Kenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore ntibakunda abakobwa cya abagore babiteretera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bwongereza: Murumuna w’Umwami Charles III agiye kuvanwa mu bazamusimbura
21 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, Luke Pollard, yatangaje ko hagiye gutorwa umwanzuro ubuza murumuna w’Umwami Charles III, Andrew Mountbatten-Windsor, amahirwe yo kuba mu bazasimbura umwami.
-
Amerika yatangiye gucyura Abanyamerika nyuma yiraswa rya ambasade i Riyadh
3 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yimuye abakozi badakenewe cyane n’imiryango yabo iri mu bihugu bitandatu harimo na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Ni nyuma y’uko Iran irashe kuri Ambasade ya Amerika i Riyadh.
-
U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika
5 December 2024, by Joseph IradukundaLeta y’u Rwanda yemeje ko yiteguye kuganira n’abarimo Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kuri gahunda yo kuba rwakwakira abimukira.
-
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
6 July 2025, by ISIMBI EstellaIbitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 bitangije ubuvuzi bwo gusimburiza impyiko abazirwaye, kuri ubu abagera kuri 64 bamaze guhabwa iyo serivisi.
-
NKORE IKI ?: Mabukwe arashaka ku nyirukana ampora ko ntabyara kandi maze imyaka 12 mu rugo rwanjye
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore umaze imyaka 12 abana n’umugabo we avuga ko nyirabukwe ashaka ku musohora munzu amuhora ko atabyara. Uyu mugore yagishije inama.
-
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
6 February, by Angeline MUKANGENZINizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro, ni nyuma y’uko agaragaye mu mashusho yishimanye n’inkumi izwi cyane muri sinema nka Queen Ringo.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
soma itangazo rirambuye… -
FARDC irashinja M23 gutera ibirindiro byayo i Masisi na Kalehe
16 July 2025, by Joseph IradukundaImpande zombi zirashinjanya gutobera umuhate wo kugera ku mahoro mu biganiro birimo kuba, kubera ibikorwa byo kwitegura imirwano ndetse n’imirwano ivugwa yabaye muri iyi minsi ku mbibi z’aho impande zombi zigenzura mu ntara za Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo.
-
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndwara yo kubatwa n’inzoga ni ikibazo cy’ubuzima gishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, kandi irangwa no kuba umuntu adashobora kugenzura uburyo anywa inzoga, ahorana inyota yo kunywa cyangwa agakomeza kuyinywa nubwo byamuviramo ibibazo.
Umuryango.rw
Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze
U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika
Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda
NKORE IKI ?: Mabukwe arashaka ku nyirukana ampora ko ntabyara kandi maze imyaka 12 mu rugo rwanjye
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
FARDC irashinja M23 gutera ibirindiro byayo i Masisi na Kalehe
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga