Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Franck Ntumba Buamunda, akekwaho umugambi wo kugirira nabi Umukuru w’Igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen Ntumba ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu biro bya Tshisekedi ari mu mazi abira
18 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Abahize abandi mu mashuri abanza n’icyiciro rusange bazishyurirwa amafaranga y’ishuri
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBimaze kumenyerwa ko abahize abandi mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro runaka, bahembwa na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) mu rwego rwo kubashimira no gutuma bongera umuhate.
-
Papa Leo XIV yatanze ubutumwa bwibanze ku gushaka amahoro arambye mu bihugu byibasiwe n’intambara
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru Papa Leo XIV, yatanze ubutumwa bwe bwa mbere kuva yatorerwa kuba umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika ku isi.
-
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri ishinzwe ibijyanye n’amabuye y’agaciro muri Zimbabwe yahagaritse iyoherezwa mu mahanga y’amabuye y’agaciro adatunganyije yose harimo na lithium.
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
-
MINICOM yahagaritse by’agateganyo ibiryabarezi bishyirwamo ibiceri
20 October 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda [MINICOM] yahagaritse impushya zatanzwe ku mikino y’amahirwe hakoreshejwe imashini zijyamo ibiceri [slot machine] benshi bazi nk’ibiryabarezi.
Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane,MINICOM yagize iti "Mu rwego rwo kunoza imikorere y’ibikorwa by’imikino y’amahirwe mu Rwanda, Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) iramenyesha abantu bose ko impushya zatanzwe ku mikino y’amahirwe ikinwa hakoreshejwe imashini zijyamo ibiceri, zihagaritswe by’agateganyo (…) -
Sudani y’Epfo: Loni yambitse imidari y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda
3 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali ya Loni mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.
-
Uganda Yavuguruye Imikoranire Na DRC Mu Bya Gisirikare
15 October 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Uganda yavuguruye imikoranire n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu guhashya Allied Democratic Forces( ADF). Bivuze ko Kampala na Kinshasa babona ko ADF ari ikibazo kibugarije bombi.
-
RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Umutekano w’Imbere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye ba Guverineri b’intara zose uko ari 26 gukumira ibikorwa by’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange.
-
Umusaza w’imyaka 88 umaze igihe ku isi ategereje kwicwa yagizwe umwere
26 September 2024, by Joseph IradukundaUmugabo w’imyaka 88 wari umuntu wa mbere ku isi umaze imyaka myinshi afunze ategereje guhabwa igihano cy’urupfu yakatiwe, yagizwe umwere n’urukiko rwo mu Buyapani, nyuma yo gusanga ibimenyetso byakoreshejwe aregwa ari ibicurano.
Umuryango.rw
Gen Ntumba ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu biro bya Tshisekedi ari mu mazi abira
Abahize abandi mu mashuri abanza n’icyiciro rusange bazishyurirwa amafaranga y’ishuri
Papa Leo XIV yatanze ubutumwa bwibanze ku gushaka amahoro arambye mu bihugu byibasiwe n’intambara
Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije
MINICOM yahagaritse by’agateganyo ibiryabarezi bishyirwamo ibiceri
Sudani y’Epfo: Loni yambitse imidari y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda
Uganda Yavuguruye Imikoranire Na DRC Mu Bya Gisirikare
RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila
Umusaza w’imyaka 88 umaze igihe ku isi ategereje kwicwa yagizwe umwere