Uwase Kathia Kamali mukuru wa nyampinga w’u Rwanda 2020 , Naomi Nishimwe, yihanije mu buryo bukomeye umukobwa wamubajije impamvu Adonis Javon Filler umukunzi wa Kathia atigeze agaragara akina mu mikino ya BAL kandi asanzwe ari umukinnyi wa APR BBC ikipe yari ihagarariye u Rwanda muri iyi mikino.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
28 May 2025, by Gladiator OG -
Ryoherwa n’imikino ikomeye ya ruhago muri uku kwezi kwa Gashyantare kuri STARTIMES
4 February 2021, by Dusingizimana RemyNubwo Mutarama yarangiye,imikino yo ntihagarara kuri Startimes kuko shene zayo arizo abakunzi ba ruhago bazareberaho umukino wa nyuma wa CAF African Nations Championship CHAN 2020 uzaba kuwa 07 Gashyantare 2020.
-
Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUko Ingabo z’abicanyi zagendaga zitsindwa niko zakazaga ingamba zo kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi aho ryabaga ritarakorwa. Imbaraga nyinshi zashyirwaga mu cyiswe “auto-defense civile” bukaba bwari uburyo bwo gukomeza gukwiza intwaro mu Nterahamwe, kwinjiza urubyiruko mu basilikare no kongera ibikoresho byo kwica. Ibi byemezo byose bigaragara mu nyandiko ziri muri Agenda ya KAMBANDA yo muri 1994.
IBYEMEZO BYO KWONGERERA URUBYIRUKO IMYITOZO YA GISILIKARE NO KURUHA INTWARO
Iyi nama yatumijwe (…) -
Yaryamanaga n’amasugi afite amabere ashinze:Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin yaregewe Urukiko
27 January, by ISIMBI EstellaDosiye ya Dr Manirakiza Benjamin irimo byinshi abakunda inkuru zo mu Butabera bakwiriye kumenya. Ni ndende cyane ariko urebye hari abakobwa bari muri iyo dosiye akurikiranyweho kubasambanya akabishyura guhera kuri 40,000 Frw kugeza ku 100,000 Frw.
-
MUHIMA Kahindo Maranatha yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIMA Maranatha
10 February, by ISIMBI EstellaMUHIMA Kahindo Maranatha yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIMA Maranatha mu bitabo byirangamimerere.
-
Urutonde rw’abashinja Diddy Combs uri muri gereza ’mbi’ rwamenyekanye
25 September 2024, by Joseph IradukundaIcyamamare muri Hip-hop Sean "Diddy" Combs ubu ari mu munyururu ategereje urubanza ku byaha birimo gukoresha abantu imibonano mpuzabitsina ku gahato no kubikuramo inyungu.
-
Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera
27 January, by ISIMBI EstellaAbahanga mu by’imibanire y’abantu n’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko kwitegura nabi no kutamenyana neza hagati y’umugabo n’umugore ari imwe mu mpamvu nyamukuru zitera gatanya kubashakanye.
-
Nigeria: Umuhanzi Ifunanya yapfuye arumwe n’inzoka
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Nigeria wari ufite imyaka 26, Ifunanya Nwangene, yapfuye nyuma yo kurumwa n’inzoka yamusanze mu cyumba aryamye, mu nzu aho yabaga muri Nigeria.
-
U Rwanda rwasabye Loni kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko
28 January, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yasabye akanama kawo gashinzwe umutekano kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko mpuzamahanga.
-
Ahiga ishoka ku mazina menshi , menya amazina 50 umuraperi Bulldog yitwa.
1 April 2025, by ISIMBI EstellaUyu ni umuhanzi w’Izina riremereye cyane mu muziki nyarwanda, ni inkuba ndetse akaba icyogere mu njyana ya Rap hano mu Rwanda. mu myaka irenga 15 amaze akora umuziki nta muntu numwe ushidikanya ku mpano ye ndetse n’Ubukorikori bwe, ni icyatwa mu kwandika imirongo inoze ndetse akaba ubukombe mu kujyana n’Umudiho wa Rap. ibigwi bye bimwerera kwitwa umunyabigwi wa muzika nyarwanda , akaba inzu y’ibitabo ndetse rwose akaba ari ingabo y’Igikwerere mu bahanzi bakora Rap mu Rwanda. muriyi nkuru (…)
Umuryango.rw
Kathia Kamali yahaye gasopo umukobwa wari umubajije impamvu umugabo we atigeze akina imikino ya BAL
Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi
Yaryamanaga n’amasugi afite amabere ashinze:Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin yaregewe Urukiko
MUHIMA Kahindo Maranatha yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIMA Maranatha
Urutonde rw’abashinja Diddy Combs uri muri gereza ’mbi’ rwamenyekanye
Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera
Nigeria: Umuhanzi Ifunanya yapfuye arumwe n’inzoka
U Rwanda rwasabye Loni kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko
Ahiga ishoka ku mazina menshi , menya amazina 50 umuraperi Bulldog yitwa.