Muri iy’iminsi hari kwigaragaza cyane urukundo rw’agahararo aho inshuti ziri gutandukana, ingo nyinshi zigatana. Ese uzi itandukaniro ry’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo? N’ubundi kandi, kubona itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo ntibigoye, iyo ubitekerejeho. Ariko iyo uhuye n’umukobwa cyangwa umuhungu mwiza cyane, ibyo byose bishobora guhinduka. Mu buryo utari witeze, uhita wumva umukunze cyane ku buryo ibindi byose bisigara nta cyo bivuze. Uba wumva (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo?
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
APR FC yatewe mpaga ku mukino wayihuje na Gorilla FC
6 November 2024, by Joseph IradukundaAPR FC yatewe mpaga kubera guhuriza mu kibuga abakinnyi b’abanyamahanga barindwi aho kuba batandatu nk’uko amategeko agenga Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda abiteganya.
-
RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire
3 March, by Angeline MUKANGENZImutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uheruka gushinja u Rwanda kuba ari rwo rwawujyanye mu misozi miremire yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Dore ibiganiro 5 byubatse izina rya Fatakumavuta mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda
27 January 2025, by ISIMBI EstellaSengabo jean bosco uzwi cyane nka FATAKUMAVUTA , Bosquizo , Ingagi nkuru , nandi mazina menshi ni umwe mu banyamakuru bubatse izina mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda kuva yaryinjiramo nk’umwuga mu mwaka w’I 2015 , fatakumavuta yagiye akora ibiganiro bitandukanye byarushijeho kubaka izina rye bikaba ari nabyo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru.
-
Freddy Kaniki wa AFC yagizwe Perezida wa Twirwaneho
2 July 2025, by ISIMBI EstellaFreddy Kaniki Rukema usanzwe ari Visi Perezida w’ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushinzwe ubukungu n’imari, yagizwe Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho ukorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Trump yasibye ifoto yari yatangaje yigaragaza Yesu ukiza
14 April, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yasibye ku rukuta rwe rwa Truth Social ubutumwa butavuzweho rumwe, bw’ifoto yakozwe n’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano [artificial intelligence] yamugaragazaga mu ishusho ya Yesu.
-
Centrafrique: Perezida Touadéra yatsinze amatora
6 January, by ISIMBI EstellaKomisiyo y’amatora ya Repubulika ya Centrafrique yatangaje ko Perezida Faustin-Archange Touadéra yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 76,15%, ahigika abandi bakandida barindwi bari bahatanye.
-
Koperative Umwalimu SACCO yungutse miliyari 17 Frw mu 2025
31 March, by ISIMBI EstellaKoperative Umwalimu SACCO yatangaje ko yungutse miliyari 17 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka wa 2025, avuye kuri miliyari 15 Frw mu 2024.
-
Rubavu: Uwiga muri Kaminuza akurikiranyweho kuvuga ko atemera Jenoside yakorewe Abatutsi
16 April, by ISIMBI EstellaNdatimana Zebro w’imyaka 20, ukomoka mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi wiga mu wa mbere muri kaminuza ya UTB ishami rya Rubavu, aganira na mugenzi we babana mu gipangu yamubwiye ko we ibyo kuvuga ngo ‘Jenoside yakorewe Abatutsi’ atabyemera.
-
Byarangiye Hezbollah yihoreye kuri Israel iyisukaho ibisasu bya missile 140
20 September 2024, by Joseph IradukundaHezbollah yarashe ibisasu bya roketi muri Israel uyu mutwe uvuga ko byibasiye ibirindiro by’Ingabo za Isirael (IDF). IDF ivuga ko misile 140 zarashwe muri Israel.
Umuryango.rw
Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo?
APR FC yatewe mpaga ku mukino wayihuje na Gorilla FC
RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire
Dore ibiganiro 5 byubatse izina rya Fatakumavuta mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda
Freddy Kaniki wa AFC yagizwe Perezida wa Twirwaneho
Trump yasibye ifoto yari yatangaje yigaragaza Yesu ukiza
Centrafrique: Perezida Touadéra yatsinze amatora
Koperative Umwalimu SACCO yungutse miliyari 17 Frw mu 2025
Rubavu: Uwiga muri Kaminuza akurikiranyweho kuvuga ko atemera Jenoside yakorewe Abatutsi
Byarangiye Hezbollah yihoreye kuri Israel iyisukaho ibisasu bya missile 140