Ikipe ya Real Madrid yatangiye guhangana na FC Barcelona bigizwemo uruhare na Perezida wayo Florentino Perez washinjije FC Barcelona ruswa ku basifuzi mu myaka ishize ndetse agaragaza ko no muri uyu mwaka Real Madrid yibwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Real Madrid na FC Barcelona zatangiye guhangana byeruye
14 May, by ISIMBI Estella -
Amb.Nduhungirehe abona hakwiye uburyo bushya bwo kubungabunga amahoro no gukemura amakimbirane ku Isi
22 May, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yasabye ko ibikorwa byo kubungabunga amahoro bikorwa hifashishijwe uburyo bwuzuye kandi buhuje inzego zitandukanye, agaragaza ko amakimbirane yo muri iki gihe agenda arushaho gukomera no kuba urusobe kubera ubwiyongere bw’imitwe yitwaje intwaro, abacanshuro, amakuru y’ibinyoma ndetse n’imvugo z’urwango bikwirakwizwa hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Rema asobanura icyamuteye gutandukana na Justine Skye wahoze ari umukunzi we
1 June, by ISIMBI EstellaUmuhanzi wo muri Nigeria, Divine Ikubor uzwi nka Rema, yavuze ku mpamvu yatumye atandukana n’uwahoze ari umukunzi we Justine Skye, agaragaza ko hari ibibazo by’imibanire byari byaragiye bibasira urukundo rwabo.
-
Uncle Austin yagaragaje ko akumbuye kuririmba, aratekereza gutegura igitaramo
10 July, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Uncle Austin, amazina ye nyakuri akaba Austin Tosh Luwano, yongeye gukangura ibyishimo mu bakunzi b’umuziki nyuma yo gutangaza ko yumva akumbuye kongera guhagarara ku rubyiniro ndetse ko ari gutekereza gutegura igitaramo.
Umuryango.rw
Real Madrid na FC Barcelona zatangiye guhangana byeruye
Amb.Nduhungirehe abona hakwiye uburyo bushya bwo kubungabunga amahoro no gukemura amakimbirane ku Isi
Rema asobanura icyamuteye gutandukana na Justine Skye wahoze ari umukunzi we
Uncle Austin yagaragaje ko akumbuye kuririmba, aratekereza gutegura igitaramo