Imodoka ya Teta Sandra yamenaguwe, amakuru ahari agahamya ko bishoboka ko ari umugabo we Weasel wayimenaguye mbere y’uko atangira gufata amashusho ataka avuga ko afashwe nabi n’umugore we.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imodoka ya Teta Sandra yamenaguwe (Amafoto)
23 September 2025, by ISIMBI Estella -
Ubutabera bw’u Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma dosiye ya Agathe Habyarimana
20 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUbugenzacyaha bwo mu rukiko rw’ubujurire rwa Paris mu Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma ubusabe bw’Ubushinjacyaha bujyanye n’impinduka mu ikurikiranwa ry’umugore wa Habyarimana Juvénal wayoboye u Rwanda, Agathe Kanziga.
-
Niba utagira umuco wo guhoberana waracikanwe
15 September 2024, by Joseph IradukundaGuhoberana ni umuco usanga mu bihugu byinshi ku Isi, bigakunda gukorwa mu byishimo n’akababaro, rimwe bikaba uburyo bwo kwereka mugenzi wawe uburyo umuri hafi mu bihe bigoye, ubundi bikaba uburyo bwo kumwerekana akanyamuneza no kwifatanya nawe.
-
Impamvu uribwa n’amenyo mu gihe uriye cyangwa unyoye ibikonje cyangwa ibishyushye
4 October 2024, by Joseph IradukundaAmenyo ari mu bice bigize akanwa kacu. Adufasha mu guhekenya ibiryo tuba turi kurya. Rimwe na rimwe tujya twisanga amenyo yacu aturya mu gihe turiye cyangwa tunyoye cyane cyane ibishyushye cyangwa ibikonje.
-
Bane bo mu turere tw’Uburasirazuba bafatanywe Kanyanga yakuzura ikigega
2 January 2025, by Joseph IradukundaAbantu bane mu Turere twa Nyagatare na Kayonza, baririye ubunani muri kasho za Polisi nyuma yo kubafatana inzoga itemewe ya kanyanga ingana na litiro 1,250.
-
Itangazo: KAMBANDA Julienne yasabye guhindura amazina akitwa NZASANGA KAMBANDA Julienne
23 September 2024, by UbwanditsiUwitwa KAMBANDA Julienne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NZASANGA KAMBANDA Julienne mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba ari ukugira amazina ari mu byangombwa -
Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko mu ijoro ryakeye habaye ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu gihe kitari gito, Minisiteri y’Ibikorwaremezo yiseguye ku banyarwanda bose avuga ko hari gushakwa umuti urambye w’iki kibazo ndetse anasobanura impamvu zabyo.
-
Ingabire Victoire yaburanye ahakana ibyaha aregwa
15 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha Ingabire Victoire Umuhoza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha 6 akurikiranyweho birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda. Ni ibyaha yatangiye aburana avuga ko atabyemera.
-
Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yitabiriye inama yiga ku mutekano w’Akarere i Luanda
23 April 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Sena y’u Rwanda. Dr Kalinda François Xavier n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye Inteko Rusange ya 15 y’Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere k’ibiyaga bigari (FP-ICGLR).
-
Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC
20 October 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abaibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro bihereye mu Ntara ya Kasai iri mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (DRC).
Umuryango.rw
Imodoka ya Teta Sandra yamenaguwe (Amafoto)
Ubutabera bw’u Bufaransa bwahinduye umunsi wo gusuzuma dosiye ya Agathe Habyarimana
Niba utagira umuco wo guhoberana waracikanwe
Impamvu uribwa n’amenyo mu gihe uriye cyangwa unyoye ibikonje cyangwa ibishyushye
Bane bo mu turere tw’Uburasirazuba bafatanywe Kanyanga yakuzura ikigega
Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi
Ingabire Victoire yaburanye ahakana ibyaha aregwa
Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yitabiriye inama yiga ku mutekano w’Akarere i Luanda
Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC