Miss Muyango wari umaze igihe akora ku Isibo TV mu kiganiro ‘Take over’ yasimbujwe Khadidja Nino wari usanzwe umenyerewe kuri Flash TV watangiye gukora muri iki kiganiro ku wa 15 Nzeri 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Miss Muyango yasimbujwe ku Isibo TV
16 September 2025, by ISIMBI Estella -
Simon Cowell yahakanye uruhare mu rupfu rwa Liam Payne
26 November 2025, by ISIMBI EstellaSimon Cowell wamamaye nk’umwe mu bayobozi b’akanama nkemurampaka mu marushanwa atandukanye azamura impano, yavuze ko abantu bamushinja kugira uruhare mu rupfu rwa Liam Payne, bavuga ko yamushyizeho igitutu gikabije ubwo yari muri One Direction ariko ntamufashe guhangana n’ingaruka z’ubwamamare.
-
Brig Gen Rwivanga yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 25 Mata 2025 Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ku mbuga nkoranyambaga.
-
Clapton Kibonge yavuze abahanzi yifuza ko bazacurangwa ku kiriyo cye
26 May 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo kwitabira igitaramo cya Jose Chameleone akaryoherwa bikomeye nkuko yabigaragaje ku mbuga nkoranyambaga, Clapton Kibonge yahishuye abahanzi batatu yifuza ko bazacurangwa ku kiriyo cye.
-
U Bwongereza: Uwabaye ambasaderi muri Amerika yatawe muri yombi kubera dosiye ya Epstein
24 February, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’i Londres yatangaje ko yataye muri yombi Peter Mandelson wabaye Ambasaderi w’u Bwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azira ibikorwa bigaragara mu nyandiko z’ikirego cya Jeffrey Epstein wakurikiranyweho ibyaha byo gucuruza abana b’abakobwa hagamijwe kubasambanya.
-
Umusore wakoreraga WASAC wari ugiye kumara icyumweru yarabuze yasanzwe mu nzu yarapfuye
22 April, by ISHIMWE Jean de DieuUwari umukozi wa WASAC mu Karere ka Rubavu waherukaga kugaragara mu cyumweru gishize, yasanzwe mu nzu yabagamo mu Murenge wa Nyamyumba yarapfuye.
-
Uganda: Girma yagizwe umuyobozi w’agateganyo wa Uganda Airlines
17 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yagize Girma Wake Umuyobozi w’Agateganyo wa Uganda Airlines, n’umujyanama uzafasha mu mavugurura y’iki kigo.
-
Rusizi: Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu nzu akurwamo akiri muzima
15 September 2025, by ISIMBI EstellaUmwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu cyumba yari aryamyemo mu Mudugudu wa Ruzeneko, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, ashya igice cy’umutwe, amaguru n’amaboko, akurwamo hasigaye gato ngo umuriro umukongore ariko akiri muzima.
-
Gatsibo: Yabeshye urupfu rw’umuturanyi we, isanduku bayigeza iwe basanga ari muzima
3 April, by ISIMBI EstellaUmusore wo mu Karere ka Gatsibo, mu Murenge wa Remera, yafashe umunsi wa 1 Mata nk’urwitwazo rwo kubeshya ko umusaza baturanye yitabye Imana, kugeza aho bateguye isanduku bayigeza iwe basanga ari muzima.
-
Ba ’Générals’ babiri bakuwe mu rwego rushinjwa kwima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa
23 February, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Uganda cyeguje abasirikare bakuru bari barashinzwe serivisi z’abinjira n’abasohoka, nyuma y’igihe kirenga ibyumweru bibiri Umugaba Mukuru wacyo, Gen Muhoozi Kainerugaba, atangaje ko yirukanye abatuma abo mu bwoko bw’Abanyarwanda bagorwa no kubona ibyangombwa.
Umuryango.rw
Miss Muyango yasimbujwe ku Isibo TV
Simon Cowell yahakanye uruhare mu rupfu rwa Liam Payne
Brig Gen Rwivanga yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi
Clapton Kibonge yavuze abahanzi yifuza ko bazacurangwa ku kiriyo cye
U Bwongereza: Uwabaye ambasaderi muri Amerika yatawe muri yombi kubera dosiye ya Epstein
Umusore wakoreraga WASAC wari ugiye kumara icyumweru yarabuze yasanzwe mu nzu yarapfuye
Uganda: Girma yagizwe umuyobozi w’agateganyo wa Uganda Airlines
Rusizi: Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu nzu akurwamo akiri muzima
Gatsibo: Yabeshye urupfu rw’umuturanyi we, isanduku bayigeza iwe basanga ari muzima