Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize abayobozi mu myanya itandukanye. Abahawe inshingano bashimiye Umukuru w’Igihugu wabahaye inshingano nshya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
17 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
8 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Maroc Abderrahim Talib utoza APR FC yatangaje ko akurikije imikino yamuhuje n’amakipe y’amakeba aho yanyuze, adatewe ubwoba n’intambara y’amagambo mbere y’uko ahura na Rayon Sports mu mukino wa FERWAFA Super Cup.
-
Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbakunzi ba Hip Hop mu Rwanda bongeye gutekerezwaho kuko bagiye gutaramirwa n’abahanzi bakomeye barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe. Aba bazahurira ku rubyiniro rwa Mic Tribe 2026.
-
Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Rusesabagina kuri sosiyete y’indege yamugejeje i Kigali
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwa Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwateye utwatsi ikirego cya Paul Rusesabagina warusabaga kuburanisha sosiyete y’indege ya GainJet Aviation S.A yo mu Bugereki, ashinja kugira uruhare mu mugambi yise uwo kumushimuta.
-
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gukora igitaramo gikomeye muri BK Arena, The Ben ategerejwe muri Canada mu bitaramo bizazenguruka mu mijyi itandukanye mbere y’uko yerekeza i Burayi, mu bitaramo ateganya gusoreza muri Uganda.
-
Abanyarwanda babiri bonyine ni bo bakurikiranwa (Followed) N’umuhanzi Davido ku rukuta rwe rwa Instagram
14 May 2025, by Gladiator OGImbuga nkoranyambaga zahinduye ubuzima bwabatuye Isi ku munsi wa none. mu bakoresha izo mbuga harimo kandi ibyamamare ni ukuvuga abahanzi, abanyepolitiki,abaherwe, abakinnyi,abanyamakuru,n’abandi benshi cyane.
-
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
20 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano y’ubufatatanye na Brésil mu bijyanye no guteza imbere uburezi.
-
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cya Ed Sheeran waririmbiraga ku muhanda
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cy’umuhanzi w’Umwongereza, Ed Sheeran, waririmbiraga ku muhanda wo mu Mujyi wa Bengaluru, mu majyepfo y’u Buhinde, ivuga ko yaharirimbiye nta burengenzira yahawe.
-
Nyamasheke : Babiri bafatanywe udupfunyika 122 tw’urumogi
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu Mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke haravugwa abagabo 2 batawe muri yombi, barimo Niyonkuru Elisé w’imyaka 34 uvugwaho n’abaturage gucuruza no kuranguza urumogi wafatanywe udupfunyika 111 na Ngirabakunzi Fred w’imyaka 44, wafatanywe udupfunyika 11 yari amaze kumurangurira.
-
Hateguwe umukino uzahuza abaraperi n’abanyamakuru ba siporo
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbaraperi biganjemo abazagaragara mu gitaramo ‘Icyumba cya Rap’ ndetse n’abanyamakuru b’imyidagaduro bagiye gusakirana mu mukino wa gicuti n’ikipe y’abanyamakuru ba siporo mu Rwanda (AJSPOR).
Umuryango.rw
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo
Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Rusesabagina kuri sosiyete y’indege yamugejeje i Kigali
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
Abanyarwanda babiri bonyine ni bo bakurikiranwa (Followed) N’umuhanzi Davido ku rukuta rwe rwa Instagram
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cya Ed Sheeran waririmbiraga ku muhanda
Nyamasheke : Babiri bafatanywe udupfunyika 122 tw’urumogi
Hateguwe umukino uzahuza abaraperi n’abanyamakuru ba siporo