Leta y’u Rwanda yemeje ko yiteguye kuganira n’abarimo Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kuri gahunda yo kuba rwakwakira abimukira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika
5 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
6 July 2025, by ISIMBI EstellaIbitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 bitangije ubuvuzi bwo gusimburiza impyiko abazirwaye, kuri ubu abagera kuri 64 bamaze guhabwa iyo serivisi.
-
EU yaciye Meta amande ya miliyoni 840$ kubera facebook Marketplace
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’ikoranabuhanga kibarizwamo imbuga nkoranyambaga za Facebook, Instagram na Whatsapp, cyaciwe amande ya miliyoni 840$ kubera ibikorwa bibi bigendereye inyungu z’urubuga-hahiro rwayo rwa Facebook Marketplace.
-
Nyamasheke: Yafatanywe ingurube 2 zibwe baramukubita kugeza apfuye
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNtabwoba Isaac w’imyaka 29 yafatanywe ingurube ebyiri bikekwa ko yari azibye ku muturage witwa Iyamuremye Danielwo mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Mubumbano, Umurenge wa Kagano, mu Karere ka Nyamasheke, abanyerondo bamufashe baramukubita kugeza ashizemo umwuka.
-
NKORE IKI ?: Mabukwe arashaka ku nyirukana ampora ko ntabyara kandi maze imyaka 12 mu rugo rwanjye
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore umaze imyaka 12 abana n’umugabo we avuga ko nyirabukwe ashaka ku musohora munzu amuhora ko atabyara. Uyu mugore yagishije inama.
-
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
6 February, by Angeline MUKANGENZINizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro, ni nyuma y’uko agaragaye mu mashusho yishimanye n’inkumi izwi cyane muri sinema nka Queen Ringo.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
soma itangazo rirambuye… -
FARDC irashinja M23 gutera ibirindiro byayo i Masisi na Kalehe
16 July 2025, by Joseph IradukundaImpande zombi zirashinjanya gutobera umuhate wo kugera ku mahoro mu biganiro birimo kuba, kubera ibikorwa byo kwitegura imirwano ndetse n’imirwano ivugwa yabaye muri iyi minsi ku mbibi z’aho impande zombi zigenzura mu ntara za Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo.
-
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndwara yo kubatwa n’inzoga ni ikibazo cy’ubuzima gishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, kandi irangwa no kuba umuntu adashobora kugenzura uburyo anywa inzoga, ahorana inyota yo kunywa cyangwa agakomeza kuyinywa nubwo byamuviramo ibibazo.
-
Jose Chameleone yageze i Kigali
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Uganda Jose Chameleon, yageze i Kigali mu ruzinduko aho aje gutaramira Abanyarwanda
Umuryango.rw
U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
EU yaciye Meta amande ya miliyoni 840$ kubera facebook Marketplace
Nyamasheke: Yafatanywe ingurube 2 zibwe baramukubita kugeza apfuye
NKORE IKI ?: Mabukwe arashaka ku nyirukana ampora ko ntabyara kandi maze imyaka 12 mu rugo rwanjye
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
FARDC irashinja M23 gutera ibirindiro byayo i Masisi na Kalehe
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
Jose Chameleone yageze i Kigali