Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Iran riri mu biganiro na FIFA, bijyanye no gukura imikino yayo y’Igikombe cy’Isi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikajyanwa muri Mexique kubera impungenge z’umutekano w’abakinnyi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran mu biganiro byo gukura imikino yayo y’Igikombe cy’Isi muri Amerika
17 March, by Angeline MUKANGENZI -
Tiwa Savage yahishuye uko gutwita umuhungu byamubabaje
19 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage yatangaje ko atigeze yishimira kubyara umuhungu we, ndetse ko yanarize igihe bamubwiraga ko azamubyara aho kuba umukobwa kuko ngo yakuze ari byo yifuza.
-
Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo
19 February, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwashyize mu muhezo iburanisha ry’urubanza ruregwamo abarimo Barafinda Sekikubo Fred na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet.
-
Ubuhamya bwa Kayiranga, umunsi Abacengezi batera i Nyange mu 1997
19 March, by Angeline MUKANGENZIKayiranga Aloys ni umwe mu banyeshuri bigaga mu mwaka wa Gatandatu ku Ishuri Ryisumbuye rya Nyange mu 1997, akaba yariboneye ibitero by’Abacengezi byahitanye bagenzi be biganaga abandi bagakomereka bazira kwanga kwitandukanya kubera amoko ahubwo bagakomera ku kuvuga ko bose ari Abanyarwanda.
-
Trump yasubitse urugendo rujya mu Bushinwa kubera intambara ya Iran
17 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko basabye ko uruzinduko yagombaga kugirira mu Bushinwa muri Werurwe rwimurirwa nyuma y’ukwezi kubera intambara iri kurwanirwa muri Iran.
-
Umuherwe Aga Khan uzwi cyane mu karere nka nyiri ibitaro bikomeye biri i Nairobi yapfuye
5 February 2025, by Joseph IradukundaAga Khan, umuherwe utunze za miliyari z’amadorari akaba n’umuyobozi mu by’ukwemera yapfuye ku myaka 88, nk’uko byatangajwe n’ikigo cye Aga Khan Development Network.
-
AFC/M23 yongeye kugaragaza ingaruka ziteye inkeke zo kuba uruhande bahanganye rwirengagiza ibyo rwasinyiye
16 January, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryongeye kugaragaza ko uruhande bahanganye mu mirwano, rukomeje kurenga ku masezerano y’i Doha, aho rwakoresheje indege zitagira abapilote zigashanyaguza bimwe mu bikorwa byo muri Uvira, zikanahitana ubuzima bw’abaturage.
-
AFC/M23 yongeye gufata uduce twa Katala na Marundi muri Mwenga
6 March, by ISIMBI EstellaUduce twa Katala na Marundi duherereye muri Teritwari ya Mwenga Territory twongeye kujya mu maboko y’umutwe wa AFC/M23, nyuma y’imirwano yabaye muri ako gace.
-
Papa Leo XIV yasabye amahanga gufasha impunzi z’Abanye-Congo n’abibasiwe n’ibiza muri Afurika
19 January, by Angeline MUKANGENZIUmushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika Papa Leo XIV, yasabye amahanga n’abakirisitu batuye Isi gukomeza gusabira no gutanga ubufasha ku baturage bo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje guhunga imirwano.
-
CAF yahannye Sénégal na Maroc zateje imvururu muri CAN 2025
29 January, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano bikomeye Ishyirahamwe rya Ruhago muri Sénégal n’iryo mu Bwami bwa Maroc, ndetse ihagarika Umutoza Pape Thiaw n’abakinnyi batandukanye ku mpande zombi.
Umuryango.rw
Iran mu biganiro byo gukura imikino yayo y’Igikombe cy’Isi muri Amerika
Tiwa Savage yahishuye uko gutwita umuhungu byamubabaje
Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo
Ubuhamya bwa Kayiranga, umunsi Abacengezi batera i Nyange mu 1997
Umuherwe Aga Khan uzwi cyane mu karere nka nyiri ibitaro bikomeye biri i Nairobi yapfuye
AFC/M23 yongeye kugaragaza ingaruka ziteye inkeke zo kuba uruhande bahanganye rwirengagiza ibyo rwasinyiye
AFC/M23 yongeye gufata uduce twa Katala na Marundi muri Mwenga
Papa Leo XIV yasabye amahanga gufasha impunzi z’Abanye-Congo n’abibasiwe n’ibiza muri Afurika
CAF yahannye Sénégal na Maroc zateje imvururu muri CAN 2025