, barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’, bajyanywe kugororerwa mu kigo ngororamuco cya Huye, mu gihe abandi batatu bakurikiranywe n’ubutabera bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni.
-
Ese ubundi umuntu adakoze imibonano mpuzabitsina byamutwara iki?Sobanukirwa
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu bemera ibitabo bitandukanye by’umwihariko iby’iyobokamana, bigaragaza ko ari ngombwa ko umuntu wese ubishaka kandi ubishoboye agira umuryango.Ni ukuga niba ari umugore agashaka umugabo n’umugabo bikagenda gutyo agashaka umugore.
Ku bashakanye rero usanga bifatwa nk’ihame ko bakora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina mu gihe bombi babifitemo ubushake ntawe ubangamiye undi.
Ese iyo mibonano uretse kuyikora kugirango habeho kubyara no kugeza ibyishimo ku ndunduro ubundi idakozwe ingaruka (…) -
Cuba yatangaje ko yishe irashe abantu bane bari bari mu bwato bwihuta bwo muri Amerika
26 February, by Angeline MUKANGENZILeta ya Cuba yavuze ko abantu bane bishwe barashwe n’abarinzi b’umupaka w’icyo gihugu, bari Abanya-Cuba baba muri Amerika bari bari mu bwato bwihuta bwanditswe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
-
CAN 2025: Abafana binjiriraga ubuntu bacukijwe
28 December 2025, by ISIMBI EstellaKomite ishinzwe imigendekere myiza y’Igikombe cya Afurika cya 2025 mu Mujyi wa Agadir muri Maroc, yatangaje ko nta bafana bazongera kwinjira ku mikino ibera kuri Grand Stade d’Agadir nta matike bafite.
-
Impungenge kuri cocaine ikomeje kuganwa na benshi ku Isi
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rigamije gukumira ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha (UNODC) bugaragaza ko umubare w’abakoresha ikiyobyabwenge cya cocaine ukomeje kwiyongera, bikajyana n’ingano yacyo.
Umuryango.rw
Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye
Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe
Amerika yahagaritse ibyo kuzamura umusoro ku bicuruzwa biva muri Colombia
Gen Muhoozi yavuze ku itsindwa ry’abacanshuro muri RDC
Ibyago byazanwe n’indwara z’urukozasoni mu Urubyiruko‘Pornographie’
Emelyne ‘Ishanga’ na bagenzi be bajyanywe mu kigo ngororamuco
Ese ubundi umuntu adakoze imibonano mpuzabitsina byamutwara iki?Sobanukirwa
CAN 2025: Abafana binjiriraga ubuntu bacukijwe
Impungenge kuri cocaine ikomeje kuganwa na benshi ku Isi