Umuhesha w’inkiko w’umwuga ME NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka KAMONYI
Soma itangazo rirambuye…
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
23 October 2025 -
RDC: Amasasu yongeye kumvikana mu nkengero z’Umujyi wa Uvira
23 December 2025, by ISIMBI EstellaInkengero z’Umujyi wa Uvira zongeye kumvikanamo amasasu nyuma y’iminsi mike Ihuriro rya AFC/M23 riytangaje ko ingabo zaryo zavuye muri uyu mujyi uhana imbibi n’Igihugu cy’u Burundi.
-
Mutamba yagaragaye ku mva ya se wa Tshisekedi mbere yo gucirwa urubanza
1 September 2025, by ISIMBI EstellaConstant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaye ku mva ya se wa Perezida Félix Tshisekedi, Etienne Tshisekedi wa Mulumba, amuha icyubahiro mbere yo gucirwa urubanza kuri uyu wa 1 Nzeri 2025.
-
Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC
13 August 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu barenga 20 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
-
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
6 August 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (rapid test) bitarenze mu ntangiriro za 2026.
-
Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda
15 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yandagaje Minisitiri w’Intebe wa Hungary, Viktor Orban avuga ko aho gutekereza uburyo bwa gisirikare u Burayi bwakumiramo u Burusiya, ahubwo ahugiye ku gutekereza uko ‘yakuza inda ye’.
-
Inganda zikora udupfukamunwa zirataka igihombo gikabije nyuma y’aho udusaga miliyoni 3 tubuze isoko
5 June 2020, by Dusingizimana RemyAbafite inganda zikora udupfukamunwa bahawe ibyangombwa baremeza ko bamaze igihe kirenga ibyumweru bibiri bahagaritse kudukora bitewe no kutabona abaguzi batwo.
-
Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’ abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi.
Buri mwimukira wemeye kuva muri Israel ahabwa ibihumbi 3 500 by’ amadorali y’ Amerika nk’ uko byatangajwe na Sigal Rozen, Umunya Isahel uharanira uburenganzira bwa muntu.
Ibi byatangajwe nyuma y’ inkuru ya televiziyo y’ Abanyamerika CNN yagaragaje icuruzwa ry’ abirabura rikorerwa muri Libya.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri (…) -
NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye
10 January, by ISIMBI EstellaIkigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, cyafashe umwanzuro wo kugarura ku Isi hakiri kare itsinda ry’abashakashatsi bari mu isanzure nyuma y’uko hagaragaye ikibazo cy’uburwayi bw’umwe muri bo ubwo yari kuri Station Mpuzamahanga iri mu isanzure.
-
U Rwanda rwakiriye abacanshuro bayamanitse i Goma
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mupaka munini uhuza u Rwanda na DRC wa La Corniche, hakiriwe abakozi ba Banki y’Isi n’Abacanshuro b’abazungu bagiyee gufatanya na FARDC kurwanya inyeshyamba za M23 zafashe Umujyi wa Goma kuva kuwa Mbere, itariki 27 Mutarama 2025.
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
RDC: Amasasu yongeye kumvikana mu nkengero z’Umujyi wa Uvira
Mutamba yagaragaye ku mva ya se wa Tshisekedi mbere yo gucirwa urubanza
Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda
NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye
U Rwanda rwakiriye abacanshuro bayamanitse i Goma