Umutesi Uwase Magnifique ukinira Indahangarwa WFC yamaze kumvikana na Simba Queens yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umutesi Magnifique yaguzwe na Simba SC yo muri Tanzania
16 August 2025, by ISIMBI Estella -
AFC/M23 yashyizeho abayobozi b’Intara ya Kivu y’Epfo
1 March 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 yatangaje ko yashyizeho Guverineri na n’abungirije guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo nyuma y’inama yabereye mu Mujyi wa Bukavu ikaza gusozwa inaturikijwemo ibisasu.
-
Brig Gen Gahungu akurikiranyweho gutuka Perezida Ndayishimiye
25 August 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) rukurikiranye kuri Brig Gen Gahungu Bertin ibyaha birimo gutuka Umukuru w’Igihugu, Perezida Evariste Ndayishimiye.
-
M23 yasabwe gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihutirwa
4 February 2025, by Joseph IradukundaUmuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, yasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma umaze iminsi ugenzura.
-
Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9
30 January, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka icyenda, akaba mubyara we babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo.
-
Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha
14 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr Ugirashebuja Emmanuel yavuze ko Guverinoma izakomeza gufasha mu gucyemura ibibazo byagaragajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
-
Amakosa utagomba gukoreshwa n’urukundo.
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda urukundo rwanyu, hari amakosa amwe aganisha ku ngaruka zikomeye.
-
Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gicurasi 2025, polisi yo mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi abagabo babiri bari bafite udupfunyika tw’urumogi 93.
-
Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa
26 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ibuka France, Marcel Kabanda, yagaragaje ko abakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi badakwiye kubabarirwa cyane ko usanga batemera uruhare rwabo.
-
Ibihugu by’Uburayi byamaganye bimwe mu bikorwa by’ingabo za Isirayeli
17 October 2024, by Joseph IradukundaIbihugu by’Ubulayi bifite abasirikare muri FINUL, Ingabo z’amahoro z’Umuryango w’Abibumbye muri Libani, bivuga ko bigiye gushyira igitutu cyo mu rwego rwo hejuru kuri Isiraheli.
Umuryango.rw
Umutesi Magnifique yaguzwe na Simba SC yo muri Tanzania
AFC/M23 yashyizeho abayobozi b’Intara ya Kivu y’Epfo
Brig Gen Gahungu akurikiranyweho gutuka Perezida Ndayishimiye
M23 yasabwe gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihutirwa
Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9
Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha
Amakosa utagomba gukoreshwa n’urukundo.
Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93
Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa
Ibihugu by’Uburayi byamaganye bimwe mu bikorwa by’ingabo za Isirayeli