Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imbaraga zashyizwe mu kwita ku bafite virusi itera Sida mu Rwanda zitanga umusaruro kuko muri uyu mwaka wa 2025, abayifite bari hejuru y’imyaka 50 bagera kuri 30% y’abayifite bose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abagera kuri 30% y’abafite Virusi itera Sida mu Rwanda bari hejuru y’imyaka 50
14 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Mwe bato mumenye ko ukuri tuvuga ko guca mu ziko ntigushye-Madamu Jeannette Kagame
30 April, by ISIMBI Estella“Mwe bato, mumenye ko ukuri n’ubwo tuvuga ko guca mu ziko ntigushye ndetse igihe cyose gutsinda umwijima, ariko ntikwirwanirira. Bisaba abantu bahaguruka bakagushyira ahagaragara, bakoresheje ubwenge n’ubushishozi kuko abarwanya ukuri bahora bashakisha uko bayobya abantu.”
-
Gicumbi: Umugabo yakomerekejwe igitsina n’indaya
25 April, by Angeline MUKANGENZIUmugabo wo mu Karere ka Gicumbi yakomerekejwe igitsina n’indaya ubwo bashyamiranaga ku mafaranga y’ubwishyu nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina.
-
Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi akaba n’umuproducer, umucuranzi ndetse n’umukinnyi wa filime uzwi nka SANO PANDA, azasusurutsa abakunzi b’umuziki ari kumwe n’umuhanzi ukunzwe mu ndirimbo z’urukundo Yvan Mpano.
-
NDOLI Parfait yasabye guhindurirwa amazina akitwa MANZI Parfait
14 April, by ISIMBI EstellaNDOLI Parfait yasabye guhindurirwa amazina akitwa MANZI Parfait mu bitabo by’irangamimerere.
-
Leta ya RDC yatinye kwakira abasirikare 5000 bafashwe mpiri na AFC/M23
8 April, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatinye kwakira abasirikare 5000 bafashwe mpiri n’ihuriro AFC/M23, bugaragaza ko bashobora kubugambanira.
-
Umushoramari Abdul Samad Rabiu yashimye imiyoborere ya Perezida Kagame
13 March, by Angeline MUKANGENZIUmushoramari akaba n’umwe mu bakire bakomeye muri Afurika, Abdul Samad Rabiu, yatangaje ko imiyoborere ya Perezida Kagame ireba kure ndetse igaharanira iterambere ry’u Rwanda, ikomeje kubera urugero ibindi bihugu bya Afurika no hanze yayo.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
11 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA Emmanuel ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Umusirikare w’u Bufaransa yiciwe muri Iraq
13 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yamaganye igitero cya drone cyagabwe ku ngabo z’u Bufaransa mu Majyaruguru ya Iraq mu gace ka Erbil, kigahitana umusirikare mukuru umwe, abandi batandatu bagakomereka.
-
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye
13 September 2020, by Dusingizimana RemyUwitwa Maniragaba François wari ufungiye kuri station ya Police ya Murambi mu Karere ka Rulindo, yarashwe na Police kuri iki cyumweru, ubwo yagerageza gutoroka aho yari afungiye, ahita ahasiga ubuzima.
Umuryango.rw
Abagera kuri 30% y’abafite Virusi itera Sida mu Rwanda bari hejuru y’imyaka 50
Mwe bato mumenye ko ukuri tuvuga ko guca mu ziko ntigushye-Madamu Jeannette Kagame
Gicumbi: Umugabo yakomerekejwe igitsina n’indaya
Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin
NDOLI Parfait yasabye guhindurirwa amazina akitwa MANZI Parfait
Leta ya RDC yatinye kwakira abasirikare 5000 bafashwe mpiri na AFC/M23
Umushoramari Abdul Samad Rabiu yashimye imiyoborere ya Perezida Kagame
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye