Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi Kayiranga Robert w’imyaka 36, wari umukozi ushinzwe ubugenzuzi bw’imyubakire mu Karere ka Gasabo, akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira ruswa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RIB yafunze Kayiranga wari ushinzwe imyubakire mu Karere ka Gasabo
29 April 2025, by Joseph Iradukunda -
2025 izasiga nta moto za lisansi zihabwa ibyangombwa byo gutwara abagenzi
4 November 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda izahagarika kwandika moto zikoreshwa na lisansi zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali muri Mutarama 2025, hakazajya handikwa izikoreshwa n’amashanyarazi gusa, mu rwego rwa gahunda ya guverinoma yo gukoresha uburyo burambye butangiza ikirere.
-
Abasirikare ba mbere b’Amerika bapfiriye mu ntambara na Irani bamenyekanye
4 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cy’Amerika cyashyize ahagaragara umwirondoro w’abasirikare bayo ba mbere biciwe mu ntambara hagati y’Amerika na Iran
-
Kwizera Jojea yambitse impeta umukunzi we
1 January, by ISIMBI EstellaRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Jojea, yinjiye neza mu 2026 nyuma yo kwambika impeta umukunzi we Lorin Huff.
-
Bugesera: Imirimo yo kubaka inzu y’ababyeyi i Nyamata igeze kuri 80%
21 January, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire, Rwanda Housing Authority, cyatangaje ko imirimo yo kubaka inzu y’ababyeyi mu Karere ka Bugesera ahasanzwe hari Ibitaro bya Nyamata igeze kuri 80,49%.
-
Nyanza: Gitifu w’Akagari yirukanwe azira amafaranga yambuye abaturage
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNzasingizimana Innocent wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga, mu Murenge wa Cyabakamyi, Akarere ka Nyanza, yirukanwe mu kazi, nyuma yo gukora amakosa mu mirimo ye, arimo imyitwarire mibi no kwambura abaturage amafaranga yabo.
-
Platini yakoze ubukwe bw’igitangaza agaragiwe na Producer Clement [AMAFOTO]
28 March 2021, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Nemeye Platini yasezeranye imbere y’Imana kubana akaramata n’umukunzi we Ingabire Olivia kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Werurwe 2021.
-
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe
16 February, by ISIMBI EstellaAbatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko yemeye agahenge, ihuriro ry’ingabo ubutegetsi bwe bushyigikiye rikomeje kubagabaho ibitero.
-
Trump yatangaje ko intambara ya Iran izarangira mu byumweru bitatu
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko bateganya guhagarika intambara ya Iran nko mu byumweru bibiri cyangwa bitatu biri imbere.
-
Ingabo z’u Burundi zikomeje gutera FLN nyuma y’aho yanze kuzifasha kurwanya AFC/M23
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Burundi zikomeje kugaba ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa FLN mu ishyamba rya Kibira nyuma y’aho wanze kuzifasha kurwanya ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
RIB yafunze Kayiranga wari ushinzwe imyubakire mu Karere ka Gasabo
2025 izasiga nta moto za lisansi zihabwa ibyangombwa byo gutwara abagenzi
Kwizera Jojea yambitse impeta umukunzi we
Bugesera: Imirimo yo kubaka inzu y’ababyeyi i Nyamata igeze kuri 80%
Nyanza: Gitifu w’Akagari yirukanwe azira amafaranga yambuye abaturage
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe
Trump yatangaje ko intambara ya Iran izarangira mu byumweru bitatu
Ingabo z’u Burundi zikomeje gutera FLN nyuma y’aho yanze kuzifasha kurwanya AFC/M23