Rutahizamu wa Liverpool, Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka ku myaka ye 28.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota yitabye Imana mu mpanuka y’imodoka
3 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Kayitesi uherutse kugirwa umuyobozi w’intara y’Amagepfo yahize kurangiza vuba imishinga yadindiye
14 July 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi mushya w’intara y’Amagepfo,Madamu Kayitesi Alice yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose akihutisha imishinga yose yadindiye muri iyi ntara azi neza cyane kuko yari umuyobozi w’akarere ka Kamonyi.
-
U Rwanda ruzakira izindi mpunzi z’Abanyarwanda 1000 zivuye muri DRC
23 July 2025, by Joseph IradukundaIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, (UNHCR) ryatangaje ko u Rwanda rushobora kuzakira impunzi z’Abanyarwanda 1 000 zitahutse zivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) mbere y’uko umwaka wa 2025 urangira.
-
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
6 February, by Angeline MUKANGENZINizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro, ni nyuma y’uko agaragaye mu mashusho yishimanye n’inkumi izwi cyane muri sinema nka Queen Ringo.
-
Intambara ya Iran mu rubanza rwa Diddy na Jessie J wabazwe ibere: Avugwa hanze mu myidagaduro
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi ba filime bamamaye mu myaka myinshi ishize, Brad Pitt na Tom Cruise, bongeye guhura nyuma y’imyaka 24, bahujwe n’igikorwa cyo kwerekana filimi yiswe ‘F1’ cyabereye mu mujyi wa Londres mu Bwongereza.
-
Itangazo ry’Akazi k’Abarimu muri Centre Scolaire Saint Charles Rwanda
23 September 2024, by UbwanditsiUbuyobozi bw’ishuri ryitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi, ko hari imyanya y’akazi ikurikira:
1.Umuyobozi w’amasono
2.Kwigisha (Umurezi)
Ibisobanuro birambuye urabisanga mu itangazo ryuzuye aho hasi…….. -
Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda yishimiye gukama inka ku nshuro ya mbere
25 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe, yishimiye gukama inka ku nshuro ya mbere no kumenya akamaro kayo mu muco nyarwanda.
-
Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro
26 March, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro bitihi se ikaraswa mu buryo bwo kuyisenya. Perezida Donald Trump yateguje Iran kwemera ingingo 15 kugirango irangize intambara zo mu Burasirazuba bwo hagati.
-
Itangazo:UWAMAHORO Nadine yasabye guhindura amazina akitwa UWAMAHORO NADINE
18 September 2024, by UbwanditsiUwitwa UWAMAHORO Nadine yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWAMAHORO NADINE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba ari ukugira amazina byemewe n’amategeko -
Perezida Ndayishimiye yagiriye uruzinduko muri RDC
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu munsi wo ku cyumweru tariki ya 25 Gicurasi 2025, nibwo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageze i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakirwa na mugenzi we Felix Tshisekedi, Perezida wa RDC.
Umuryango.rw
Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota yitabye Imana mu mpanuka y’imodoka
Kayitesi uherutse kugirwa umuyobozi w’intara y’Amagepfo yahize kurangiza vuba imishinga yadindiye
U Rwanda ruzakira izindi mpunzi z’Abanyarwanda 1000 zivuye muri DRC
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
Intambara ya Iran mu rubanza rwa Diddy na Jessie J wabazwe ibere: Avugwa hanze mu myidagaduro
Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda yishimiye gukama inka ku nshuro ya mbere
Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro
Perezida Ndayishimiye yagiriye uruzinduko muri RDC