Hari abavuga ko iyo bagiye guhaha inyama bagasanga nta nyama z’umwijima zihari, bahita bazihorera kuko ngo nta zindi zibaryohera nk’inyama z’umwijima, uretse ko hari n’abavuga ko bumva zibamerera nk’ibintu bidafite icyanga, ku buryo batanazihaha cyangwa se ngo baziteke mu ngo zabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kurya inyama z’umwijima bifite akamaro kanini
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Gicumbi: Hadutse inzoga y’inkorano ‘Magwingi’ iteza umutekano muke
15 January, by ISIMBI EstellaBamwe mu baturage bo mu Karere ka Gicumbi, by’umwihariko abatuye mu Mutete, Akarere ka Gicumbi, bavuga ko bahangayikishijwe n’iyaduka ry’inzoga y’inkorano yitwa Magwingi, ifatwa nk’ikiyobyabwenge gikomeye, yiyongereye kuri kanyanga yari isanzwe izwi muri ako gace.
-
Abaperezida 10 b’Abanyafurika b’ibihe byose bambara neza,Perezida Kagame aza ku mwanya wa 2[AMAFOTO]
20 November 2020, by Martin MunezeroAbaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi akamaro k’imyumvire ya rubanda kandi bashyiramo ingufu mu kugaragara neza kuri buri gikorwa.
-
Impamvu Perezida Nkurunziza atitabiriye inama y’ abaperezida mu Rwanda ntanohereze umuhagararira
22 March 2018, by Nsanzimana ErnestInama idasanzwe y’ Abaperezida bo mu bihugu bigize Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe yabereye mu Rwanda kuri uyu wa 21 Werurwe 2018, Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza ntabwo yayitabiriye ndetse nta nubwo yohereje umuhagararira nk’ uko byakozwe na bamwe mu bakuru b’ ibihugu batitabiriye iyi nama yabereyemo umuhango yo gushyira umukono ku masezerano ashyiraho isoko rusange rya Afurika.
Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza,Alain Diomede Nzeyimana yavuze ko impamvu z’ umutekano n’ imibanire (…) -
Chris Brown yibarutse umwana wa Kane
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown yibarutse umwana we wa kane w’umuhungu yabyaranye n’umukunzi we Jada Wallace.
-
Umushinga wa Green Gicumbi uri kugana ku musozo usigiye iki Abaturage?
3 June 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda rukomeje guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere. Akarere ka Gicumbi kagaragaye nk’urugero rudasanzwe mu kwihanganira izo ngaruka.
-
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira 164 baturutse muri Libya
26 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa 25 Gashyantare 2026, Leta y’u Rwanda yakiriye impunzi n’abimukira 164 bari baraheze muri Libya, bose bakomoka mu bihugu byo muri Afurika.
-
Nyabihu: Umuhanda Bigogwe– Arusha wahinduye ubuzima bw’abahinzi n’aborozi
29 January, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu nzuri za Gishwati, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko bishimira umuhanda wa kaburimbo Bigogwe–Arusha wabazaniye impinduka zikomeye mu mibereho yabo, by’umwihariko mu bworozi, ubuhinzi n’ingendo za buri munsi.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Umwe mu bateye inkunga Miss Rwanda 2020 yavuze kuri Miss Naomie no ku Gisonga cye cya mbere Umwiza Phiona
5 March 2020, by UbwanditsiUmwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange rihuza abagura , abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza, aho buri muntu wese yaba uwabigize umwuga n’utarabigize umwuga, yagurishiriza, akanakodesha amazu n’ibibanza.
Umuryango.rw
Kurya inyama z’umwijima bifite akamaro kanini
Gicumbi: Hadutse inzoga y’inkorano ‘Magwingi’ iteza umutekano muke
Chris Brown yibarutse umwana wa Kane
Umushinga wa Green Gicumbi uri kugana ku musozo usigiye iki Abaturage?
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira 164 baturutse muri Libya
Nyabihu: Umuhanda Bigogwe– Arusha wahinduye ubuzima bw’abahinzi n’aborozi