Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bifite ingingo nyinshi bitarumvikanaho ku irekurwa ry’imfungwa nubwo tariki ya 15 Nzeri 2025 byashyize umukono ku nyandiko yo kwemeranya kuzirekura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 na Leta ya RDC ntibirumvikana ku irekurwa ry’imfungwa
17 October 2025, by ISIMBI Estella -
Umwana w’imyaka 15 akurikiranweho gukoresha umupira uriho ifoto ya perezida nk’urupapuro rw’isuku
26 September 2024, by Joseph IradukundaUmwana w’imyaka 15 y’amavuko mu gihugu cya Gabon , afunze azira gukoresha mu bwiherero umupira uriho ifoto y’umukuru w’igihugu.
-
Iran iri kwitegura igitero ishobora kugabwaho na Amerika
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran yaburiye ibihugu by’ibituranyi, by’umwihariko ibifite ibirindiro bya gisirikare bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibisaba kutazahirahira byemera ko ubutaka bwabyo bukoreshwa na Amerika mu kugaba ibitero kuri Iran.
-
U Rwanda na Guinea basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda n’igihugu cya Guinea bashyize umukono ku masezerano agamije kuzamura ubufatanye mu rwego rw’ishoramari. Amasezerano yasinywe ahagarariwe na Jean-Guy K. Afrika, Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’lgihugu rw’Iterambere (RDB) na Oliano Diana Kouyate, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cyigenga gishinzwe guteza imbere ishoramari muri Guinea.
-
Umuhanzi Bruce Melodie yasabye ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo bw’u Rwanda
6 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi uri mu bafite izina rikomeye mu Rwanda Bruce Melodie yagaragaje ko umuziki n’abahanzi ubwabo bameze nk’ingagi kuko nabo binjiza amadovize binyuze mu bihangano byabo abishingiraho asaba ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo buteza imbere u Rwanda.
-
U Bufaransa: Minisitiri w’Intebe Bayrou yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere ryari ryasabwe na bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko bo mu ishyaka rya La France Insoumise (LFI), gusa icyo gitekerezo cyanze gushyigikirwa birangira iryo tora ritabaye.
-
Umuhungu wa Ngarambe François yizihije isabukuru ya se mu marangamutima
4 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu w’umuhanzi Ngarambe François, witwa Ngarambe Rwema Daniel, yageneye se umubyara ubutumwa bwuje amarangamutima ku isabukuru ye amubwira ko ari we rugero rwiza kuri we n’umuryango wabo.
-
Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 62 akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12
25 October 2025, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 62 wo mu Karere ka Nyamasheke ufite umugore bashakanye byemewe n’amategeko, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12 wari uvuye kuvoma.
-
Rwanda: Ibibazo birimo kwibazwa nyuma y’ifungwa rya Hotel Château Le Marara yavuzweho cyane muri iyi minsi
22 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo gishinzwe iterambere mu Rwanda cyatangaje ko kuva none ku wa kabiri gifunze by’agateganyo hoteli Château Le Marara iri ku kiyaga cya Kivu mu burengerazuba kivuga ko cyakoze iperereza kigasanga yakoraga idafite uruhushya.
-
Ese umuvunyi mukuru ahembwa amafaranga anganiki.? Ese nibihe bindi agenerwa n’itegeko?
20 March 2025, by ISIMBI EstellaAbenshi muritwe si inshuro ya mbere twaba twumvise izina Umuvunyi Mukuru w’U Rwanda , ni umwe mu myanya y’ubuyobozi iba mu Rwanda ndetse uwurimo aba afite inshingano nyinshi zitandukanye zirimo iyibanze yo gukemura ibibazo by’abaturage bitabaye ngombwa ko bigezwa mu buyobozi bukuru bw’igihugu, ariko se uyu muyobozi ahembwa amafaranga anganiki ? ese ni ibihe bindi agenerwa n’amategeko kugirango asohoze inshingano ze nta birantega ahuye nayo. Murakaza neza muriyi nkuru aho tugiye kurebera (…)
Umuryango.rw
AFC/M23 na Leta ya RDC ntibirumvikana ku irekurwa ry’imfungwa
Umwana w’imyaka 15 akurikiranweho gukoresha umupira uriho ifoto ya perezida nk’urupapuro rw’isuku
Iran iri kwitegura igitero ishobora kugabwaho na Amerika
U Rwanda na Guinea basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari
Umuhanzi Bruce Melodie yasabye ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo bw’u Rwanda
U Bufaransa: Minisitiri w’Intebe Bayrou yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere
Umuhungu wa Ngarambe François yizihije isabukuru ya se mu marangamutima
Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 62 akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12
Rwanda: Ibibazo birimo kwibazwa nyuma y’ifungwa rya Hotel Château Le Marara yavuzweho cyane muri iyi minsi
Ese umuvunyi mukuru ahembwa amafaranga anganiki.? Ese nibihe bindi agenerwa n’itegeko?