Leta ya Zimbabwe yafashe icyemezo cyo kubaga inzovu 200 zikagaburirwa abaturage bugarijwe na Bwaki kubera amapfa
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije
21 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Ni ryari bavuga ko umuti utakoreshejwe neza ? Bigira izihe ngaruka ?
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuIcyegeranyo cyashyizwe hanze na OMS kigaragaza ko ku isi, hejuru ya 50% y’imiti yandikwa ndetse igatangwa mu buryo butari bwo. Hejuru ya 50% by ‘abarwayi ku isi nabo bafata imiti mu buryo butari bwo. Ikindi cyagaragajwe nuko 1/3 cy’abatuye isi babura imiti y’ibanze. Muri iyi nkuru, twabateguriye inama zabafasha gukoresha imiti neza.
-
Dore ibyamamare bitandukanye byasabye bikanahabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
18 April 2025, by Gladiator OGU Rwanda ruragendwa kandi ruratekanye, ruratoshye kandi rukerereza abagenzi, U Rwanda ntawe ruheza ndetse rwiteguye kwakira na yombi uwo ariwe wese uje arusanga. Muri benshi basanga u Rwanda harimo n’abasaba guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda , muriyi nkuru tugiye kwibukiranya bamwe mu bantu bafite amazina azwi ku rwego rw’Igihugu ndetse n’urwego mpuzamahanga basabye ubwenegihugu bw’ U Rwanda ndetse bakaza no kubuhabwa.
1. DJ Ira Amazina yiswe na babyeyi ni Grace Divine Iradukunda, Yabonye (…) -
Canisius utoza Mukura VS yabyegetse ku basifuzi nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports
23 February, by ISIMBI EstellaUmutoza wa Mukura Victory Sports, Canisius Nshimiyimana, arashinja abasifuzi barimo Uwikunda Samuel kugira uruhare mu gutsindwa na Rayon Sports.
-
Mu Burundi hakomeje kwibazwa uyobora igihugu hagati ya Ndayishimiye ndetse na Ndikuriyo
14 January, by Angeline MUKANGENZIPolitiki y’u Burundi yongeye kunyegagezwa no guhanganira ububasha hagati y’abantu babiri bakomeye. Amagambo Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD, Révérien Ndikuriyo, aherutse kuvugira mu kiganiro n’abanyamakuru yagaruye ikibazo kimaze igihe ariko kitarabonerwa igisubizo: Ni nde uyobora u Burundi mu by’ukuri? Ni Evariste Ndayishimiye cyangwa ni umuyobozi w’ishyaka?
-
. Abanyarwanda 297 bakorewe icyaha cy’ubucuruzi bw’abantu mu myaka itandatu
17 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva mu 2019 kugeza mu 2025, Abanyarwanda bagera kuri 297 bakorewe ibyaha byo gucuruzwa hirya no hino ku Isi, muri bo abagera kuri 197 babasha gutabarwa bagarurwa mu gihugu.
-
CAN 2025: Nigeria na Misiri zageze muri ¼
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Nigeria “Super Eagles” yanyagiye Mozambique ibitego 4-0 naho Misiri itsinda Benin ibitego 3-1, zombi zibona itike ya ¼ cy’Igikombe cya Afurika.
-
Tariki ya 21 mata 1994 Umunsi Umuryango w’Abibumye wanzuye kugabanya ingabo zawo mu Rwanda Jenoside irimbanyije
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIItariki ya 21 Mata by’umwihariko iyo mu 1994 ni imwe mu zizakomeza kwibukwa mu mateka kuko ari wo munsi Loni yafashe umwanzuro uteye isoni wo kugabanya ingabo zayo zari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro Rwanda (MINUAR).
-
Muhanga: 5 bakekwaho gutema abanyerondo batawe muri yombi
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuInzego zishinzwe umutekano mu Ntara y´Amajyepfo zatangaje ko zamaze guta muri yombi abantu batanu bacyekwaho guhungabanya umutekano mu Karere ka Muhanga, baherutse gutema abanyerondo ahagana sasaba z´ijoro taliki ya 18 Mutarama 2026.
-
Nelly Mukazayire yatangaje ikigiye gukorwa kugira ngo ikipe y’igihugu y’umupira w’Amaguru ikomere cyane
20 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangaje igituma mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi hakomeza kubamo impinduka ndetse n’icyo bagiye gukora kugira ngo iyi kipe y’igihugu ikomere cyane.
Umuryango.rw
Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije
Ni ryari bavuga ko umuti utakoreshejwe neza ? Bigira izihe ngaruka ?
Dore ibyamamare bitandukanye byasabye bikanahabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Canisius utoza Mukura VS yabyegetse ku basifuzi nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports
Mu Burundi hakomeje kwibazwa uyobora igihugu hagati ya Ndayishimiye ndetse na Ndikuriyo
. Abanyarwanda 297 bakorewe icyaha cy’ubucuruzi bw’abantu mu myaka itandatu
CAN 2025: Nigeria na Misiri zageze muri ¼
Tariki ya 21 mata 1994 Umunsi Umuryango w’Abibumye wanzuye kugabanya ingabo zawo mu Rwanda Jenoside irimbanyije
Muhanga: 5 bakekwaho gutema abanyerondo batawe muri yombi
Nelly Mukazayire yatangaje ikigiye gukorwa kugira ngo ikipe y’igihugu y’umupira w’Amaguru ikomere cyane