Musoni Straton uri mu bashinze umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi, akanawubera Visi Perezida, yagaragaje ko u Rwanda rudashobora kwemera ko hari ikibi nka Jenoside yakorewe Abatutsi cyakongera kurubamo, anakurira inzira ku murima abibwira ko bazarwinjiramo bakoresheje imbaraga za gisirikare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abita FDLR abasaza, imikoranire na RDC n’ibinyoma ku Rwanda: Musoni uri mu bashinze FDLR yavuze
10 April 2025, by ISIMBI Estella -
Tems yahishuye ko yungukiye mu muziki kurusha uko yari abyiteze
2 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’Umunya-Nigeria Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yavuze ko amaze kugera gutera imbere cyane kurusha intego yari yiyemeje mu muziki ubwo yawutangiraga.
-
IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda
6 January, by ISIMBI EstellaUmunyamerika umaze kuba icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yatangaje ko mu rugendo ari kugirira mu bihugu bitandukanye muri Afurika, nagera mu Rwanda ateganya kuzasura ingagi mu birunga.
-
Eminem aravugwa mu rukundo n’umukobwa umwambika
17 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Marshall Bruce Mathers III wamamaye nka Eminem ari kuvugwa mu rukundo n’umukobwa witwa Katrina Malota, umukorera ‘makeup’ akanamwambika.
-
AFC/M23 yariye karungu, yisubije ibice by’ingenzi hafi ya Rubaya
26 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’abarwanyi ba AFC/M23 bisubije ibice bitandukanye byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari bazo.
-
Marburg inkomoko yayo yamenyekanye ariko hirindwa kugira utungwa urutoki
20 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko icyorezo cya Marburg cyadutse mu Rwanda kivuye mu ducurama ariko atavuze aho twari turi.
-
Lionel Messi aricuza kuba atazi icyongereza
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuKapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, aricuza kuba atazi icyongereza kandi yari afite amahirwe yo kukiga.
-
INYANDIKO ISABA GUSHYIRA MU BIKORWA UMWANZURO W‘URUKIKO MU RUBANZA RC00031/2024/TGI/GSBO KU NEZA.
30 December 2025, by ISIMBI Estella -
Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo
8 January, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo yadutse mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umukozi w’Ibiro bishinzwe Abinjira n’Abasohoka,(ICE) yishe arashe umugore w’imyaka 37 witwa Renee Nicole Good.
-
Ndashaka guhangana n’abayobozi batuzuza ibyo bagomba gukorera abaturage-Perezida Kagame
8 May 2019, by Dusingizimana RemyMu ruzinduko perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye mu karere ka Burera kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Gicurasi 2019,yabwiye abayobozi badashyira mu bikorwa inshingano zabo agiye guhangana nabo ndetse adashobora kwihanganira imikorere mibi yabo.
Umuryango.rw
Abita FDLR abasaza, imikoranire na RDC n’ibinyoma ku Rwanda: Musoni uri mu bashinze FDLR yavuze
Tems yahishuye ko yungukiye mu muziki kurusha uko yari abyiteze
IShowSpeed arateganya gusura ingagi zo mu Birunga mu Rwanda
Eminem aravugwa mu rukundo n’umukobwa umwambika
AFC/M23 yariye karungu, yisubije ibice by’ingenzi hafi ya Rubaya
Marburg inkomoko yayo yamenyekanye ariko hirindwa kugira utungwa urutoki
Lionel Messi aricuza kuba atazi icyongereza
INYANDIKO ISABA GUSHYIRA MU BIKORWA UMWANZURO W‘URUKIKO MU RUBANZA RC00031/2024/TGI/GSBO KU NEZA.
Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo