Imibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu mwaka wa 2023, mu Rwanda imiryango 3.213 yatse gatanya ivuye ku miryango 21 mu 2016. Abo byabayeho bazi neza ko nta kintu kibabaza nko gutandukana n’uwo wakundaga by’umwihariko mwanabanye nk’umugabo n’umugore. Ariko se bibaye ngombwa, gusubirana na we byaba ari igitekerezo cyiza?
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibyo kwitega mu gihe uhisemo kongera kubana n’uwo mwashakanye mwari mwarahanye ‘divorce’
8 February, by Angeline MUKANGENZI -
Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro
27 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yambitse umudali w’ishimwe umupilote wa kajugujugu ya gisirikare wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Nicolas Maduro wahoze ari Perezida wa Venezuela.
-
Amerika yasubukuye gahunda yo guha Ukraine intwaro
20 March 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko yasubukuye gahunda yo guha Ukraine inkunga mu bya gisirikare no gusangira na Kyiv amakuru y’ubutasi.
-
Rihanna yahishuye ko atwite (Amafoto)
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Rihanna yaraye ahishuye ko yitegura kwibaruka umwana wa Gatatu ubwo yari mu birori bya Met Gala.
-
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri
9 February, by Angeline MUKANGENZIMu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara y’Igicuri (Epilepsy Surgery Training Camp), aho ku ikubitiro batangiye kubaga umurwayi wari umaze imyaka igera muri 15 afata imiti y’igicuri.
-
U Bufaransa: Hatangiye urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
3 February, by Angeline MUKANGENZIUrugereko rw’ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda mu Bufaransa, rugiye gutangira kuburanisha urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana Claude wajuririye igifungo cy’imyaka 14 yakatiwe nyuma yo guhamywa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
CG Felix Namuhoranye yijeje Police FC itwara ibikombe itabishingiye kuri ruswa
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yijeje Police FC ubufasha bwose ikeneye kugira ngo ibe ikipe irushaho gutwara ibikombe hatabayemo inzira zinyuranyije n’amategeko zirimo na ruswa.
-
Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yapfuye
3 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Laker Kinyera wakoreraga muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Mulago i Kampala.
-
Ibyiza biri mu gukora imibonano mpuzabitsina kenshi
24 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUsibye kuba imibonano mpuzabitsina ifasha mu kwagura umuryango ndetse n’abayikora bemeza ko hari ibyishimo bayikuramo bituma bishimira kuyikora.
-
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
24 February, by ISIMBI EstellaTom Close yibukije abanyarwanda ko uvuga nabi Leta aba yototera umuturage nka kumwe imbeba irya umuhini yototera isuka.
Umuryango.rw
Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro
Amerika yasubukuye gahunda yo guha Ukraine intwaro
Rihanna yahishuye ko atwite (Amafoto)
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri
U Bufaransa: Hatangiye urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
CG Felix Namuhoranye yijeje Police FC itwara ibikombe itabishingiye kuri ruswa
Ambasaderi Wungirije wa Uganda mu Rwanda yapfuye
Ibyiza biri mu gukora imibonano mpuzabitsina kenshi
Tom Close yakubise inkonji Bad Rama