Ubuyobozi Bukuru bw’ingabo za Ukraine bwatangaje ko abasirikare b’u Burusiya 1.233.020 bamaze gupfira mu ntambara kuva ku wa 24 Gashyantare 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yigambye kwica abasirikare miliyoni 1,2 b’u Burusiya
25 January, by ISIMBI Estella -
Uhuru Kenyatta wari witezweho kwirukana M23 yasabye Leta Congo kuganira nayo
13 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza w’inyeshyamba za M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye Tshisekedi ko yakwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa DRC.
Ibi yabivuze, ubwo yari mu mujyi wa Goma aho yafunguye inama yiga kuri gahunda yo kurebera hamwe uko abarwanyi ba M23 bahurizwa hamwe mu buryo buganisha ku gukemura amakimbirane amaze ibihe byinshi muri iki gihugu.
Inama yo kuruyu wa Gatatu, iyobowe na Uhuru Kenyatta, yitabiriwe (…) -
Umudasso urya cyangwa akambara ibyo yambuye abazunguzayi ... ’nitumubona tuzamuhana’- Meya Kayisime
15 August 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali buhakana amakuru y’ uko abashinzwe gufata abazunguzayi bafata ibyo babambuye bakabyambara ibindi bakabirya. Umuyobozi w’ akarere ka Nyarugenge avuga ko umudasso ubikora ari nka wa mukobwa uba umwe agatukika bose, agashimangira ko uwafatwa abikora yahanwa
Amakuru y’ uko abashinzwe kurwanya ubucuruzi Leta y’ u Rwanda yita ubw’ akajagari bafata ibyo bambuye abazunguzayi bakabyitwarira atangazwa n’ abazunguzayi bavuga ko bajya bababona (…) -
RDC: Imitwe ya Wazalendo yahanganiye muri Walikale
23 August 2025, by ISIMBI EstellaImitwe yitwaje intwaro iba mu ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahanganiye muri teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
26 January, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KAGAME K.FESTO ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYIGENA Abdulhakimu
29 January, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko Uwitwa MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NIYIGENA Abdulhakimu mu bitabo byirangamimerere.
-
Abagenda kuri moto basabwe kugira amakenga ya kasike birinda Marburg
7 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe u Rwanda rukomeje guhangana na virusi ya Marburg abatega nabakoresha moto barasabwa kwitwararika no kugirira amakenga kasike (casque), bambara bakayigirira isuku ihagije mu rwego rwo kwirinda ko bakwandura cyangwa bakanduza abandi Marburg.
-
Canisius utoza Mukura VS yabyegetse ku basifuzi nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports
23 February, by ISIMBI EstellaUmutoza wa Mukura Victory Sports, Canisius Nshimiyimana, arashinja abasifuzi barimo Uwikunda Samuel kugira uruhare mu gutsindwa na Rayon Sports.
-
Habonetse abantu 4 bafite virusi nshya y’ubushita bw’inkende mu gihugu cy’Ubwongereza
8 November 2024, by Joseph IradukundaMu Bwongereza, urwego rushinzwe ubuzima (U.K. Health Security Agency) rwatangaje ko rwabonye abantu Abatatu bafite virusi nshya ya ‘mpox’ cyangwa se ubushita bw’inkende, abo bose uko ari batatu ngo baba mu rugo rumwe n’umurwayi wagaragaweho n’iyo ndwara bwa mbere, ubu bose bakaba barimo kuvurirwa mu bitaro bya Londres.
-
Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
Umuryango.rw
Ukraine yigambye kwica abasirikare miliyoni 1,2 b’u Burusiya
Uhuru Kenyatta wari witezweho kwirukana M23 yasabye Leta Congo kuganira nayo
RDC: Imitwe ya Wazalendo yahanganiye muri Walikale
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Abagenda kuri moto basabwe kugira amakenga ya kasike birinda Marburg
Canisius utoza Mukura VS yabyegetse ku basifuzi nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports
Habonetse abantu 4 bafite virusi nshya y’ubushita bw’inkende mu gihugu cy’Ubwongereza
Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo