Umunye-Congo wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel mu 2018, Dr. Denis Mukwege, ashobora kuzahatanira n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umunye-Congo Denis Mukwege mu bakandida bashobora guhatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
2 February, by Angeline MUKANGENZI -
Amerika iri mu iperereza ku kuntu gahunda yo kwihorera ya Israel yagiye ku karubanda
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umutwe w’abadepite, Mike Johnson, yemeje ko barimo gukora iperereza ku itangazwa ry’inyandiko z’ibanga zivuga ku isuzuma rya Amerika kuri gahunda ya Israel yo gutera Irani .
-
Rugahango: Yafashwe akwirakwiza ibiro bibiri by’urumogi
29 January, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 43 wo mu murenge wa Bweramana Akagari ka Rubona Umudugudu wa Masambu, Akarere ka Ruhango, yatawe muri yombi akekwaho gucuruza kuranguza, gukwirakwiza no gukoresha ibiyobyabwenge aho yafatanwe ibiro birenga bibiri (2) by’urumogi.
-
Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amavuta ku kigo cy’ishuri
6 February, by Angeline MUKANGENZIInzego z’umutekano zikorera mu Ntara y’Amajyepfo zataye muri yombi abantu batatu undi arabacika, bakekwaho kwiba amajerekani atandatu y’amavuta batekesha ku rwunge rw’amashuri rwa Gikomero (GS Gikomero Protestant) akaba ari ubujura bwakozwe mu rukerera rw’itariki ya 4 Gashyantare 2026 babifashijwemo n’umwana w’imyaka 16 wiga kuri icyo kigo.
-
Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka y’ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Rubaya cyagwiriye abantu, rigaragaza ko byose bishinze iminzi ku micungire mibi yabwo muri uru rwego rw’ubucukuzi.
-
Alibaba igiye gushora miliyoni 431$ mu kwamamaza porogaramu yayo ya AI
2 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo Alibaba cyatangaje ko kigiye gukoresha miliyari eshatu z’ama-Yuan [miliyoni 431$] mu kwamamaza porogaramu yacyo y’ubwenge buhangano yitwa Qwen AI mu gihe cy’ikiruhuko cy’Umwaka mushya w’Abashinwa wa 2026, iri rikaba ari ishoramari riruta cyane iry’ibigo bihanganye na cyo muri ibi bihe.
-
AMAGEPFO: Inkuba yongeye gukubitira abantu ku rusengero hapfa umwe
12 March 2018, by Nsanzimana ErnestKu rusengero rwa ADEPR Gisagara, ruherereye mu murenge wa Ndora inkuba yakubise abantu bane ku Cyumweru tariki 11 Werurwe 2018, umwe ahita yitaba Imana
Ibi bibaye nyuma y’uko kuri uyu wa 10 Werurwe 2018 inkuba yakubise urusengero rw’Abadivantisite mu Karere ka Nyaruguru yicamo 14 abandi bajya mu bitaro.
Pasiteri Manihetse Venuste, uyobora urwo rusengero yatangaje ko byabaye amateraniro arangiye abakirisitu basohotse imvura ihita igwa, inkuba ikubita bugamye baza gusanga umugabo umwe (…) -
Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe Muhawenimana Beatrice
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wo mu ntara y’Iburasirazuba wishwe n’ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo nyuma y’iminsi ibiri abitse umurambo we mu nzu.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Umuyobozi wa GX Foundation ku byateza imbere ubuvuzi
15 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, Leung Chun-Ying, byagarutse ku mahirwe y’imikoranire mu guteza imbere urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
-
Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, haravugwa impfu z’abantu batatu barimo umugabo n’umugore we, bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga y’inkorano, mu gihe undi umwe basangiye na we arembeye mu Bitaro.
Impfu z’aba bantu bo mu Kagari ka Murama muri uriya Murenge wa Bweramana zamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki 02 Gashyantare 2026 nk’uko byemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bweramana Nsanzimfura Jean de Dieu.
Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru cyitwa Imvaho (…)
Umuryango.rw
Umunye-Congo Denis Mukwege mu bakandida bashobora guhatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
Amerika iri mu iperereza ku kuntu gahunda yo kwihorera ya Israel yagiye ku karubanda
Rugahango: Yafashwe akwirakwiza ibiro bibiri by’urumogi
Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba amavuta ku kigo cy’ishuri
Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200
Alibaba igiye gushora miliyoni 431$ mu kwamamaza porogaramu yayo ya AI
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Umuyobozi wa GX Foundation ku byateza imbere ubuvuzi
Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga