Umutwe wa Islamic State (IS) wigambye igitero ku basivile mu gace ka Komanda mu ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho, abantu 45 barimo abari bari gusenga bishwe n’umutwe wa Alliance Democratic Forces(ADF) ukorana na IS.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
DR Congo: Islamic State yigambye igitero cy’i Komanda muri Ituri aho abantu bishwe barimo gusenga
29 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Gen Tshiwewe akekwaho gushaka kwivugana Perezida Tshisekedi
16 July 2025, by Joseph IradukundaGénéral Christian Tshiwewe Songesha wabaye Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2022 kugeza mu 2024, akekwaho gushaka kwica Perezida Félix Tshisekedi.
-
MINEDUC igiye guha amashuri abanza mu gihugu abacungamutungo
29 August 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’uburezi yatangaje ko mu mashuri abanza hagiye gutangwa akazi ku bakozi bashya bashinzwe icungamutungo. MINEDUC yemeza ko aba bakozi bakenewe mu micungire myiza y’umutungo w’ibigo by’amashuri.
-
Polisi y’u Rwanda yahakanye iby’itabwa muri yombi rya Miss Muheto
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine, nyuma y’amasaha bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga.
-
Sobanukirwa impamvu Rihanna n’umugabo we Asap Rocky batagira umukozi wita ku bana babo
20 April 2025, by Gladiator OGMu busanzwe ibyamamare bibaho ubuzima buhenze, ubuzima bwiyubashye ndetse abakiri ku cyavu baba baburota. Bitewe nuko ubuzima ibyamamare bibaho buba busaba akazi kenshi ninako usanga abakozi ibyamamare bikoresha baba ari benshi haba mu rugo ndetse n’ahandi hose bibaye ngombwa. Gusa biba ari ibintu bitangaje kubona ibyamamare nka Rihanna ndetse n’umugabo we Asap Rocky babaho nta mukozi wo mu rugo bagira Umwe ubafasha imirimo irimo no kurera abana babo. Ese impamvu ni iyihe.? Kuberiki Rihanna (…)
-
Abashinwa baba mu Rwanda batangiye ibihe by’umunezero
23 January, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Abashinwa baba mu Rwanda wizihije Umwaka Mushya w’Abashinwa (Lunar New Year) wa 2026, wakira ku mugaragaro itsinda rishya ry’Abaganga b’Abashinwa (China Medical Team – CMT), bishimangira gukomeza ubufatanye mu by’ubuvuzi bumaze imyaka 45 hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa.
-
Abarimo Barafinda na Mucoma bajuririye icyemezo kibafunga by’agateganyo
3 March, by Angeline MUKANGENZIBarafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick, Nizeyimana Didier (Mucoma), Japhet Nkeramihigo na Tumukunde bajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko bafungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Ibigo by’amashuri byahagarikiwe abayobozi bigiye guhabwa abashya- REB
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), Dr. Mutezigaju Flora, yatangaje ko mu ntangiriro z’iki gihembwe cya kabiri ibigo byose by’amashuri byahagarikiwe abayobozi bizahabwa abashya.
-
Sobanukirwa ikibi kurusha ikindi mumubiri hagati y’umunyu n’isukari
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyu n’isukari uko umuntu agenda akura cg bitewe nibyo akora niko n’ingano agenda akenera ku munsi ihinduka. Muri rusange umuntu akeneye garama zitarenze 2.3 (2.3 g) ku munsi z’umunyu (sodium) na garama zitarenze 40 (40 g) z’isukari (abagabo bakenera isukari nyinshi kurusha abagore; 37.5 g kuri 25 g)
-
Gen Muhoozi yasabye Amerika imbabazi nyuma yo kuyibasira
30 January, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kwibasira Ambasade yazo iri i Kampala.
Umuryango.rw
DR Congo: Islamic State yigambye igitero cy’i Komanda muri Ituri aho abantu bishwe barimo gusenga
Gen Tshiwewe akekwaho gushaka kwivugana Perezida Tshisekedi
MINEDUC igiye guha amashuri abanza mu gihugu abacungamutungo
Polisi y’u Rwanda yahakanye iby’itabwa muri yombi rya Miss Muheto
Sobanukirwa impamvu Rihanna n’umugabo we Asap Rocky batagira umukozi wita ku bana babo
Abashinwa baba mu Rwanda batangiye ibihe by’umunezero
Abarimo Barafinda na Mucoma bajuririye icyemezo kibafunga by’agateganyo
Ibigo by’amashuri byahagarikiwe abayobozi bigiye guhabwa abashya- REB
Sobanukirwa ikibi kurusha ikindi mumubiri hagati y’umunyu n’isukari
Gen Muhoozi yasabye Amerika imbabazi nyuma yo kuyibasira