Umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, Pascal Habababyeyi, yitabye Imana. Yakoraga muri weekend nk’umwe mu basesengura amakuru yaranze icyumweru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rubavu: Inzu 585 z’abarokotse Jenoside zikeneye gusanwa
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagaragaje ko mu bibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, harimo iby’amacumbi, kuko imiryango 585 iba mu nzu zishaje, mu gihe igera kuri 65 idafite ibibanza byo kubakirwamo.
-
Umuhungu wa Schwarzenegger yateye ikirenge mu cya se mu byo kubaka umubiri
30 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhungu wa Arnold Schwarzenegger, Joseph Baen yinjiye mu mwuga wa se w’ibijyanye no kubaka umubiri ndetse atsindira igihembo cye cya mbere.
-
Ukuriye Dipolomasi ya Iran ukomeje kujya gushaka ubufasha arahura na Perezida Putin w’u Burusiya
27 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, nyuma yo gukorera ingendo mu Bihugu binyuranye, ari mu Burusiya aho agomba guhura na Perezida Vladimir Putin.
-
Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu cyabo rizahabwa uruhushya rwo gukora ritagira ibibuga by’imikino.
-
Aruba yanyagiye Macau mu mukino ufungura FIFA Series i Kigali
26 March, by Angeline MUKANGENZIAruba yanyagiye Macau ibitego 4-1, mu mukino wa mbere w’irushanwa rya gicuti ritegurwa n’Ishyirahamwe ry Ruhago ku Isi (FIFA) rya FIFA Series 2026, riri kubera i Kigali.
-
Leta y’u Rwanda yagiriye inama Abanyarwanda yo guhagarika kujya muri Uganda
1 March 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Amb.Sezibera Richard yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda isaba abanyarwanda bose guhagarika kujya muri Uganda kubera impungenge z’umutekano wabo.
-
DR Congo: Abacukuzi 11 bapfiriye mu ihirima ry’ikirombe cya Tilwizembe
9 February, by Angeline MUKANGENZIIkirombe cyahirimye mu gace gacukurwamo amabuye y’agaciro k’i Tilwizembe, kuri kilometero 25 uvuye mu mujyi wa Kolwezi, mu ntara ya Lualaba, mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), cyishe abantu nibura 11 naho abandi batandatu barakomereka.
-
Ikigo Kundubuzima Health care gifite imiti ikiza Kanseri yo mu maraso ikunze guhitana benshi mu maraso
10 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo Kundubuzima Health care gifasha abarwaye Kanseri yo mu maraso, akaba ari indwara ikunze guhitana abantu benshi hirya no hino ku isi. Ikaba ivurwa igakira hifashishijwe imiti y’umwimerere ikomoka ku bimera.
-
PSG yunamiye uwari umukinnyi wa Liverpool
14 April, by ISIMBI EstellaMbere yo gukina umukino wo kwishyura wa UEFA Champions League, ikipe ya Paris Saint Germain yunamiye uwari umukinnyi wa Liverpool FC, Diego Jota, witabye Imana mu bihe byashize.
Umuryango.rw
Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana
Rubavu: Inzu 585 z’abarokotse Jenoside zikeneye gusanwa
Umuhungu wa Schwarzenegger yateye ikirenge mu cya se mu byo kubaka umubiri
Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya
Aruba yanyagiye Macau mu mukino ufungura FIFA Series i Kigali
Ikigo Kundubuzima Health care gifite imiti ikiza Kanseri yo mu maraso ikunze guhitana benshi mu maraso
PSG yunamiye uwari umukinnyi wa Liverpool