Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka GATSIBO.
Soma itangazo rirambuye…
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
RED-Tabara yitandukanyije n’u Rwanda
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wamaganye Perezida Evariste Ndayishimiye ukomeje kuwuhuza n’u Rwanda, uvuga ko nta bufasha na buke uhabwa na rwo.
-
Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko indege nto yazo yo mu bwoko bwa drone yakoreshwaga mu myitozo, yataye inzira kubera ikirere kitari kimeze neza igakorera impanuka mu Karere ka Rutsiro igakomeretsa abana batatu bavaga ku ishuri.
-
Amayeri FDLR ikoresha ngo idatsindwa
29 January, by Angeline MUKANGENZINubwo umutwe wa M23 wagiye ugaragaza intsinzi zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko kuva mu mpeshyi ya 2022, FDLR ntiyigeze itsindwa ku buryo bufatika cyangwa ngo icike burundu. Ahubwo, yashimangiye uburyo imaze imyaka myinshi ihindura isura, yivanga mu zindi ngabo.
-
Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n’umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo
16 July 2025, by Joseph IradukundaUmushabitsi akaba n’umunyamideri Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n’umuherwe akaba n’umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa witwa Tumelo Ramaphosa.
-
Abantu 26 baguye mu bitero by’u Burusiya muri Ukraine
20 November 2025, by ISIMBI EstellaAbantu 26 bapfuye abandi 100 barakomereka ndetse abarenga 20 baburirwa irengero nyuma y’ibitero by’indege zitagira abapilote n’ibisasu bya misile byagabwe n’u Burusiya mu mujyi wa Ternopil, mu Burengerazuba bwa Ukraine.
-
Imikino yose y’Igikombe cy’Isi izajya itangwamo iminota itandatu yo kunywa amazi
9 December 2025, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangaje ko imikino yose y’Igikombe cy’Isi cya 2026 izajya ihagarikwa iminota itatu muri buri gice kugira ngo abakinnyi banywe amazi.
-
Njya numva ikinyarwanda tuvuga nitutareba neza kizaba urundi rurimi-perezida Kagame
8 August 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane taliki ya 08 Kanama 2019, nibwo Nyakubahwa Perezida Kagame yasoje Itorero Ingangamirwa icyiciro cya 12 ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
-
Kwibuka 32: Dukwiye gukura amasomo aho twatsinzwe – Antonio Guterres
7 April, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yasabye Umuryango Mpuzamahanga gukura amasomo ku gutsindwa bagize mu bihe byahise bagaharanira kurinda abariho, binyuze mu kwamagana urwango, imvugo zibibiba amacakubiri n’izihamagarira abantu ubwicanyi. Antonio Guterres yabigarutseho mu butumwa yatanze kuri uyu wa 7 Mata 2026, igihe u Rwanda n’Isi bizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Menya ibyo kwitaho ku mwana uvukanye Diyabete 1
16 July 2025, by Joseph IradukundaUmwana ashobora kuvukana diyabere yo mu bwoko bwa mbere, bitewe n’impamvu zitandukanye, bikaba bisaba ko yitabwaho by’umwihariko, ngo ubuzima bwe bubungabungwe, kandi iyo hakurikijwe inama za muganga, agira ubuzima bwiza.
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
RED-Tabara yitandukanyije n’u Rwanda
Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho
Amayeri FDLR ikoresha ngo idatsindwa
Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n’umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo
Abantu 26 baguye mu bitero by’u Burusiya muri Ukraine
Imikino yose y’Igikombe cy’Isi izajya itangwamo iminota itandatu yo kunywa amazi
Kwibuka 32: Dukwiye gukura amasomo aho twatsinzwe – Antonio Guterres
Menya ibyo kwitaho ku mwana uvukanye Diyabete 1