Kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025, umuhanzi w’icyamamare John Legend n’itsinda bazanye mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi bunamira inzirakarengane zihashyinguye zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyamamare mu muziki John Legend yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
24 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Dr GAHAKWA Daphrose yavuze ko nta wamurega agasuzuguro kuko atitabye PAC
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Dr Gahakwa Daphrose, aravuga ko atanze kwitaba Inteko Ishingamategeko kuko yageze mu nzira aganayo agafatwa n’indwara bityo akihutira kujya kwa muganga.
RAB yitabye Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kugira ngo bisobanure ku micungire mibi y’umutungo nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta 2015/16.
Umuyobozi Mukuru (…) -
Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros
13 January, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwakuyeho ikirego umuhanzi Chris Brown yari yarezemo ibigo bya Warner Bros Discovery na Ample Entertainment, kuri filime byamukozeho.
-
Ikoranabuhanga rya Addressya rije mu Rwanda korohereza abahahira kuri internet kugira aderesi yuzuye
24 April 2020, by UbwanditsiMuri iki gihe Abanyarwanda basabwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya Coronavirus, Apulikasiyo (App) yitwa Addressya yiyemeje gufasha buri wese ubyifuza kubona aderesi yuzuye, isobanutse ndetse yoroshye gusangiza abakugezaho ibyo watumije.
Kubera COVID-19, Abanyarwanda benshi barimo gukoresha ikoranabuhanga ritandukanye kubona ibyo kurya, imiti n’ibindi byibanze umuntu ukeneye atarinze kuva mu rugo rwe, Nyuma y’uko bagiriwe inama na leta yo kudakora ingendo zitari ngombwa. Bikaba byaragaragaye ko harimo imbogamizi ku bigo bikora ubwo bucuruzi kuko habaho gutinda byatewe no kuyoba, gukomeza uhamagara kugira ngo bakurangire neza cyangwa rimwe na rimwe hakabaho no kutabona ibyo watumije.
-
Haiti: Abapolisi b’Abanya Kenya bigaruriye icyambu gikomeye cyari cyarabohojwe n’amabandi
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbapolisi b’abanya Kenya boherejwe muri Haiti bigaruriye icyambu cya Auorite Portuaire Nationale mu gitero cyagabwe
Kuri uyu wa Gatanu taliki 19 NYAKANGA 2024. -
Tito Rutaremara, yagaragaje ko abantu bagifite ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakwiye guhitamo gucecekana ubwo burozi bifitemo
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, Tito Rutaremara, yagaragaje ko abantu bagifite ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakwiye guhitamo kwicecekera ngo bataroga abandi.
-
Diddy yangiwe gufungurwa atanze ingwate
3 July 2025, by ISIMBI EstellaUmucamanza yanze gufungurwa atanze ingwate kwa Sean "Diddy" Combs wamamaye nka Diddy, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bibiri muri bitanu yaregwaga.
-
TI-Rwanda yatamaje abaganga baka ruswa y’igitsina abagore batagira abagabo
30 January, by ISIMBI EstellaUmuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda (TI-Rwanda), watangaje ko mu rwego rw’ubuzima hakigaragara ibyuho bya ruswa, by’umwihariko ruswa y’igitsina n’iy’amafaranga, bigira ingaruka ku banyantege nke barimo abagore badafite abagabo, ababyeyi barera bonyine, abapfakazi, abakene n’abantu bafite ubumuga.
-
Mozambike: Daniel Chapo Yatsinze Amatora y’Umukuru w’Igihugu
24 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Mozambike, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje burundu kuri uyu wa kane ibyavuye mu matora yataje ibibazo yo kw’itariki ya cyenda y’uku kwezi kwa cumi. Ivuga ko Daniel Chapo, kandida w’ishyaka Frelimo riri ku butegetsi, ari we watsindiye umwanya w’umukuru w’igihugu.
-
Trump yongeye kwihakana igitekerezo cyo kubabarira P. Diddy
10 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutera utwatsi ibyifuzo byo kubabarira Umuraperi Sean Combs wamamaye nka P. Diddy, avuga ko bitari mu byo atekereza muri iki gihe.
Umuryango.rw
Icyamamare mu muziki John Legend yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros
Haiti: Abapolisi b’Abanya Kenya bigaruriye icyambu gikomeye cyari cyarabohojwe n’amabandi
Tito Rutaremara, yagaragaje ko abantu bagifite ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakwiye guhitamo gucecekana ubwo burozi bifitemo
Diddy yangiwe gufungurwa atanze ingwate
TI-Rwanda yatamaje abaganga baka ruswa y’igitsina abagore batagira abagabo
Mozambike: Daniel Chapo Yatsinze Amatora y’Umukuru w’Igihugu
Trump yongeye kwihakana igitekerezo cyo kubabarira P. Diddy