Leta ya Tanzania yemeye ko ubwato bwafatiwe mu nyanja ku ruhande rwa El Salvador butwaye toni za cocaine bwanditse muri icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tanzania yemeye ko ubwato bwafatiwe mu nyanja muri Amerika butwaye toni nyinshi za Cocaine bwanditse muri Tanzania
26 February, by Angeline MUKANGENZI -
Ikoranabuhanga rya AI ryagizwe minisitiri muri Albania rikomeje guteza impagarara
23 September 2025, by ISIMBI EstellaIjambo rya mbere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano riherutse kugirwa minisitiri ryateje impagarara mu Nteko Ishinga Amategeko muri Albania.
-
Abaganga b’u Bushinwa bamaze kuvura Abanyarwanda ibihumbi 730
24 January, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Ushinzwe serivisi z’Ubuvuzi mu Ntara ya Inner Mongolia, imaze imyaka 45 yohereza abaganga b’Abashinwa mu Rwanda, yatangaje ko kuva mu 1982, iyi Ntara yohereje mu Rwanda amatsinda 26 y’abaganga agizwe n’inzobere 343.
-
RDC yatangiye kwitambika ko Mushikiwabo yazongera gutorerwa kuyobora OIF
17 January, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka gutanga umukandida wabwo ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa, mu gukumira ko Louise Mushikiwabo yazongera gutorwa.
-
Igikomangoma Charles n’umufasha we bazitabira inama ya #CHOGM izabera mu Rwanda
14 March 2022, by Dusingizimana RemyIgikomangoma cy’u Bwongereza Prince Charles azitabiri inama y’Umuryango w’ibihugu bikoresha icyongereza izabera mu Rwanda muri Kamena uyu mwaka.
Nk’uko byemejwe n’ibiro bye,Igikomangoma Charles n’umugore we Camilla Parker bazitabira inama ya Commonwealth i Kigali mu kwezi kwa gatandatu.
Abinyujije mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bye,Prince Charles yagize ati Mu gihe isi iri gukora kugira ngo ikire ingaruka zatewe n’icyorezo cya Covid-19, kandi muri uyu mwaka wa Yubile, ni ngombwa ko (…) -
Abanyarwanda bari muri UAE no muri Bahrain babishaka barafashwa gutaha
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko irimo gukorana na Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, mu gufasha Abanyarwanda bari muri UAE no muri Bahrain bifuza gutaha kubera ibibazo by’intambara biri mu Burasirazuba bwo Hagati.
-
Amerika yigambye ko yarashishije Torpedo ‘ubwato bw’intambara’ bwa Iran bwarohamye hafi ya Sri Lanka
4 March, by Angeline MUKANGENZIMu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’ingabo za Amerika yemeje ko ingabo za Amerika ari zo zarashwe “ubwato bw’intambara bwa Iran” bwarohamye buri mu nyanja hafi ya Sri Lanka.
-
Hakim Sahabo yatangajwe nk’umukinnyi wa AEK Athens FC
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Hakim Sahabo yatangajwe na AEK Athens FC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bugereki nyuma y’uko imutanzeho arenga Miliyari 2 z’Amanyarwanda.
-
Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa
2 August 2025, by ISIMBI EstellaUbusanzwe iyo umuntu avuze kuboneza urubyaro ku bagabo umuntu yumva uburyo bubiri gusa, gukoresha agakingirizo cyangwa kwifungisha burundu, ariko ubu hari gukorwa igerageza ku binini bya ‘YCT-259’ bizajya bifasha abagabo kuboneza urubyaro.
-
Umunyamerika yavuze ko FDLR idakwiye kwemererwa gukorera mu burasirazuba bwa RDC
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmwe mu bayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinzwe gukurikirana ibibera muri Afurika, Sarah Troutman, yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR udakwiye kwemererwa gukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Ikoranabuhanga rya AI ryagizwe minisitiri muri Albania rikomeje guteza impagarara
Abaganga b’u Bushinwa bamaze kuvura Abanyarwanda ibihumbi 730
RDC yatangiye kwitambika ko Mushikiwabo yazongera gutorerwa kuyobora OIF
Igikomangoma Charles n’umufasha we bazitabira inama ya #CHOGM izabera mu Rwanda
Abanyarwanda bari muri UAE no muri Bahrain babishaka barafashwa gutaha
Hakim Sahabo yatangajwe nk’umukinnyi wa AEK Athens FC
Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa
Umunyamerika yavuze ko FDLR idakwiye kwemererwa gukorera mu burasirazuba bwa RDC