Kugira ubumuga ntibisobanuye kutagira ubushobozi bwo kugira icyo wakora , ntibisobanuye ko ubuzima burangiye , ntibisobanuye ko utari uwumumaro ku muryango Nyarwanda ndetse byumwihariko ntibisobanuye ko utaremwe mu ishusho y’uhoraho Imana ishobora byose. Kugira ubumuga ntawabyifuza ariko ubuzima butunyuza mu nzira zitandukanye. Uko uri kose ujye wibukako wagiririwe ingabire isumba izindi yo kuba ukiri muzima ubasha kwiyumva ndetse wagira ibyo ukora ibyo bitume uhora utekereza icyo wakora (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kugira Ubumuga ntibyababujije kwamamara , Dore ibyamamare 7 mu Rwanda bifite ubumuga
28 February 2025, by ISIMBI Estella -
Sober night: Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi n’ubwitabire budasanzwe
23 December 2024, by UbwanditsiKuri Uyu wa 22 ukuboza 2024 Kuri Mundi centre habereye igitaramo cyitabiriwe n’umubare munini w’urubyiruko.
-
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho
5 March, by Angeline MUKANGENZIAbakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Iran bateye isaruti ubwo baririmbaga indirimbo yubahiriza igihugu cyabo mbere y’umukino w’Igikombe cya Aziya bahuyemo na Australia yakiriye irushanwa, bitandukanye n’ubushize ubwo barucaga bakarumira ku mukino wa mbere bakinnye ku wa Mbere.
-
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats ku rwego mpuzamahanga, Tiwa Savage w’imyaka 46 ufite Impamyabumenyi y’Ikirenga (PhD) mu muziki, arimo kongera ishoramari mu hazaza h’umuziki wa Afurika.
-
U Rwanda rwafashe ingamba zizatuma hataba ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli
3 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yatangaje ko leta yatangiye ibiganiro n’abacuruza bakanatumiza ibikomoka kuri peteroli n’abandi bacuruzi bashobora kugerwaho n’intambara iri mu Burasirazuba bwo hagati.
-
Ibihe bitanu umuntu adashobora kwihishira
25 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahanga mu mitekerereze bavuga ko kwisobanukirwa ubwabyo atari ikintu cyoroshye mu buzima bw’umuntu, gusa hari ibihe bagaragaza umuntu acamo ntibimukundire ko yigaragaza kwa kundi ahora ashaka ko abandi bamufata, ahubwo akigaragaza mu isura ye ya nyayo mu buryo atagizemo uruhare.
-
Hagaragajwe igipimo cy’imvura igiye kugwa mu Rwanda
2 March, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere Meteo Rwanda cyatangaje ko mu gice cya mbere cy’ukwezi kwa Werurwe mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hejuru y’ikigero cy’isanzwe igwa muri iki gihe.
-
Ingabo z’u Burundi zikomeje gutera FLN nyuma y’aho yanze kuzifasha kurwanya AFC/M23
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Burundi zikomeje kugaba ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa FLN mu ishyamba rya Kibira nyuma y’aho wanze kuzifasha kurwanya ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
AFC/M23 yongeye gufata uduce twa Katala na Marundi muri Mwenga
6 March, by ISIMBI EstellaUduce twa Katala na Marundi duherereye muri Teritwari ya Mwenga Territory twongeye kujya mu maboko y’umutwe wa AFC/M23, nyuma y’imirwano yabaye muri ako gace.
-
Obed Uwumukiza ni umukinnyi wa Rayon Sports
28 January, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije myugariro Uwumukiza Obed wari umaze umwaka n’igice muri Mukura VS.
Umuryango.rw
Kugira Ubumuga ntibyababujije kwamamara , Dore ibyamamare 7 mu Rwanda bifite ubumuga
Sober night: Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi n’ubwitabire budasanzwe
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho
Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka
U Rwanda rwafashe ingamba zizatuma hataba ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli
Ibihe bitanu umuntu adashobora kwihishira
Hagaragajwe igipimo cy’imvura igiye kugwa mu Rwanda
Ingabo z’u Burundi zikomeje gutera FLN nyuma y’aho yanze kuzifasha kurwanya AFC/M23
AFC/M23 yongeye gufata uduce twa Katala na Marundi muri Mwenga
Obed Uwumukiza ni umukinnyi wa Rayon Sports