Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu NIDA kiratangaza ko igerageza rya mbere ryo gutanga irangamuntu nshya ikoranye ikoranabuhanga, rizatangira mu kwezi gutaha kwa Nyakanga, kikanavuga itandukaniro ryayo n’isanzwe, aho izajya ihabwa abantu bose kuva ku bakivuka.
Ubuyobozi bw’iki Kigo, butangaza ko ibikorwa remezo bizifashishwa mu gukora izi rangamuntu nshya, bigeze kuri 90% ku buryo mu kwezi gutaha hazaba hatangiye igerageza.
Umuyobozi wa NIDA, Mukesha Josephine avuga ko iyi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco
19 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi b’u Bufaransa, batangiye gupkora iperereza ku masezerano y’ubufatanye ya milioni 4.8 z’Amayero yasinywe hagati y’Ikipe y’umupira w’amaguru AS Monaco ndetse na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
-
U Rwanda rugiye gutangiza ubundi buryo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘Brachythérapie’
3 February, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hagiye gutangira uburyo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘brachythérapie’ by’umwihariko ku kuvura kanseri y’inkondo y’umura buzunganira ubwari busanzwe bwa ‘Radiothérapie’.
-
Davido yiyemeje gufungisha Nyina w’umukobwa ukomeje kumwita Se, Imyambaro ya Burna Boy yamubujije kwinjira muri Morocco: Avugwa hanze mu myidagaduro
19 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi ukomeye mu muziki wa Nigeria, Davido, yatangaje ko nibiba ngombwa aza gufungisha Nyina w’umukobwa ukomeje kumwita ko ari Se kuko ibyo bari kumukorera ari isebanya rikabije.
-
Uko abacanshuro ba Erik Prince bifashishijwe mu kugerageza gukura AFC/M23 mu Mujyi wa Uvira
11 February, by ISIMBI EstellaUmunyamerika Erik Prince washinze umutwe w’igisirikare cyigenga wa Black Water yohereje abacanshuro mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo bafashe ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwisubiza Umujyi wa Uvira wari wafashwe n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23.
-
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe
16 February, by ISIMBI EstellaAbatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko yemeye agahenge, ihuriro ry’ingabo ubutegetsi bwe bushyigikiye rikomeje kubagabaho ibitero.
-
Umunyarwanda wabaga muri Amerika bamusanze mu nzu yapfuye
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda Ndayishimiye Innocent wari utuye mu Mujyi wa Chicago muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bamusanze mu rugo yabagamo yapfuye, kugeza n’ubu ntiharamenyekana inkomoko y’urupfu rwe.
Uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko yamenyekanye cyane mu minsi ishize ubwo yakoraga amashusho y’indirimbo zitandukanye z’abahanzi b’Abanyarwanda. Mu ndirimbo yakoze harimo iyitwa ‘Merci’ y’ Umuhanzi w’ Umunyarwanda Alpha Rwirangira.
Yanavuzwe bikomeye mu makimbirane yagiranye na The Ben biturutse ku (…) -
RDB yatangaje ibiciro byo gusura ingagi mu 2026
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, bizatangira gukurikizwa mu mwaka wa 2026.
Ni mu itangazo RDB yashyize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 5 Mutarama 2026, babinyujije ku rubuga rwayo rwa X.
RDB yatangaje ko ku Banyarwanda n’abandi baturage baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi cyashyizwe ku madolari 200.
Aba ba mukerarugendo (…) -
Rubavu: Yafashwe amaze kwiba umukobwa 120 000 Frw kuri MoMo
4 October 2025, by ISIMBI EstellaNiyonizeye Emmanuel w’imyaka 23 uvuga ko ari uwo mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yafatiwe mu Murenge wa Kanzenze, Akarere ka Rubavu amaze kwibira kuri telefoni amafaranga 120 000 umukobwa witwa Turikumwenimana Dorcas ucururiza Mobile Money mu Mudugudu wa Nyamirango, Akagari ka Nyamirango, Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu.
-
Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkibazo ’Ese naba ntwite?’ kiri mu bikunze kwibazwa kenshi n’ab’igitsina gore bifuza kubyara, cyangwa abatabyifuza nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Umuryango.rw
Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda
U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco
U Rwanda rugiye gutangiza ubundi buryo bwo kuvura kanseri bwitwa ‘Brachythérapie’
Davido yiyemeje gufungisha Nyina w’umukobwa ukomeje kumwita Se, Imyambaro ya Burna Boy yamubujije kwinjira muri Morocco: Avugwa hanze mu myidagaduro
Uko abacanshuro ba Erik Prince bifashishijwe mu kugerageza gukura AFC/M23 mu Mujyi wa Uvira
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe
RDB yatangaje ibiciro byo gusura ingagi mu 2026
Rubavu: Yafashwe amaze kwiba umukobwa 120 000 Frw kuri MoMo
Ibimenyetso 10 byakwereka ko ushobora kuba utwite bitagusabye kwipimisha