Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushinja ihuriro P5 rya Faustin Kayumba Nyamwasa, Leta y’u Burundi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kugira umugambi wo gutsemba Abanyamulenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Twirwaneho ishinja Kayumba Nyamwasa umugambi wo gutsemba Abanyamulenge
20 October 2025, by ISIMBI Estella -
Kimisagara: Bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
17 April, by ISIMBI EstellaAbaturage batandukanye bo mu Murenge wa kimisagara mu Karere ka Nyarugenge, bibutse ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
-
Tshisekedi yongeye guhura na Ndayishimiye w’u Burundi
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix
Tshisekedi, kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yahuye na mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye, nyuma y’amezi atatu bahuriye i Beijing mu Bushinwa. -
Karongi: Yishe se amwitiranya na murumuna we barwanaga
4 December 2025, by ISIMBI EstellaKuri sitasiyo ya RIB ya Twumba mu Karere ka Karongi hafungiye Bayikorere Noel w’imyaka 19 na murumuna we Byiringiro Steven, bitewe n’uko Bayikorere yishe se Mushimiyimana Claude w’imyaka 47 amukubise igiti kirimo umusumari, amwitiranyije na murumuna we wari umukubise inkoni.
-
R. Kelly yasubiye mu nkiko
10 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Robert Sylvester Kelly wamenyekanye nka R.Kelly, arimo kuregwa n’abantu batandatu bamushinja, kudatanga akayabo yategetswe kwishyura.
-
Umujyi wa Kigali uzakoresha arenga miliyari 251 Frw mu kunoza imyubakire mu 2025/2026
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye kubaka inzu hirya no hino hagamijwe kugera ku ntego wihaye yo kubaka umujyi ujyanye n’igihe, utekanye kandi worohera abawubamo n’abawusura.
-
Umurinzi w’igihango Murebwayire yatabarutse
6 October 2025, by ISIMBI EstellaUmurinzi w’Igihango Murebwayire Josephine watangije itsinda ryiswe ‘Humura’ yitabye Imana ku Cyumweru nyuma y’igihe yari amaze arwaye.
-
USA: Michelle Obama yahishuye ko atazitabira irahira rya Donald Trump
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMichelle Obama, umugore wa Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko atazitabira ibirori by’irahira rya Perezida Donald Trump watorewe kuyobora iki gihugu mu matora aheruka.
-
Col. Kaina wahoze muri M23 yasubiye mu ishyamba
1 April 2025, by Joseph IradukundaColonel Innocent Kaina wahoze ari mu basirikare bakuru b’umutwe wa M23, yamaze gushinga undi mutwe ugamije kurwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Phanuel Kavita yaciye amarenga yo kurushinga na Kristin Saunders
17 January, by ISIMBI EstellaMyugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Phanuel Kavita, yaciye amarenga ko mu gihe cya vuba azarushinga na Kristin Saunders bafitanye abana batatu.
Umuryango.rw
Twirwaneho ishinja Kayumba Nyamwasa umugambi wo gutsemba Abanyamulenge
Kimisagara: Bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Tshisekedi yongeye guhura na Ndayishimiye w’u Burundi
Karongi: Yishe se amwitiranya na murumuna we barwanaga
R. Kelly yasubiye mu nkiko
Umujyi wa Kigali uzakoresha arenga miliyari 251 Frw mu kunoza imyubakire mu 2025/2026
Umurinzi w’igihango Murebwayire yatabarutse
USA: Michelle Obama yahishuye ko atazitabira irahira rya Donald Trump
Col. Kaina wahoze muri M23 yasubiye mu ishyamba
Phanuel Kavita yaciye amarenga yo kurushinga na Kristin Saunders