Umugabo utaramenyekana umwirondoro yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuka yikubita hasi arapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
6 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Gen Muhoozi ashinja umugore wa Kizza Besigye gushaka gusenya urugo rwa Perezida Museveni
25 February 2025, by Joseph IradukundaGen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, aherutse gutangaza amagambo akomeye kuri Winnie Byanyima, umugore wa Dr. Kizza Besigye.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
-
Ubwiru buri mu koga amazi akonje
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu benshi bakunda kwiyuhagira amazi ashyushye kuruta kwiyuhagira akonje. Nyamara, ubushakashatsi butandukanye bwerekanye ko yaba amazi akonje cyangwa ashyushye ashobora kugirira akamaro ubuzima bwacu.
-
Umupadiri yakoze impanuka ikomeye ahasiga ubuzima
22 October 2024, by Joseph IradukundaUmupadiri witwa Wycliffe Byamugisha wo muri Arkidiyosezi Gatolika ya Mbarara, yitabye Imana azize impanuka ikomeye y’imodoka ku cyumweru tariki 20 Ukwakira 2024.
-
Abanyarwanda baba mu Bushinwa basabwe kurangwa n’ubutwari
2 February, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Abanyarwanda baba mu Bushinwa wasabwe kurangwa n’ubunyangamugayo, kwitanga n’ubumuntu, baharanira kurushaho kwimakaza indangagaciro zaranze Intwari z’u Rwanda.
-
Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMicomyiza Jean Paul yabwiye Urukiko ko atigeze aba umuhezanguni wanga Abatutsi, ndetse arusaba kumufasha gushaka ibimenyetso bigaragaza ko yakundaga Umuryango FPR Inkotanyi, birimo no kuba yaritabiriye umukino wa gicuti yagiranye n’abari mu Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa
1 November 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri ari mu gihugu harimo arenga 650 akora atagira ibyangombwa, ndetse ngo mu bihe biri imbere bazatangira kuyasura bareba ayujuje ibisabwa yemererwe gukora, andi ahagarikwe.
-
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
22 January 2025, by Joseph IradukundaLt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, Ukwakira, 2023 bikozwe na Hamas.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
10 March 2025, by Joseph IradukundaHarabura iminsi 11 Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda igakina imikino ibiri ikomeye mu yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
Umuryango.rw
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
Gen Muhoozi ashinja umugore wa Kizza Besigye gushaka gusenya urugo rwa Perezida Museveni
Ubwiru buri mu koga amazi akonje
Umupadiri yakoze impanuka ikomeye ahasiga ubuzima
Abanyarwanda baba mu Bushinwa basabwe kurangwa n’ubutwari
Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi
NESA yatangaje ko yavumbuye Amashuri 650 akora nta byangombwa
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru