Rayon Sports WFC yanyagiye Indahangarwa WFC ibitego 4-0 yegukana Igikombe kiruta ibindi mu Rwanda “FERWAFA Super Coupe cya 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rayon Sports WFC yegukanye Super Coupe ya 2025 inyagiye indahangarwa WFC
10 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
John Legend uheruka i Kigali yasinye muri sosiyete ya Jay-Z
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, John Legend, yamaze gutandukana n’umujyanama we wa hafi mu kazi, Ty Stiklorius, bari bamaze imyaka igera kuri 20 bakorana, aho agiye gukorana na sosiyete ya Jay-Z izwi nka Roc Nation.
-
Iran yahise itangaza uko izihimura igihe hashyirwa mu bikorwa umugambi watangajwe na Trump
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuIran yatangaje ko yiteguye kugaba ibitero bikomeye ku bikorwaremezo by’amashanyarazi bya Israel, no ku bigo bitanga amashanyarazi ku birindiro bya America biri mu karere ka Gulf, mu gihe Perezida Donald Trump yashyira mu bikorwa umugambi aherutse gutangaza wo gusenya burundu ibikorwaremezo by’amashanyarazi bya Iran.
-
Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko irimo gukorera ‘online’
5 March, by Angeline MUKANGENZIAmbasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko irimo gukorera ‘online’ “kubera uko umutekano wifashe ubu” muri icyo gihugu.
-
FIFA Series: Kigali Pelé Stadium yugarijwe n’ibura ry’umuriro yahawe imikino ya nijoro
24 February, by Angeline MUKANGENZIIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryashyize hanze uko amakipe azahura mu irushanwa rya FIFA Series 2026, harimo n’umukino uzabera muri Kigali Pelé Stadium uteganyijwe ku masaha ya nijoro nyamara itaka.
-
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga wo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda
27 February, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’Umushinga w’itegeko rishyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda (National Defence University Rwanda).
-
Kampala: Umunyamakuru wakoreye New Vision yishwe arashwe
20 April, by Angeline MUKANGENZIUmunyamakuru w’inararibonye, Joe Nam, w’imyaka 55, wahoze ari umunyamakuru w’ikinyamakuru New Vision cyo muri Uganda wakoze inkuru ku bucuruzi, ibidukikije na politiki, yarasiwe, mu gitondo cyo ku Cyumweru, iwe mu nkengero z’Umujyi wa Kampala.
-
Nyagatare: Mu kwezi kumwe, 91 bafunzwe bakekwaho gukoresha ry’ibiyobyabwenge
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuImibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, igaragaza ko mu giuhe cy’ukwezi kumwe abantu 91 batawe muri yombi mu Karere ka Nyagatare bakurikiranyweho ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge birio urumogi n’inzoga z’inkorano.
-
Kenya: Impunzi zigaragambije, polisi ije guhosha babiri bahasiga ubuzima
29 July 2025, by Joseph IradukundaMuri Kenya, impunzi zicumbikiwe mu nkambi ya Kakuma, zakoze imyagaragambyo yamagana igabanuka ry’imfashanyo z’ibiribwa zihabwa, ndetse n’izindi mpinduka ziteganyijwe, Polisi itabaye babiri bahasiga ubuzima, abandi benshi barakomereka.
-
Perezida Museveni yirukanye abarenga 150 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe
13 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Yoweri Kaguta Museveni yategetse Ikigo gishinzwe iby’Indege za Gisivili muri Uganda, UCAA, kwirukana abakozi 152 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe bahawe akazi batujuje ibisabwa.
Umuryango.rw
Rayon Sports WFC yegukanye Super Coupe ya 2025 inyagiye indahangarwa WFC
John Legend uheruka i Kigali yasinye muri sosiyete ya Jay-Z
Iran yahise itangaza uko izihimura igihe hashyirwa mu bikorwa umugambi watangajwe na Trump
FIFA Series: Kigali Pelé Stadium yugarijwe n’ibura ry’umuriro yahawe imikino ya nijoro
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga wo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda
Kampala: Umunyamakuru wakoreye New Vision yishwe arashwe
Nyagatare: Mu kwezi kumwe, 91 bafunzwe bakekwaho gukoresha ry’ibiyobyabwenge
Kenya: Impunzi zigaragambije, polisi ije guhosha babiri bahasiga ubuzima
Perezida Museveni yirukanye abarenga 150 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe