Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yambitse umudali w’ishimwe umupilote wa kajugujugu ya gisirikare wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Nicolas Maduro wahoze ari Perezida wa Venezuela.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro
27 February, by Angeline MUKANGENZI -
Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba
25 September 2025, by ISIMBI EstellaAbarozi b’amafi bibumbiye muri Koperative y’Ifi ya Gikeri (KOFIGI) mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Mushishiro, bavuga ko bafite ikibazo cy’ibiryo bihenze kandi bituruka kure, mu Ntara y’Iburasirazuba, bakaba bakeneye ko ubuyobozi bubakoreraho ubuvugizi bikaba byaboneka hafi kandi ku giciro gito.
-
Iran yahagaritse kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Trump- White House
16 January, by Angeline MUKANGENZIIbiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byatangaje ko Iran yahagaritse gahunda yo kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Perezida Donald Trump.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
13 February, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
MINEDUC igiye guha amashuri abanza mu gihugu abacungamutungo
29 August 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’uburezi yatangaje ko mu mashuri abanza hagiye gutangwa akazi ku bakozi bashya bashinzwe icungamutungo. MINEDUC yemeza ko aba bakozi bakenewe mu micungire myiza y’umutungo w’ibigo by’amashuri.
-
Abanyarwanda bategujwe imvura nyinshi mu minsi 4
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, (Meteo Rwanda), cyateguje ko hagati ya tariki 17 na 21 Ukwakira 2024 hazagwa imvura nyinshi mu bice bitandukanye by’Igihugu.
-
MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko
12 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye ababyeyi b’abanyeshuri muri iki gihe cy’ibiruhuko binini ko babarinda kwijandika mu ngeso mbi no kuzerera, ahubwo bakabitaho babatoza uburere bwiza yaba abato n’abakuru.
-
Inama zigirwa abanyeshuri batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye mu Rwanda
2 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi aragira inama abanyeshuri batabashije gutsinda ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, kujya gusibira, kandi bagatangirana n’abandi kuko imyanya ihari mu mashuri.
-
Kinshasa:Abo mu ubutasi barishisha umwe muri bo wahaye mwene wabo akazi
15 January 2025, by Joseph IradukundaAbakora mu rwego rw’ubutasi rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo banditse ibaruwa yamagana umuyobozi wabo, Gen Maj Makombo Mwinaminayi Jean-Roger, bamushinja kubaka “akazu”.
-
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Umuryango.rw
Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro
Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba
Iran yahagaritse kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Trump- White House
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
MINEDUC igiye guha amashuri abanza mu gihugu abacungamutungo
Abanyarwanda bategujwe imvura nyinshi mu minsi 4
MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko
Inama zigirwa abanyeshuri batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye mu Rwanda
Kinshasa:Abo mu ubutasi barishisha umwe muri bo wahaye mwene wabo akazi
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8