Minisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau ntiyariye amagambo, mu gushwishuriza Donald Trump wavuze ko azakoresha ingufu zishingiye ku bukungu kugira ngo yemeze Canada ko igomba kwiyunga kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) bikaba igihugu kimwe. Trudeau yavuze ko ibyo Trump arimo ari nko kwizera ko ushobora guteka ibuye rigashya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Canada: Trudeau yashwishurije Trump wifuza ko Canada yomekwa kuri US
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dore ingaruka zo kurya umunyu mwinshi
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyu ni ikirungo gikenerwa mu mubiri w’umuntu kuko ufasha mu mikorere yawo ya buri munsi. Ariko, kurya umunyu mwinshi cyane bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima. Reka turebere hamwe zimwe mu ngaruka zo kurya umunyu mwinshi:
1. Umuvuduko w’amaraso ukabije (Hypertension): Umunyu w’ikirenga ushobora gutuma umubiri ubika amazi menshi, bikaba byongera umuvuduko w’amaraso. Umuvuduko w’amaraso mwinshi ni kimwe mu byongera ibyago byo kurwara indwara z’umutima n’ubwonko (stroke).
2. Indwara (…) -
Kenya na Mozambique bagiranye amasezerano yo ’kurwanya iterabwoba’
31 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Kenya William Ruto na Perezida wa Mozambique Daniel Chapo basinye amasezerano menshi arimo n’ay’umutekano “azakomeza cyane” ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, nkuko minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ya Kenya yabitangaje.
-
Abasore gusa : Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
23 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakobwa bagira umutima woroshye kandi amarangamutima yabo aba hafi cyane kuko bafata kandi bakubaha buri jambo umusore ababwiye. Musore uko wavuze ijambo nibyo bizatanga igisobanuro cy’uko wifuza ko umubano wawe nawe ugenda.
-
Eddy Kenzo asanga Bobi Wine urwanya Museveni ari ingayi
3 March, by ISIMBI EstellaEddy Kenzo uri mu bahanzi bakunzwe muri Uganda yashimangiye ko benshi mu barwanya Perezida w’iki gihugu, Yoweri Kaguta Museveni barimo na Robert Kyagulanyi wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, ari indashima kuko birengagiza byinshi yabagejejeho.
-
Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo
25 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yasezeranyije Abayisilamu bo mu Rwanda ko ikibazo cy’ubutaka bemerewe bwo kuzubakaho icyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abayisilamu kigiye gukemuka vuba bitarenze uyu mwaka.
-
Will Smith agiye gushyira hanze ’album’ nshya nyuma y’imyaka 20
17 March 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’imyaka isaga 20 nta album nshya ashyira hanze, icyamamare muri sinema no mu muziki Will Smith, yatangaje ko album ye nshya yise “Based on a True Story” izasohoka tariki ya 28 Werurwe 2025.
-
Perezida Kim Jong Un yigambye ko nta kizamubuza gukora intwaro za nucléaire
24 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko nta kizabuza igihugu cye umugambi wo gukomeza gukora intwaro za nucléaire, ndetse no gufata Koreya y’Epfo nk’umwanzi w’ibihe byose.
-
Nyagatare: Imiryango 177 y’abarokotse Jenoside ntifite amacumbi
15 April, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa Ibuka mu karere ka Nyagatare buvuga ko bafite imiryango 177 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ikeneye kubakirwa ikabona amacumbi, kuko kutayagira bibagiraho ingaruka mu mibereho.
-
Ni udafata ifunguro ryawe muri ubu buryo uzaba ushyira ubuzima bwawe mu kaga
3 October 2024, by Joseph IradukundaUko iterambere rirushaho kwihuta ni na ko hirya no hino ku Isi umubare w’abibasirwa n’indwara ziterwa no guhindura imibereho, imirire, ingaruka zayo n’ibindi birushaho kwiyongera.
Umuryango.rw
Canada: Trudeau yashwishurije Trump wifuza ko Canada yomekwa kuri US
Dore ingaruka zo kurya umunyu mwinshi
Abasore gusa : Ibintu ukwiriye kwitaho ku mukunzi wawe mu gihe ushaka ko mubana amahoro
Eddy Kenzo asanga Bobi Wine urwanya Museveni ari ingayi
Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo
Will Smith agiye gushyira hanze ’album’ nshya nyuma y’imyaka 20
Perezida Kim Jong Un yigambye ko nta kizamubuza gukora intwaro za nucléaire
Nyagatare: Imiryango 177 y’abarokotse Jenoside ntifite amacumbi
Ni udafata ifunguro ryawe muri ubu buryo uzaba ushyira ubuzima bwawe mu kaga