Umuyobozi wa Diaspora nyarwanda muri Mozambike, Louis Baziga, yatezwe n’abagizi ba nabi bari bitwaje intwaro bamumishaho urufaya rw’amasasu arapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Baziga wayoboraga Diaspora Nyarwanda muri Mozambique yarashwe n’abagizi ba nabi arapfa
26 August 2019, by Dusingizimana Remy -
Icyamamare muri basketball cyansuye u Rwanda Mutombo Dikembe yapfuye ku myaka 58
30 September 2024, by Joseph IradukundaMutombo Dikembe, Umunyecongo akaba n’Umunyamerika wamamaye muri Baskbetall yapfuye ku myaka 58 azize canseri y’ubwonko, nk’uko byatangajwe n’umukuru wa NBA Adam Silver.
-
Ibintu 10 bitangaje ku murenge wa Nkombo [AMAFOTO]
26 August 2017, by Nsanzimana ErnestNkombo ni umwe mu mirenge 416 igize u Rwanda. Uyu murenge ugizwe n’ ikirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rusizi mu ntara y’ Iburengerazuba. Umuryango wasuye uyu murenge ubakorera urutonde rw’ ibintu 10 bitangaje kuri uyu murenge uyoborwa na Rwango Jean de Dieu.
1. Nta modoka ihaba
Ubu bwato bushobora gutwara abantu 70 n’ imzigo yabo
Muri uyu murenge nta modoka ihaba, abawutuye bavuga ko imodoka rukumbi yageze muri uyu murenge ari iyari itwaye ibikoresho byifashishijwe (…) -
Gakenke: Uwari ugiye mu bukwe yapfiriye mu mpanuka
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMubano Alain w’imyaka 34 wari utuye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyabagarura, yapfuye azize impanuka ya moto ubwo yari mu rugendo ava mu Karere ka Gakenke ajya i Musanze ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 3 Mutarama 2025.
-
Ikigo Niyo Travels kigiye guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze bakorana n’abifuza kuzigamo
13 April 2023, by UbwanditsiUbuyobozi bwa NIYO Travels bwemeza ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose, kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye ndetse bakaba bakomeje gahunda yo kubahuza na Kaminuza zikorana nabo ngo zibahe ibisobanuro byimbitse.
-
Yemi Alade agiye gushyira ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye bya ‘maquillage’
9 September 2025, by ISIMBI EstellaYemi Alade yatangaje ko guhera tariki 1 Ukwakira 2025 azaba yamaze KUGEZA ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye ya ‘Maquillage’ yise ‘Yem Beauty’.
-
STARTIMES izerekana imikino yose ya EURO 2020 iri kuba mu mashusho ya HD
5 May 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cya mbere muri AFURIKA mu gusakaza amashusho ya televiziyo,StarTimes, kizerekana imikino yose uko ari 51 y’Igikombe cy’u Burayi (UEFA Euro 2020) ku mashene atanu yacyo ya siporo mu mashusho meza ya HD iri kuba ako kanya.
-
Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi
20 October 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zimaze igihe muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ziri guhungishiriza intwaro zazo mu bigo bya gisirikare byo mu Burundi birimo icya Mudubugu.
-
Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira inganya na Al Hilal yo muri Arabia Saudite.
-
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
13 February, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko imirimo yo kubaka ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) igeze ku musozo, hatangajwe ko bizimuka aho bisanzwe bikorera muri Werurwe 2026.
Umuryango.rw
Icyamamare muri basketball cyansuye u Rwanda Mutombo Dikembe yapfuye ku myaka 58
Gakenke: Uwari ugiye mu bukwe yapfiriye mu mpanuka
Ikigo Niyo Travels kigiye guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze bakorana n’abifuza kuzigamo
Yemi Alade agiye gushyira ku isoko ry’u Rwanda ibikoresho bye bya ‘maquillage’
Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi
Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026