Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020 Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza ku mugaragaro uburyo bwo gukoresha za robo mu kwita ku barwayi ba COVID19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MINISANTE yatangije ku mugaragaro za Robo zunganira abaganga mu kwita ku barwayi ba COVID-19 zahawe amazina atangaje [AMAFOTO]
19 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Musenyeri Smaragde Mbonyintege ni muntu ki .? Ese amateka ye ni ayahe .? Sobanukirwa byinshi ku buzima bwe.
26 March 2025, by ISIMBI EstellaMusenyeri Smaragde Mbonyintege ni umwe mu bantu bazwi na bantu benshi cyane, uyu ni umugabo wabaye umushumba wa diyoseze ya kabgayi igihe kigera ku myaka 17 yose , Umutima we w’impuhwe nyinshi, ubupfura bwe ndetse n’inama zuje ubwenge bwinshi biri mubyo abagirirwe ingabire yo kubonana nuyu mugabo bamuziho. ariko se Musenyeri Smaragde Mbonyintege ni muntu ki ? Amateka ye ni ayahe ? Murakaza neza muriyi nkuru aho tugiye kurebera hamwe amateka ya Musenyeri Mbonyintege Smaragde. Musenyeri (…)
-
Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika na Anthropic yakoze Claude AI
17 February, by Angeline MUKANGENZIAmakuru aturuka muri Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ishobora guhagarika imikoranire na Sosiyete ya Anthropic yubatse porogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano yitwa Claude AI, ikayishyira ku rutonde rw’ibigo bishobora guteza ibyago, akenshi rushyirwaho ibigo Amerika yizera ko bikorana n’abanzi bayo.
-
U Rwanda, Kenya na Uganda byiyemeje kwihutisha iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi
16 April, by Angeline MUKANGENZIAbaminisitiri b’imari baturutse muri Kenya, u Rwanda na Uganda bemeye gushyira imbere gushakira amafaranga umushinga wadindiye w’iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway (SGR), mu rwego rwo guhuza akarere ufatwa nk’umwe mu mishinga y’ibikorwaremezo ikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba.
-
Nta muntu ufite ubudahangarwa kuri visa- Marco Rubio
17 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga wa Amerika ushinzwe ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko nta muntu wandikiwe guhabwa visa ya Amerika cyangwa kutazayamburwa, kuko ubangamiye inyungu z’iki gihugu azajya ahita yakwa visa.
-
Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM imaze iminsi isohokamo amakuru y’ubwumvikane buke hagati y’ubuyobozi bwayo n’abayibarizwamo, ari nabyo bituma bamwe batangiye gutegura inzira ziyibasohoramo.
-
Impaka ziyongereye ku bakandida barimo umunyabigwi Shabani Nonda bahatanira kuyobora ruhago ya Congo
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe habura iminsi itageze ku kwezi ngo muri Repubulika Ndemokarasi ya Congo habe amatora y’uzayobora federasiyo y’umupira w’amaguru muri iki gihugu (FECOCA), impaka mu banyekongo zikomeje kwiyongera ku bakandida bamwe na bamwe cyane cyane bitewe n’uko bamwe muri bo bashinjwa kugira ubwenegihugu bubiri, kandi bitemewe mu itegeko nshinga ry’icyo gihugu, abandi bakaba batabaga mu gihugu.
-
Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashoramari barimo Bill Gates, batangije ikigega kirimo hafi miliyoni 500$, azakoreshwa mu kwita ku bagore babyara n’abana bavuka, hagamijwe gukumira ingaruka zishobora kugera muri uru rwego bitewe no guhagarika inkunga kwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika
-
Rusizi: RIB yasabye abatuye ku Nkombo kuba maso
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuMu bukangurambaga bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu buri gukorwa n’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rufatanyije n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bimukira hamwe n’ambasade y’ubuyapani mu Rwanda, Abaturage bo ku kirwa cya Nkombo kiri mu kiyaga cya kivu ahabera ingendo zijya cyangwa ziva hakurya muri DRC basabwe kuba maso kugira ngo batisanga bagushijwe mu bikorwa bijyana n’icuruzwa ry’abantu.
Abwira abaturage ba nkombo ko aho batuye byoroshye cyane ko bagushwa mu byaha by’icuruzwa (…) -
Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage
8 February, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwatangaje ko Hakizimana Pierre Célestin wayoboraga Umudugudu wa Rurembo mu Murenge wa Mukarange, uherutse gutakarizwa icyizere mu Nteko y’Abaturage, ubu yamaze gukurwa muri izo nshingano ndetse azasimbuzwa vuba.
Umuryango.rw
MINISANTE yatangije ku mugaragaro za Robo zunganira abaganga mu kwita ku barwayi ba COVID-19 zahawe amazina atangaje [AMAFOTO]
Musenyeri Smaragde Mbonyintege ni muntu ki .? Ese amateka ye ni ayahe .? Sobanukirwa byinshi ku buzima bwe.
U Rwanda, Kenya na Uganda byiyemeje kwihutisha iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi
Nta muntu ufite ubudahangarwa kuri visa- Marco Rubio
Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd
Impaka ziyongereye ku bakandida barimo umunyabigwi Shabani Nonda bahatanira kuyobora ruhago ya Congo
Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda
Rusizi: RIB yasabye abatuye ku Nkombo kuba maso
Gicumbi: Meya yavuze ku kibazo cy’Umukuru w’Umudugudu yirukaniye mu Nteko y’Abaturage