Mu Karere ka Muhanga hakomeje gusubirwamo inkuru y’umushoferi w’imyaka 43 warohamanye n’ikamyo yari atwaye, mu mugezi wa Nyabarongo, kugeza ubu akaba yakomeje kuburirwa irengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo
26 March, by ISIMBI Estella -
Abaturage mu Burundi basabwe gutera inkunga amatora ya 2025
5 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Iterambere Rusange n’Umutekano mu Burundi yasabye Abarundi gutera inkunga y’amafaranga amatora rusange ateganyijwe muri Gicurasi 2025.
-
Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza muri ‘World of Coffee San Diego’
14 April, by ISIMBI EstellaIkawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza zasogongewe mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa ‘World of Coffee San Diego’, ryaberaga i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Elon Musk yongeye kwatsa umuriro kuri Trump, icyemezo cye acyita ‘ubusazi’
29 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyemari Elon Musk yongeye kwibasira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amushinja politike izarushaho kuganisha igihugu mu myenda n’ubushomeri.
-
MINEDUC yagaragaje ibizakorwa ku banyeshuri bo muri Kigali bazamara icyumweru batiga
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko mu Mujyi wa Kigali, abanyeshuri bazahagarika amasomo icyumweru kiva ku ya 21-28 Nzeri 2025, kubera irushanwa rya Shampiyona y’lsi y’Amagare (UCI) rizabera mu Rwanda, bakazahabwa ibyo bazaba bakora ndetse hakazarebwa uburyo icyo gihe kizongerwa ku ngengabihe y’amasomo.
-
Nyamasheke: Umugore utwite inda y’amezi 2 yakubiswe n’inkuba ararokoka
19 September 2025, by ISIMBI EstellaMuhawenimana Rosette wo mu Mudugudu wa Gatagara, Akagari ka Jurwe, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke utwite inda y’amezi abiri, yakubiswe n’inkuba ari mu gikoni atetse ku bw’amahirwe we n’uwo atwite basanga nta kibazo bafite.
-
Benin: Polisi yashyizeho igihembo cya Miliyoni 50 Frw ku muntu uzatanga amakuru y’abakekwaho guhirika ubutegetsi
4 March, by ISIMBI EstellaPolisi ya Benin yatangiye gushakisha abakekwaho gutegura umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’icyo gihugu inatangaza ko umuntu uzatanga amakuru yerekana aho abakekwaho kugira uwo mugambi baba bari, azahembwa angana na €30,000.
-
Impanuka zo mu muhanda zahitanye abarenga 2900 mu myaka ine
1 December 2025, by ISIMBI EstellaKomisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano muri Sena y’u Rwanda yerekanye ko imyitwarire y’abatwara ibinyabiziga mu muhanda iri mu biteza impanuka yiganjemo abatwara ibinyabiziga barengeje umuvuduko, abarangaye n’abatwara imodoka basinze byanatumye impanuka zirenga ibihumbi 41, zihitana ubuzima bw’abantu 2907.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
10 March 2025, by Joseph IradukundaHarabura iminsi 11 Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda igakina imikino ibiri ikomeye mu yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
-
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
Umuryango.rw
Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo
Abaturage mu Burundi basabwe gutera inkunga amatora ya 2025
Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza muri ‘World of Coffee San Diego’
Elon Musk yongeye kwatsa umuriro kuri Trump, icyemezo cye acyita ‘ubusazi’
MINEDUC yagaragaje ibizakorwa ku banyeshuri bo muri Kigali bazamara icyumweru batiga
Nyamasheke: Umugore utwite inda y’amezi 2 yakubiswe n’inkuba ararokoka
Benin: Polisi yashyizeho igihembo cya Miliyoni 50 Frw ku muntu uzatanga amakuru y’abakekwaho guhirika ubutegetsi
Impanuka zo mu muhanda zahitanye abarenga 2900 mu myaka ine
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga