Mu gihe Israel yarasa mu Iran, mu rwego rwo kwihimura kuri icyo gihugu giherutse kurasa ibisasu birenga 180 ku butaka bwayo, Iran nayo iri kwitegura kuba yasubiza icyo gitero, ikarasa ku bubiko bwa peteroli muri Israel ariko by’umwihariko, ikaba yarasa ku ntwaro za nucléaire z’icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran ishobora kwikiza Israel ikoresheje intwaro za nucléaire
12 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Inteko ya Amerika yateye utwatsi umwanzuro witambika Trump kuri Venezuela
23 January, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Amerika yanze gutora umwanzuro wari ushyigikiwe n’aba-Democrates, ugamije kugabanya ububasha bwa Perezida Trump mu bijyanye no gukoresha imbaraga za gisirikare muri Venezuela bitabanje kwemezwa n’abagize Inteko.
-
Perezida Museveni yirukanye abarenga 150 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe
13 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Yoweri Kaguta Museveni yategetse Ikigo gishinzwe iby’Indege za Gisivili muri Uganda, UCAA, kwirukana abakozi 152 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe bahawe akazi batujuje ibisabwa.
-
Kuri Mars habonetse ikimenyetso cyatumye hakekwa ko higeze ubuzima
27 November 2024, by Joseph IradukundaAbashakashatsi mu by’isanzure batunguwe cyane n’amakuru yagaragajwe n’icyogajuru cy’Abanyamerika cyiswe Perseverance, yerekana ahantu h’icyatsi ku bitare byo ku Mubumbe wa Mars.
-
Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yapfiriye ku muvuzi gakondo
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuKantarama Consolée w’imyaka 62 wari Umujyanama w’Ubuzima mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rwa Kanyenzi Eliphase uvugwaho gukora ubuvuzi bwa gakondo buzwi nka magendu.
-
Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$
11 December 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’ingabo, riteganya ko Ukraine izahabwa miliyoni 800$ yo kuyifasha mu bya gisirikare kugeza mu 2027.
-
Lewandowski yahaye ubutumwa bukomeye abakunzi ba FC Barcelona baraye mu gahinda
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa FC Barcelona, Robert Lewandowski, yahaye ubutumwa bw’ihumure abakunzi ba FC Barcelona bararanye agahinda.
-
Rubavu: Gitifu urwaje amavunja yiswe amashitani yasabwe gutanga ibisobanuro
6 December 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bvuga ko bwandikiye ibaruwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamyumba, bumusaba gutanga ibisobanuro by’impamvu abaturage ayoboye barwara amavunja.
-
Ku myaka 57 ya mavuko abashije kubona umukobwa yegurira umutima we
16 May 2025, by Gladiator OGKu munsi wejo muri Uganda nta yindi nkuru yiriwe iyoboye izindi mu kuvugwa cyane usibye iyi ngiyi. Uyu mugabo w’igikwerere ureba amazina ye Yitwa Frank Gashumba akaba afite imyaka 51 ya mavuko ni umuyobozi w’Umuryango w’abafite inkomoka mu Rwanda witwa "Abavandimwe"
-
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mukuru mwiza wa Eid al Fitr
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yifurije abayisilamu bose umunsi mukuru mwiza wa Eid al Fitr usoza igisibo cy’ ukwezi kwa ‘Ramadhan’.
Umuryango.rw
Iran ishobora kwikiza Israel ikoresheje intwaro za nucléaire
Inteko ya Amerika yateye utwatsi umwanzuro witambika Trump kuri Venezuela
Perezida Museveni yirukanye abarenga 150 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe
Kuri Mars habonetse ikimenyetso cyatumye hakekwa ko higeze ubuzima
Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yapfiriye ku muvuzi gakondo
Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$
Lewandowski yahaye ubutumwa bukomeye abakunzi ba FC Barcelona baraye mu gahinda
Rubavu: Gitifu urwaje amavunja yiswe amashitani yasabwe gutanga ibisobanuro
Ku myaka 57 ya mavuko abashije kubona umukobwa yegurira umutima we