Muri Mata 2004, Florida Mukeshimana-Ngulinzira yatangije ikirego ngo hajye ahabona uruhare rwa Leta y’u Bubiligi n’abasirikare batatu batanze itegeko ngo ingabo zive muri ETO Kicukiro
Umunyamategeko wunganira Ububiligi mu rubanza buregwamo gutererana abatutsi bari bahungiye mu ishuri rya ETO Kicukiro muri 1994 yireguye avuga ko ‘ingabo z’ Ububiligi zari mu kaga kurusha impunzi zabahungiyeho.
Ikirego cyatanzwe n’imiryango y’Abanyarwanda barokotse Jenoside yakorewe abatutsi, bashinja u (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwunganira Ububiligi bavuze impamvu ingabo zabwo zitatabaye abatutsi muri ETO Kicukiro
9 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abagore 47% babyaye abarenze umwe mu Rwanda ntibifuza kongera kubyara
31 December 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashasti bwa karindwi ku mibereho n’ubuzima bw’abaturage, DHS7, bugaragaza ko abagore 47% bo mu Rwanda babyaye imbyaro zirenze imwe batifuza kongera kubyara undi mwana.
-
"Uganda ntikiri indiri iboneye ku batoroka Leta y’u Rwanda": Mugabe Robert
18 May 2022, by Joseph IradukundaUmubano w’u Rwanda na Uganda ukomeje gutera intambwe uzahuka umunsi ku wundi bigendeye ku buryo ibihugu byombi byatangiye ubufatanye mu bijyanye n’umutekano no gukurikirana abanyabyaha. Abakurikiranira hafi umubano wa Uganda n’u Rwanda bemeza ko bigoye ko hari ushobora guhemukira uruhande rumwe agahungira ku rundi ubu, nyuma akizera ko yatorotse burundu igihugu cye.
Abavuga ibi bashingira ku myitwarire imaze iminsi iranga Uganda,ishingiye ku kwereka umuturanyi wayo u Rwanda ko impungenge (…) -
Laban Korir wo muri Kenya yegukanye ‘Kigali International Peace Marathon 2025’ (Amafoto)
8 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyakenya Laban Kipngetich Korir yisubije ’Kigali International Peace Marathon 2025’ nyuma yo kuba uwa mbere muri Full Marathon y’ibilometero 42,1 mu bagabo.
-
Bennett na Lapid babaye ba Minisitiri b’intebe bahuje imbaraga ngo bakure Netanyahu ku butegetsi
27 April, by ISIMBI EstellaNaftali Bennett na Yair Lapid babaye ba Minisitiri b’intebe muri Israel batangaje ko bahuje imbaraga kugira ngo bazahangane na Benjamin Netanyahu ushaka kongera guhatanira umwanya wa Minisitiri w’Intebe mu Ukwakira 2026.
-
Ibikorwa by’itegurwa rya jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’amatariki byakoreweho
7 April 2025, by ISIMBI EstellaMu mezi atatu gusa guhera tariki 7 Mata 1994, u Rwanda rwinjiye mu gitabo kibi cy’amateka y’Isi ubwo Abatutsi guhera ku ruhinja kugeza ku mukambwe bahigwaga mu bukware bazira uko bavutse, muri Jenoside ya mbere ku Isi yakoranywe ubukana n’imitegurire ihambaye.
-
Perezida Trump yise Emmanuel Macron ’umugabo mbwa’
3 April, by ISIMBI EstellaPerezida Trump yavuze kuri mugenzi we Emmanuel Macron uhora ukubitwa n’umugore.
-
U Buhinde bwagaragaje amayeri y’urugamba bwakoresheje kugira ngo Pakistan yemere agahenge
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo z’u Buhinde, Général Anil Chauhan, yatangaje ko amayeri y’urugamba abasirikare babo bakoresheje ari yo yashyize igitutu kuri Pakistan kugeza ubwo yatangaje agahenge.
-
“Hari benshi yatekeye umutwe” Byinshi wamenya ku ifungwa rya Dr. Nibishaka
23 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Dr Nibishaka Emmanuel, Umuyobozi wungiririje w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), ukurikiranyweho ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano.
-
Bus itwara abagenzi yakoreye impanuka muri Gare i Nyabugogo
14 June 2025, by ISIMBI EstellaImodoka itwara abagenzi yagonze inyubako ikatirwamo amatike muri Gare ya Nyabugogo, ahakorera Sosiyete yitwa Zebra, urukuta rw’inyubako rugwira abari bayirimo.
Umuryango.rw
Abagore 47% babyaye abarenze umwe mu Rwanda ntibifuza kongera kubyara
"Uganda ntikiri indiri iboneye ku batoroka Leta y’u Rwanda": Mugabe Robert
Laban Korir wo muri Kenya yegukanye ‘Kigali International Peace Marathon 2025’ (Amafoto)
Bennett na Lapid babaye ba Minisitiri b’intebe bahuje imbaraga ngo bakure Netanyahu ku butegetsi
Ibikorwa by’itegurwa rya jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’amatariki byakoreweho
Perezida Trump yise Emmanuel Macron ’umugabo mbwa’
U Buhinde bwagaragaje amayeri y’urugamba bwakoresheje kugira ngo Pakistan yemere agahenge
“Hari benshi yatekeye umutwe” Byinshi wamenya ku ifungwa rya Dr. Nibishaka
Bus itwara abagenzi yakoreye impanuka muri Gare i Nyabugogo