Ukraine yabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko kwemera kugabanya umubare w’ingabo zayo kugira ngo habeho ibiganiro by’amahoro n’u Burusiya, byaba ari ukwishyira mu kangaratete.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yateye utwatsi ibyo kugabanya umubare w’abasirikare yasabwe n’u Burusiya
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Daudi Mugema yitabye Imana
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umugande Mugema Daudi yasanzwe mu cyumba cya hoteli yitabye Imana.
-
Miss Iradukunda Liliane yongeye kwishimira isabukuru y’umukunzi we
15 July 2025, by ISIMBI EstellaIradukunda Liliane ubitse ikamba rya Miss Rwanda mu 2018, yongeye kwishimira isabukuru y’umukunzi we, Imfura Kenny, bamaze imyaka itari mike bakundana dore ko atari ibintu banahisha ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga.
-
Kicukiro: Abagore 2 bafatanywe amacupa 500 ya mukorogo
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu Karere ka Kicukiro,Umurenge wa Masaka,akagari ka Cyimo mu mudugudu wa Murambi,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukuboza 2024, hafatiwe abagore babiri bari batwaye mu mufuka amacupa 500 y’ubwoko butandukanye bw’amavuta ya mukorogo.
-
Igisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abangirijwe n’iturika ry’intwaro
2 April, by ISIMBI EstellaIgisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abaturage basabaga ko bahabwa impozamarira kuko inzu zabo zangirikiye mu nkongi, kivuga ko na cyo gifite ibintu byinshi byangiritse kandi ko nta bwishingizi byari bifite.
-
Menya akamaro k’umufa mu ifunguro
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira intungamubiri nka protein, cyane cyane collagen inafasha abafite imirire mibi kuyivamo.
-
Vision FC yasabwe kwishyura umutoza yirukanye arenga miliyoni 30
4 November 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo kwirukana uwari umutoza wa yo, Colum Shaun Selby mu mwaka ushize w’imikino 2024/2025, Vision FC yategetswe kumwishyura arenga gato miliyoni 32 Frw kubera kumwirukana binyunyuranyije n’amategeko.
-
Dore zimwe mu ngaruka ziterwa no kuba imbata z’imbuga nkoranyambaga
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImbuga nkoranyambaga nubwo zidufasha mu buzima bwacu bwa buri munsi mu koroshya ibintu bitandukanye n’itumanaho, gusa kuzikoresha cyane nk’uko ubushakashatsi bubyerekana bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima.
-
Menya impamvu abakiri bato aribo baza kwisonga mu bibasirwa n’indwara zo mu mutwe
14 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri iki kinyejana cya 21 cyiswe icy’umuvuduko, abantu baragenda bahura n’ibibazo abayibayeho mu myaka yashize batigeze bahura na byo bikaba ari na byo biba intandaro y’ibibazo n’indwara zo mu mutwe zikomeje kwiyongera mu muryango mugari.
-
Itangazo: IRADUKUNDA Sano Bryan yasabye guhindura amazina akitwa IRADUKUNDA Bryan
27 September 2024, by UbwanditsiUwitwa IRADUKUNDA Sano Bryan yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa IRADUKUNDA Bryan mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina , n’izina riri mu byangombwa…….
Umuryango.rw
Ukraine yateye utwatsi ibyo kugabanya umubare w’abasirikare yasabwe n’u Burusiya
Daudi Mugema yitabye Imana
Miss Iradukunda Liliane yongeye kwishimira isabukuru y’umukunzi we
Kicukiro: Abagore 2 bafatanywe amacupa 500 ya mukorogo
Menya akamaro k’umufa mu ifunguro
Vision FC yasabwe kwishyura umutoza yirukanye arenga miliyoni 30
Dore zimwe mu ngaruka ziterwa no kuba imbata z’imbuga nkoranyambaga
Menya impamvu abakiri bato aribo baza kwisonga mu bibasirwa n’indwara zo mu mutwe