Leta Zunze Ubumwe za Amerika zandikiye Israel, ziyiha iminsi 30 yo kongera ubufasha bw’ikiremwamuntu muri Gaza cyangwa igahura n’ibyago byo guhagarikirwa inkunga ya gisirikare ihabwa na Amerika .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yahaye iminsi 30 Israel ngo ibe yahagaritse intambara muri Liban
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Latvia: Abagore bagiye gutegekwa kujya mu gisirikare
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ingabo muri Latvia yatangaje ko hari kwigwa uburyo bitarenze mu 2028 abagore batangira gutegekwa kujya mu gisirikare hagamijwe kongera umubare w’ingabo zahangana n’u Burusiya mu gihe bwaba bushoje intambara ku Burayi.
-
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
31 December 2024, by Joseph IradukundaN’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo.
-
Ruhango: bavandimwe bapfuye Igikoma umwe bimuviramo urupfu
3 September 2024, by Joseph IradukundaManiragaba Alfred w’Imyaka 34 y’amavuko biravugwa ko yatonganye n’Umuvandimwe we bapfa igikoma aramukubita arapfa.
-
Abasore gusa : Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
23 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakobwa bagira umutima woroshye kandi amarangamutima yabo aba hafi cyane kuko bafata kandi bakubaha buri jambo umusore ababwiye. Musore uko wavuze ijambo nibyo bizatanga igisobanuro cy’uko wifuza ko umubano wawe nawe ugenda.
-
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
27 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga utakuye isomo ku bihe by’umwijima u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 32 ishize ngo akumire indi Jenoside iri gututumba muri Repubulika Iharanira Demokarasis ya Congo.
-
Israel yongeye kurasa muri Syria
2 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Israel zemeje ko zagabye ibitero bikomeye mu Murwa Mukuru wa Syria, Damascus, hafi y’Ingoro ikoreramo Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kwihimura ku ngabo za Syria zishinjwa kubangamira Aba-Druze bazwiho kugira imyemerere yihariye.
-
AFC/M23 yarashe drone eshatu za FARDC muri Fizi
17 February, by Angeline MUKANGENZIImitwe ya Twirwaneho ifatanyije na AFC/M23, kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gashyantare 2026, yahanuye drone eshatu zo mu bwoko bwa “kamikaze” zari zoherejwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
Barafinda yageze mu rukiko ntiyaburana! Uko iburanisha ry’urubanza ryagenze
4 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, haburanishijwe urubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Nkeramihigo Japhet, Tumukunde na Mazimpaka Patrick nyuma yo kutishimira imyanzuro y’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.
-
Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9
30 January, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka icyenda, akaba mubyara we babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo.
Umuryango.rw
Amerika yahaye iminsi 30 Israel ngo ibe yahagaritse intambara muri Liban
Latvia: Abagore bagiye gutegekwa kujya mu gisirikare
DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage
Ruhango: bavandimwe bapfuye Igikoma umwe bimuviramo urupfu
Abasore gusa : Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
Israel yongeye kurasa muri Syria
AFC/M23 yarashe drone eshatu za FARDC muri Fizi
Barafinda yageze mu rukiko ntiyaburana! Uko iburanisha ry’urubanza ryagenze
Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9