Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza 2022,nibwo Dr Iyamuremye Augustin yashyize hanze ibaruwa y’ubwegure bwe avuga ko abitewe n’uburwayi.
Muri iyi baruwa yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubuyobozi bwa sena no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
8 December 2022, by Dusingizimana Remy -
Mu Rwanda hatangijwe ikoranabuhanga rizafasha gutahura imodoka yikoreye ibirenze ubushobozi bwayo
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo cya Beno Holdings ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Ubumenyi n’Ikoranabuhanga, NCST, n’abandi bafatanyabikorwa bamuritse sisiteme izajya igaragaza ikanapima ibiro imodoka yikoreye ‘On-Board Weighing System’ (OBW).
-
Karongi: Yatewe icyuma arapfa azira kwishyuza 400 Frw
8 September 2025, by ISIMBI EstellaIzabayo Olivier w’imyaka 19 wari utuye mu Karere ka Karongi yatewe icyuma n’abagabo babiri bakora akazi ko kubaga barimo uw’imyaka 39 n’uw’imyaka 24, bimuviramo urupfu.
-
Trump yasitaye ku ngazi ya ‘Air Force One’
9 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasitaye ku ngazi y’indege itwara abayobozi b’iki gihugu, ‘Air Force One’.
-
Perezida Trump na Netanyahu bateye ubwoba Ayatollah uzasimbura uherutse kwicwa
5 March, by ISIMBI EstellaIkiriyo cya Ayatollah Ali Khamenei cyahagaritswe, kandi ubwoba ni bwose ko umuyobozi w’ikirenga wese uzashyirwaho azaba ari hagati nk’uririmi kuko Israel n’Amerika byaburiye ubuyobozi bushingiye ku mahame akaze ya Islam ko uzasimbura Ayatollah Ali Khamenei azahita amukurikira byihuse.
-
Imyaka 73 irashize Amerika ishaka kugira Iran akarima kayo
3 March, by ISIMBI EstellaAmerika yahereye mu 1953 ihirika ubutegetsi bwa Iran, mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabayeho ku wa 19 Kanama 1953. Icyo gihe minisitiri w’Intebe Mohammad Mosaddeg yakuwe ku butegetsi hashyirwaho Mohammad Reza Pahlavi, ufatwa nk’umwami wa nyuma warazwe ingoma muri Iran. Iryo hirikwa ryateguwe n’Ubwongereza (M16) bari kumwe na CIA noneho iryo hirikwa ryiswe’Operation Ajax’.
-
Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe
4 March, by Angeline MUKANGENZIAmakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura Umutegetsi w’Ikirenga wa Iran uherutse kwicwa wasubitswe.
-
Tagawa wamamaye muri filime zirimo ’Mortal Kombat’ yitabye Imana
5 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuyapani witwa Cary-Hiroyuki Tagawa wari ufite Ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubw’u Burusiya, wamamaye muri sinema yitabye Imana ku wa 4 Ukuboza 2025 azize uburwayi yari amaranye iminsi. Yari afite 75 y’amavuko.
-
Karongi: Umugabo w’imyaka 42 yatwawe n’umugezi
8 January, by ISIMBI EstellaHabimana Emmanuel wo mu Karere ka Karongi yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa n’umugezi ubwo yari avuye mu kabari atashye.
Byabereye mu Mudugudu wa Cyamakamba, mu Kagari ka Murengezo Umurenge wa Mutuntu ku wa 6 Mutarama 2026.
-
Nyabihu: Gishwati amaterasi y’indinganire yazamuye umusaruro w’abahinzi
6 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu gace gakorerwamo ubuhinzi n’ubworozi ka Gishwati, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko amaterasi y’indinganire bakorewe yabafashije kongera umusaruro wabo ku buryo bugaragara, bava ku musaruro muke biteza imbere.
Umuryango.rw
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
Mu Rwanda hatangijwe ikoranabuhanga rizafasha gutahura imodoka yikoreye ibirenze ubushobozi bwayo
Karongi: Yatewe icyuma arapfa azira kwishyuza 400 Frw
Trump yasitaye ku ngazi ya ‘Air Force One’
Tagawa wamamaye muri filime zirimo ’Mortal Kombat’ yitabye Imana
Karongi: Umugabo w’imyaka 42 yatwawe n’umugezi
Nyabihu: Gishwati amaterasi y’indinganire yazamuye umusaruro w’abahinzi