Imodoka yo mu bwoko bwa Truck Howo yavaga aho bakura kariyeri ikoreshwa mu gukora sima muri CIMERWA yerekeza muri uru ruganda, ifite pulake RAE 995M, yagonze umumotari n’umugenzi yari atwaye barakomereka bikomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Howo yakomerekeje bikomeye umumotari n’umugenzi yari atwaye
22 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Yampano yashyize agaragaza umukunzi we – AMAFOTO
15 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano yongeye kugaragaza ko aryohewe n’urukundo, ashyira ahagaragara amafoto yishimanye n’umukunzi we, ndetse amwibutsa ko urwo amukunda ruhebuje byose.
-
Sheebah Karungi yatangije urugamba rwo kugaragaza abagabo bahohotera abagore
29 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi wo muri Uganda, Sheebah Karungi, yatangaje ko agiye gutangiza urugamba rwo gushyira ahagaragara abagabo ashinja gukoresha nabi abagore, cyane cyane mu kazi no mu rugendo rwo gushaka akazi.
-
Israel Mbonyi yagiranye ibiganiro na Amb. Aurélie Royet-Gounin
20 January, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Aurélie Royet-Gounin yagaragaje ko yishimiye ibiganiro yagiranye n’umuramyi Israel Mbonyi ashimira Sherrie Silver wabahuje.
-
Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza
2 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHari imyumvire ivuga ko abagabo b’abana beza (nice guys) bakunze kugira ibibazo mu rukundo kuko hari imyitwarire ibatandukanya n’abagabo bifitiye icyizere cyangwa badatinya gufata ibyemezo bamwe bazwi nka bad boys.
-
Jean-Pierre Lacroix ushinzwe ingabo za ONU yageze i Kinshasa nyuma ‘azajya n’i Goma’
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro yageze i Kinshasa muri DR Congo ku cyumweru mu ruzinduko biteganyijwemo ko azahura n’abategetsi bakuru b’iki gihugu, nk’uko bivugwa na Radio Okapi iterwa inkunga na ONU.
-
August Alsina yinjiye mu rukundo n’umusore mugenzi we
3 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi August Alsina wavuzwe mu rukundo n’umugore wa Will Smith, Jada Pinkette, amaze iminsi agaragaza ko ari mu rukundo n’umusore mugenzi we witwa Zu.
-
Gen Ntumba ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu biro bya Tshisekedi ari mu mazi abira
18 July 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Franck Ntumba Buamunda, akekwaho umugambi wo kugirira nabi Umukuru w’Igihugu.
-
Perezida Kagame yashimye imikinire y’Amavubi
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze ko Perezida wa Rerpubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimye imikinire y’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi.
-
Icyo AFC/M23 ivuga kuri raporo ya RSF iyishinja gufunga no kwica urubozo abanyamakuru
24 March, by Angeline MUKANGENZIUmutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wahakanye wivuye inyuma ibirego by’umuryango mpuzamahanga w’abanyamakuru batagira umupaka (RSF) uwushinja gufunga no kwica urubozo abanyamakuru
Umuryango.rw
Rusizi: Howo yakomerekeje bikomeye umumotari n’umugenzi yari atwaye
Yampano yashyize agaragaza umukunzi we – AMAFOTO
Sheebah Karungi yatangije urugamba rwo kugaragaza abagabo bahohotera abagore
Israel Mbonyi yagiranye ibiganiro na Amb. Aurélie Royet-Gounin
Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza
August Alsina yinjiye mu rukundo n’umusore mugenzi we
Gen Ntumba ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu biro bya Tshisekedi ari mu mazi abira
Perezida Kagame yashimye imikinire y’Amavubi
Icyo AFC/M23 ivuga kuri raporo ya RSF iyishinja gufunga no kwica urubozo abanyamakuru