Muri Tanzania mu Ntara ya Kagera, umwarimu witwa Adrian Tinchwa w’imyaka 36 y’amavuko, wigisha ku ishuri ribanza rya Igurwa, yatawe muri yombi na Polisi, akurikiranyweho kwica umunyeshuri witwa Phares Buberwa, wigaga mu mwaka wa gatatu kuri iryo shuri ariko mu yisumbuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umwarimu yishe umunyeshuri we bapfuye telefoni
25 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja
5 December 2024, by Joseph IradukundaEspagne ihanganye n’ikibazo gikomeye cy’abana bakomeje kuvukana ubwoya bwinshi ku mubiri, kubera ikoreshwa ry’umuti wa minoxidil urwanya uruhara.
-
Undi mugabo yashinje Tyler Perry kumufata ku ngufu
29 December 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filimi w’Umunyamerika Mario Rodriguez yareze Tyler Perry uzwi mu kwandika filimi no kuziyobora, amushinja kumukorera ihohotera rishingiye ku gitsina, asaba indishyi zingana na miliyoni 77$.
-
Ibyo kwitega mu gihe uhisemo kongera kubana n’uwo mwashakanye mwari mwarahanye ‘divorce’
8 February, by Angeline MUKANGENZIImibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu mwaka wa 2023, mu Rwanda imiryango 3.213 yatse gatanya ivuye ku miryango 21 mu 2016. Abo byabayeho bazi neza ko nta kintu kibabaza nko gutandukana n’uwo wakundaga by’umwihariko mwanabanye nk’umugabo n’umugore. Ariko se bibaye ngombwa, gusubirana na we byaba ari igitekerezo cyiza?
-
Minisitiri Lammy w’u Bwongereza ategerejwe mu Rwanda
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuri uyu wa 22 Gashyantare 2025.
-
Selena Gomez na Zoe Saldaña mu begukanye ibihembo bya ‘SAG Awards 2025’
24 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Selena Gomez ubifatanya no gukina filime, ari mu begukanye ibihembo bya ‘Screen Actors Guild Awards 2025’, mu gihe abandi bakinnyi ba filime bazwi barimo Zoe Saldaña, Timothée Chalamet bahembwe. Ariana Grande na Daniel Craig batashye amara masa.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
17 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KUBWIMANA Emmanuel aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere Gisagara
-
U Rwanda rwitabiriye isuzuma rya PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’Uburezi
11 March, by ISIMBI EstellaMu rwego rwo kurushaho kunoza ireme ry’uburezi no gufata ibyemezo bishingiye ku makuru afatika, u Rwanda rwinjiye ku nshuro ya mbere mu isuzuma mpuzamahanga rya Porogaramu Mpuzamahanga y’Isuzumabumenyi ry’Abanyeshuri (PISA). Iri suzuma ritegurwa n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubukungu, Ubufatanye n’Iterambere (OECD), rikaba rikorwa ku banyeshuri bafite imyaka 15, hagamijwe kureba uko bashobora gukoresha ubumenyi bafite mu gusoma, imibare na siyansi mu gukemura ibibazo byo mu buzima busanzwe.
-
Minisitiri Bizimana yaganiriye n’umuyobozi muri UNESCO ku bufatanye mu kubungabunga amateka
21 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yahuye n’Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), Khaled El-Enany baganira ku buryo bwo kubungabunga amateka nk’inkingi yo kubaka amahoro arambye.
-
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
6 January, by ISIMBI EstellaArnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk wubatse izina mu kuvanga imiziki agiye kugezwa imbere y’urukiko ngo aburanishwe ku byaha akurikiranyweho.
Umuryango.rw
Umwarimu yishe umunyeshuri we bapfuye telefoni
Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja
Undi mugabo yashinje Tyler Perry kumufata ku ngufu
Minisitiri Lammy w’u Bwongereza ategerejwe mu Rwanda
Selena Gomez na Zoe Saldaña mu begukanye ibihembo bya ‘SAG Awards 2025’
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
U Rwanda rwitabiriye isuzuma rya PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’Uburezi
Minisitiri Bizimana yaganiriye n’umuyobozi muri UNESCO ku bufatanye mu kubungabunga amateka
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko