Abaturage bo mu Mirenge ya Rugengabari na Nemba mu Karere ka Burera, by’umwihariko abo mu tugari twa Nyanamo, Rukandabyuma, Kiribata na Mucaca, bamaze imyaka itatu basiragira bishyuza ingurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi wubatswe muri ako gace mu mwaka wa 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burera: Basiragiye imyaka 3 bishyuza ingurane z’ibyangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Akarere ka Rubavu kasabwe kongera kurera impano mu mikino
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bushinzwe siporo mu mashuri abanza n’ay’isumbuye bwerekanye amahirwe ari mu mikino itandukanye bugaragaza ko kuri ubu gukina bitagifatwa nko kwishimisha, ahubwo ari umwuga nk’iyindi kandi biteza imbere ababikora neza.
-
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
Rusizi: Babiri bakurikiranyweho gutera amabuye ku nzu y’uwarokotse Jenoside
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagabo babiri bo mu murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi batawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho batera amabuye ku nzu y’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Umukangurambaga mukuru wa NUP yasabye umuhungu we gusaba imbabazi kubera kwifotozanya na Museveni
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukangurambaga mukuru w’ishyaka NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Nyanzi Ssentamu, yasabye umuhungu we akaba n’Umuyobozi w’abanyeshuri muri Kaminuza ya Makerere, James Church Hill Ssentamu, gusaba imbabazi Abagande kubera kwifotozanya na Perezida Yoweri Museveni.
-
U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen
17 April, by Angeline MUKANGENZIAmbasade y’u Bufaransa mu Rwanda yamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruherereye mu mujyi wa Rouen mu ntara ya Normandie.
-
Amatorero atanu yiyongereye ku yandi yambuwe uburenganzira bwo gukorera Ivugabutumwa mu Rwanda
31 January 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse impushya zo gukorera ku butaka bw’u Rwanda ku miryango ishingiye ku myemerere itanu, bitewe n’ibibazo birimo kutubahiriza amategeko, ubuyobozi bubi ndetse n’amakimbirane.
-
Harumvikana uruhererekane mu kibazo cy’abarenga 150 bakoze imirimo muri Kaminuza y’u Rwanda bakamburwa
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage 150 bavuga ko bamaze imyaka ibiri bambuwe na Kompanyi yabahaye akazi mu kubaka muri kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, mu gihe nyiri iyi kompanyi avuga ko na we yambuwe n’indi yari yamuhaye akazi.
-
Basajije Abakobwa ba Kigali , Dore urutonde rw’Abasore 10 bakurura inkumi nyinshi mu Rwanda
30 May 2025, by Gladiator OGAbenshi mu basura u Rwanda kimwe mu bibanezeza bakanagenda barwirahira amahanga yose ni abari b’u Rwanda abenshi bemeza nta shiti ko aribo beza mu buranga ba mbere ku mugabane wa Afurika, gusa n’ubwo abakobwa ba banyarwandakazi ari ibyogere I mahanga mu bwiza ku rundi ruhande na basaza babo niba Rudasumbwa ndetse bafite imiterere ituma inkumi nyinshi zibifuza. Muri iyi nkuru mutwemerere turebere hamwe abasore 10 bakurura inkumi kurenza abandi mu Rwanda.
-
David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica
28 February, by ISIMBI EstellaUmufaransa uri mu bakomeye cyane ku Isi wamenyekanye mu kuvanga imiziki, David Guetta yagaragaje ko yishimiye kuba yibarutse umwana w’ubuheta.
Umuryango.rw
Burera: Basiragiye imyaka 3 bishyuza ingurane z’ibyangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi
Akarere ka Rubavu kasabwe kongera kurera impano mu mikino
Rusizi: Babiri bakurikiranyweho gutera amabuye ku nzu y’uwarokotse Jenoside
Umukangurambaga mukuru wa NUP yasabye umuhungu we gusaba imbabazi kubera kwifotozanya na Museveni
U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen
Amatorero atanu yiyongereye ku yandi yambuwe uburenganzira bwo gukorera Ivugabutumwa mu Rwanda
Harumvikana uruhererekane mu kibazo cy’abarenga 150 bakoze imirimo muri Kaminuza y’u Rwanda bakamburwa
Basajije Abakobwa ba Kigali , Dore urutonde rw’Abasore 10 bakurura inkumi nyinshi mu Rwanda
David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica