Wayne Rooney, umwongereza w’icyamamare mu mupira w’amaguru, yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda mu mujyi wa Londres, ari kumwe n’inshuti ze mu ijoro ryo ku cyumweru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres (Amafoto)
1 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida wa Mozambique yagiranye ibiganiro na Mondlane wamaganye intsinzi ye
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Daniel Chapo wa Mozambique yahuye n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, Venâncio António Bila Mondlane, baganira ku bwiyunge, amahoro ndetse n’umutekano.
-
Yvonne Chaka Chaka akomeje kwinjiza agatubutse nyamara nta indirimbo nshya afite
18 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyabigwi mu muziki wa Afurika, Yvonne Machaka wamenyekanye nka Yvonne Chaka Chaka, yagaragaje ko n’ubwo atagishyira hanze indirimbo nshya, ariko ubuhanzi yakoze mu myaka yashize, buri mu bikomeje kumwinjiriza amafaranga.
-
CIA yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Adolf Hitler
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAdolf Hitler benshi bamwize mu ishuri abandi babyumva ahantu hatandukanye ko uwari umuyobozi w’Ishyaka ry’aba-Nazi yapfuye yiyahuye aho bivugwa ko yanze kumanika amaboko ngo afatwe ahubwo agahitamo kwirasa umurambo we uhita ujugunywa muri aside n’abasirikare be.
-
RDC: Imirwano yakomereje i Sake na Mweso
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa M23 n’Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byiriwe mu mirwano mu Mujyi wa Sake na Mweso muri teritwari ya Masisi kuri uyu wa 25 Mutarama 2025.
-
Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko nta bisobanuro Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, yatanze byatuma ahagarika kumukurikiranaho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zo mu mushinga wo kubaka Gereza ya Kisangani mu Ntara ya Tshopo.
-
Umunyamakuru Ntwali John Williams yasezeweho bwa nyuma
22 January 2023, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki 22 Mutarama 2023 habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku munyamakuru Ntwali John Williams wahitanwe n’’impanuka y’imodoka.
Umuhango wo kumuherekeza no kumusezeraho bwa nyuma wabaye kuri iki Cyumweru, tariki 22 Mutarama 2023, umuhango wo kumusengera wabereye mu rusengero rw’Abadiventiste b’umunsi wa Karindwi ku Ruyenzi, ndetse ashyingurwa mu Irimbi rya Kamonyi.
Ni umuhango wari witabiriwe n’abarimo abo mu muryango we, inshuti, abavandimwe, abayobozi ba RMC (…) -
Alassane Ouattara warahiye yashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame
9 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yahuye na Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, amushyikiriza ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
-
Umunyarwanda wifuza gushora imari muri Singapore yahawe uburenganzira bungana n’ ubw’ umuturage wa Singapore
14 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Singapore basinyanye amasezerano y’ ubufatanye aha abaturage babo uburenganzira bungana mu bucuruzi n’ ay’ ubufatanye mu bijyanye n’ ingendo zo mu kirere.
-
Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis
23 April 2025, by Joseph IradukundaArikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana tariki ya 21 Mata 2025.
Umuryango.rw
Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres (Amafoto)
Perezida wa Mozambique yagiranye ibiganiro na Mondlane wamaganye intsinzi ye
Yvonne Chaka Chaka akomeje kwinjiza agatubutse nyamara nta indirimbo nshya afite
CIA yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Adolf Hitler
RDC: Imirwano yakomereje i Sake na Mweso
Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko
Umunyamakuru Ntwali John Williams yasezeweho bwa nyuma
Alassane Ouattara warahiye yashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame
Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis