Kuri iki Cyumweru, abaturage ba Guinea hafi miliyoni 7 biyandikishije, baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ashobora gutuma Gen Mamady Doumbouya, wahiritse ubutegetsi mu 2021, atsindira kuyobora icyo gihugu muri manda y’imyaka irindwi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Guinea-Conakry: Abakabakaba miliyoni 7 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
28 December 2025, by ISIMBI Estella -
Oswald Rurangwa uregwa Jenoside yakatiwe gufungwa burundu
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye Oswald Rurangwa uregwa ibyaha bya Jenoside igihano cyo gufungwa burundu, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica nk’icyaha cya Jenoside, icy’ubufatanyacyaha muri Jenoside n’icyaha cyo gushishikariza abantu mu buryo buziguye cyangwa butaziguye gukora Jenoside.
-
Sobanukirwa impamvu ukunda kurota uwo mukundana aguca inyuma
1 October 2024, by Joseph IradukundaKurota uwo mwashakanye cyangwa uwo wihebeye aguca inyuma cyangwa aryamanye n’undi muntu ni kimwe mu bimenyetso bikwereka ibintu bihambaye mu mubano wanyu ukwiye kwitondera.
-
Inama za Dr Bihira ku kurandura ubukene mu rubyiruko n’ubushukanyi bwambura
6 September 2024, by Joseph IradukundaHamaze iminsi humvikana udutsiko tw’abantu bishyira hamwe maze bagatuburira abiganjemo urubyiruko bakabarya utwabo bababeshya ko bazabageza ku butunzi buhambaye kandi mu gihe gito cyane.
-
Abanyarwanda barishimira iyandikishwa ry’Umuganura mu murage w’Isi
10 February, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda mu ngeri zitandukanye barishimira ko umuganura wanditswe mu murage ndangamuco udafatika ku rutonde ndangamurage udafatika w’Isi (UNESCO), byarushaho kumenyekanisha umuco w’u Rwanda.
-
Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukerensa kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
27 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizumana Jean Damascene yibukije urubyiruko ko rudakwiye kwiyumvisha ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bitarureba, ashimangira ko ari inshingano ya buri wese.
-
Kigali: Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
28 February, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, n’abandi bayobozi batandukanye bifatanyije n’abaturage b’Imirenge ya Mageragere na Gahanga yo mu Turere twa Nyarugenge na Kicukiro mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zaho mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare.
-
AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari kigiye kuba kifashishwa muri Goma
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe w’inyeshyamba M23 / AFC wongeye gufungura, kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, Ikigega cyo kuzigama no kuguriza (CADECO) Sarl muri Goma. Uyu mutwe wigaruriye umujyi kuva muri Mutarama, watangaje ko hanashyizweho abayobozi bashya ku buyobozi bw’iyi sosiyete ya Leta.
-
Igisubizo cya Ncuti Gatwa ku kongera kugaragara muri ‘Doctor Who’
14 July 2025, by ISIMBI EstellaNcuti Mizero Gatwa yagaragaje ko yavuye muri filime y’uruhererekane ya BBC, yiswe ‘Doctor Who’ kubera kunanirwa, abajijwe ku byo kuba yayisubiramo agaragaza ko ku Isi ibintu byose bishoboka cyane.
-
Netanyahu agereranya ubutegetsi bwa Iran n’umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya
4 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yifashishije amagambo yo muri Torah agereranya ubutegetsi bwa Iran n’“Amaleki”, umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya y’Abaheburayo.
Umuryango.rw
Guinea-Conakry: Abakabakaba miliyoni 7 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Oswald Rurangwa uregwa Jenoside yakatiwe gufungwa burundu
Sobanukirwa impamvu ukunda kurota uwo mukundana aguca inyuma
Inama za Dr Bihira ku kurandura ubukene mu rubyiruko n’ubushukanyi bwambura
Abanyarwanda barishimira iyandikishwa ry’Umuganura mu murage w’Isi
Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukerensa kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Kigali: Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari kigiye kuba kifashishwa muri Goma
Igisubizo cya Ncuti Gatwa ku kongera kugaragara muri ‘Doctor Who’
Netanyahu agereranya ubutegetsi bwa Iran n’umwanzi wa kera uvugwa muri Bibiliya