Uwitwa KEZA Delight yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KEZA MUGABO DELIGHT mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
KEZA Delight yasabye guhindura amazina akitwa KEZA MUGABO DELIGHT
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Thailand: Urukiko rwahagaritse Minisitiri w’Intebe kubera imyitwarire mibi
9 December 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Thailand rwahagaritse Minisitiri w’Intebe, Paetongtarn Shinawatra, rumushinja kugira imyitwarire idahwitse, bituma avanwa ku butegetsi nyuma y’umwaka umwe.
-
Iran na Misiri bishaka gushinga umuryango w’ubutabarane mu Burasirazuba bwo Hagati
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran na Misiri byagaragaje ubushake bwo kumvisha ibindi bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati ngo byihurize hamwe bishinge umuryango w’ubwirinzi no gutabarana mu bya gisirikare bihuriyeho waba ukora nka OTAN.
-
Dr Iyamuremye Augustin niwe watorewe kuyobora Sena
17 October 2019, by Dusingizimana RemyDr. Iyamuremye Augustin niwe watorewe kuyobora Sena y’u Rwanda muri manda y’imyaka 5 ahundagajweho amajwi 25 mu gihe Zephyrin Kalimba bari bahataniye uyu mwanya we yagize ijwi rimwe.
-
Sudani y’Epfo: Abitwaje intwaro bishe abarenga 160 barimo abashinzwe umutekano
3 March, by ISIMBI EstellaMu rukerera rwo ku wa 1 Werurwe 2026, abitwaje intwaro bataramenyekana neza bagabye igitero muri Sudani y’Epfo, bica abantu 169 barimo abashinzwe umutekano.
-
Trump yatangiye ibiganiro byo kugura Greenland
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuWhite House yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump hamwe n’abagize guverinoma ye bari mu biganiro ku bijyanye no kugura ikirwa cya Greenland.
-
Ifoto y’umunsi: Hashyizwe hanze Ifoto ya perezida Kagame imaze imyaka 26 yose
1 July 2019, by Dusingizimana RemyMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 25,umuyobozi w’ishami rishinzwe itangazamakuru muri RGB,Gerrard Mbanda yashyize hanze ifoto ya nyakubahwa perezida Kagame imaze imyaka 26,ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba Radio Muhabura ku byerekeye urugamba rwo kubohora u Rwanda.
-
Trump yavuze ko abandi banyamerika benshi bashobora kugwa muri ibi bitero bagabye kuri Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIDonald Trump mu ijambo rye yavuze ko "ibitero " kuri Iran bizakomeza "kugeza igihe intego zabo zose zizaba zagezweho"
-
Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente
26 April 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda ishima uruhare Papa Francis yagize mu kuyunga Kiliziya Gatolika n’u Rwanda, asaba ko umurage asize usigasirwa uko bikwiye.
-
Kabuga akomeje kubera umutwaro urukiko rwa Loni
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwagaragaje ko Kabuga Félicien akomeje kurubera umutwaro mu gihe rusabwa kugabanya ingengo y’imari rukoresha.
Umuryango.rw
KEZA Delight yasabye guhindura amazina akitwa KEZA MUGABO DELIGHT
Thailand: Urukiko rwahagaritse Minisitiri w’Intebe kubera imyitwarire mibi
Iran na Misiri bishaka gushinga umuryango w’ubutabarane mu Burasirazuba bwo Hagati
Sudani y’Epfo: Abitwaje intwaro bishe abarenga 160 barimo abashinzwe umutekano
Trump yatangiye ibiganiro byo kugura Greenland
Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente
Kabuga akomeje kubera umutwaro urukiko rwa Loni