Tehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
31 March 2025, by Joseph Iradukunda -
RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Umutekano w’Imbere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye ba Guverineri b’intara zose uko ari 26 gukumira ibikorwa by’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange.
-
Al Merrikh izakina Shampiyona y’u Rwanda yageze i Kigali (Amafoto)
6 November 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Al Merrikh iri mu makipe abiri yo muri Sudani aherutse kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda yageze i Kigali.
-
Uganda: Ubushita Bw’Inkende Buraca Ibintu
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe u Rwanda rumaze igihe ruhugiye mu kurwanya Marburg kubera ubukana bwayo, ku rundi ruhande indi ndwara ya Monkey Pox isa n’itibukwa na benshi. Icyakora irahari ndetse no muri Uganda iriyo kandi nyinshi.
-
Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose
12 December 2024, by Joseph IradukundaIgipimo cy’abapfa ku bushake babifashijwemo n’abaganga – ibizwi nka euthanasia – cyarazamutse muri Canada mu myaka itanu ishize, nubwo ubu kirimo kugenda buhoro muri rusange.
-
Impanuka ya bus yatikiriyemo Abanyeshuri mu Misiri
15 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubuzima ya Misiri yavuze ko ku wa Mbere byibuze abantu 12 bishwe abandi 33 barakomereka nyuma y’uko bus yibiranduye mu muhanda uhuza Cairo n’inkombe z’Inyanja Itukura mu gihugu cya Misiri .
-
Umuhanzikazi Vestine umaze amezi atanu asezeranye yakorewe ibirori bibanziria ubukwe
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Vestine uzwi mu itsinda ahuriyemo n’umuvandimwe we Dorcas, yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’ nyuma y’igihe gikabakaba igice cy’umwaka asezerano mu mategeko n’Umunya-Burkina Faso.
-
Impamvu zituma intoki zawe zigaragara nk’izishaje
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHari ubwo intoki zawe zigaragara nk’izishaje nyamara nta kazi kenshi wakoze bityo bigatuma wibaza ibibazo byinshi udafitiye ibisubizo.Muri iyi nkuru uraboneramo igisubizo.
-
Omar al-Bashir wabaye Perezida wa Sudani ararembye
26 September 2024, by Joseph IradukundaOmar al-Bashir, wayoboye Sudani imyaka 30 mbere yo guhirikwa ku butegetsi, akanatabwa muri yombi n’ubuyobozi bwa gisirikare, yajyanywe mu bitaro nyuma y’uko ubuzima bwe butameze neza.
-
Ku myaka 95 yemerewe n’Umugore we w’imyaka 90 kwishakira undi
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmukecuru w’imyaka 90 y’amavuko wo muri muri Kenya, ahitwa Nyeri yahaye uruhushya umugabo we rwo gushaka umugore wa kabiri, amwizeza ko ubu adashobora kumubuza gushaka undi mugore.
Umuryango.rw
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila
Al Merrikh izakina Shampiyona y’u Rwanda yageze i Kigali (Amafoto)
Uganda: Ubushita Bw’Inkende Buraca Ibintu
Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose
Impanuka ya bus yatikiriyemo Abanyeshuri mu Misiri
Umuhanzikazi Vestine umaze amezi atanu asezeranye yakorewe ibirori bibanziria ubukwe
Impamvu zituma intoki zawe zigaragara nk’izishaje
Omar al-Bashir wabaye Perezida wa Sudani ararembye
Ku myaka 95 yemerewe n’Umugore we w’imyaka 90 kwishakira undi