Umuhanzikazi w’icyamamare wo muri Nigeria, Ayra Starr, yagaragaje agahinda atewe n’uburyo akomeje gukorerwa ihohoterwa rikabije ku mbuga nkoranyambaga, asaba ko bamureka akabaho mu mahoro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ayra Starr yikomye abamwibasira ku mbuga nkoranyambaga
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Sadate Munyakazi: Muri twembi umugore wanjye niwe ugenda mu modoka ihenze
12 May 2025, by Gladiator OGMu kiganiro kihariye umunyemari akaba n’umuherwe Munyakazi Sadate yagiranye n’Ikinyamakuru IGIHE yagarutse kuri byinshi abantu batazi cyangwa bajya bibeshyaho ku buzima bwe, uyu mugabo yagarutse ku rugendo rw’ubuzima bwe kuva mu bwana kugera uyu munsi wa none, n’ibindi byinshi.
-
Rusesabagina yavuze ko atazongera kwitabira urubanza rwe
12 March 2021, by Dusingizimana RemyPaul Rusesabagina yavuze ko nta butabera ategereje mu rukiko ruri kumuburanisha bityo atazongera kwitabira uru rubanza.
-
CAF yamuritse igikombe gishya cya CHAN
2 August 2025, by ISIMBI EstellaImpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), yifashishije abakinnyi bakanyujijeho muri Afurika, imurika igikombe gishya kizajya gikinirwa mu muri Shampiyona Nyafurika ihuza abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024).
-
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
8 May 2025, by Joseph IradukundaIndi nyubako iraramo abanyeshuri mu ishuri ryisumbuye rya Collège de Gisenyi Inyemeramihigo riherereye mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025.
-
Nyamasheke: Barasaba ko inzoga yitwa ‘Ruyaza’ icika burundu
29 April, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu Murenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke bavuga ko batewe impungenge n’inzoga itujuje ubuziranenge yitwa Ruyaza (Ruyazubwonko), abayinywa bamara kuyisinda bagateza intugunda mu baturanyi babo n’imiryango yabo no guhoza iyo miryango y’abayinywa mu bukene bukabije.
-
M23 na Wazalendo byongeye gukozanyaho
25 July 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye guhangana bikomeye na Wazalendo mu gace ka Luke muri teretwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Abifuza gukodesha, kugura no kugurisha inzu n’ibibanza mu Rwanda boroherejwe, bashyiriweho urubuga rubahuza
5 August 2019, by UbwanditsiImwe mu nzu ziri kugurishwa ku rubuga www.mdgrou.com
Sosiyete y’ubucuruzi Multi Design Group Ltd yakemuye ikibazo cy’ababaga bashaka mu buryo bwihuse kandi bworoshye amakuru y’abo bagura, bagurisha cyangwa bagakodesha amazu, ndetse n’abifuza kugura ibibanza, aho ari ho hose mu Rwanda ishyiraho isoko rusange, urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abaguzi n’abakiliya mu buryo bworoshye kandi rukabaha amakuru yose akenewe ku mitungo bifuza kugura, gukodesha cyangwa kugurisha!
-
Mu Rwanda amasomo ya ‘masters’ mu by’Iyobokamana
25 March, by Angeline MUKANGENZIIshuri Rikuru mu by’Iyobokamana, Africa College of Theology (ACT) ryatangije amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu Rwanda muri Tewolojiya hagamijwe kuzamura ireme ry’inyigisho zihabwa abavugabutumwa.
-
Intego ya FPR-Inkotanyi n’ugukora ku nyungu za buri munyarwanda-Perezida Kagame
30 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, avuga ko intego uyu muryango wubakiyeho ari nazo ugenderaho ari ugukora ku nyungu za buri munyarwanda, ariko avuga ko ibi bisaba imyitwarire ntamakemwa kugira ngo intego umuryango wihaye uzigereho.
Umuryango.rw
Ayra Starr yikomye abamwibasira ku mbuga nkoranyambaga
Sadate Munyakazi: Muri twembi umugore wanjye niwe ugenda mu modoka ihenze
CAF yamuritse igikombe gishya cya CHAN
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
Nyamasheke: Barasaba ko inzoga yitwa ‘Ruyaza’ icika burundu
M23 na Wazalendo byongeye gukozanyaho
Abifuza gukodesha, kugura no kugurisha inzu n’ibibanza mu Rwanda boroherejwe, bashyiriweho urubuga rubahuza
Mu Rwanda amasomo ya ‘masters’ mu by’Iyobokamana