Nyuma y’uko imirimo yo kubaka ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) igeze ku musozo, hatangajwe ko bizimuka aho bisanzwe bikorera muri Werurwe 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
13 February, by ISIMBI Estella -
Dr Cyubahiro Bagabe ntakiri umuyobozi mukuru wa RAB
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestDr Patrick Karangwa wari umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi niwe Muyobozi Mukuru w’ Ikigo cy’ Ubuhinzi n’ Ubworozi RAB, yasimbuye kuri uyu mwanya Dr Cyubahiro Bagabe Marc wari umaze umwaka n’amezi atatu.
Amakuru aravuga ko uyu muyobozi yahagaritswe na Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko bishimwe kandi n’Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana.
Umujyanama mu by’Itumanaho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yemeje aya makuru.
Yagize ati “Ni uguhagarikwa bisanzwe, igihe cyose izo mpinduka (…) -
Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije
2 May 2025, by Joseph IradukundaHari ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bagaragaza ko baba bafite ibitekerezo by’imirimo mishya bahanga ariko igishoro cyo gushyira mu ngiro ibyo batekereza kikababera inzitiizi.
-
Umufatanyacyaha muri dosiye ya Epstein yanze guha amakuru inteko ya Amerika adahawe imbabazi na Perezida
10 February, by Angeline MUKANGENZIGhislaine Maxwell, umugore ufungiye ubufatanyacyaha na Jeffrey Epstein, yanze gusubiza ibibazo by’Itsinda rishinzwe igenzura mu nteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
“Njye usa n’amata? Ntibishoboka” – Zari Hassan ahamya ko gutandukana na Shakib ntacyo byamuhungabanyaho
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamideri w’Umunyafurika akaba n’umushoramari ukomeye, Zari Hassan, yongeye gutangaza uko abanye n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya, ashimangira ko urukundo rwabo rukomeye cyane, ariko anemeza ko n’ubwo bakundana cyane, yakomeza akabaho neza mu gihe ibyabo byaba birangiye.
-
U Bwongereza bwemeye guhara akayabo bwahaye u Rwanda muri gahunda y’abimukira
2 October 2024, by Joseph IradukundaAmbasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe, yatangaje ko guverinoma y’igihugu cyabo nta gahunda ifite yo gusaba u Rwanda kuyisubiza amafaranga yaruhaye muri gahunda yo kwakira abimukira.
-
Iran yasubije bitero bya Israel
28 February, by Angeline MUKANGENZIUmutwe w’ingabo zidasanzwe za Iran, IRGC, watangaje ko uri kugaba igitero cya misile na drones muri Israel mu rwego rwo kwihorera.
-
Baradutoteza kandi bakangiza nkana isura y’ibikorwa byacu – Umugore wa Kabila
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNk’uko byatangajwe n’umujyanama mu itumanaho wa Marie Olive Lembe Kabila, umugore w’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, ngo abashinzwe umutekano bamenyesheje ushinzwe gucunga Parike ya Kingakati yabo izwi na none Parc de la vallee de la Nsele Valley isaka ryateganijwe ku wa kane, itariki ya 17 Mata.
-
RDC yemejwe nk’umunyamuryango mushya wa EAC
29 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba bitabiriye inama ya 19 idasanzwe, yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Iyi nama yanitabiriwe na Perezida Tshisekedi wa RDC, yize ku busabe bw’iki gihugu bwo kwinjira muri uyu muryango.
Iyi nama y’abakuru b’ibihugu bya EAC yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga yemeje ku mugaragaro iyinjizwa rya Republika iharanira Demokarasi ya Congo nk’umunyamuryango mushya.
Uwo mwanzuro watangajwe na Perezida Uhuru (…) -
Butera Knowless wagiye gutaramira abo muri Uganda yakiranwe ubwuzu (Amafoto)
10 December 2024, by Joseph IradukundaButera Knowless utegerejwe mu gitaramo kizabera muri ‘Nomad bar and grill’ muri Uganda, yamaze kugera mu Mujyi wa Kampala mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024.
Umuryango.rw
Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026
Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije
“Njye usa n’amata? Ntibishoboka” – Zari Hassan ahamya ko gutandukana na Shakib ntacyo byamuhungabanyaho
U Bwongereza bwemeye guhara akayabo bwahaye u Rwanda muri gahunda y’abimukira
Iran yasubije bitero bya Israel
Baradutoteza kandi bakangiza nkana isura y’ibikorwa byacu – Umugore wa Kabila
RDC yemejwe nk’umunyamuryango mushya wa EAC
Butera Knowless wagiye gutaramira abo muri Uganda yakiranwe ubwuzu (Amafoto)