Leta y’u Rwanda iravuga ko iri muri gahunda yo kugabanya imidugudu yo guturamo iri hirya no hino mu Gihugu, ikava ku bihumbi biri hagati ya 14 na 15 ikagera ku bihumbi 3 gusa, mu rwego rwo gukoresha neza ubutaka no guteza imbere ubuhinzi ndetse n’imiturire iteye imbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Leta y’u Rwanda igiye kugabanya imidugudu ive ku bihumbi 15 igera ku bihumbi 3
19 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
MUKABUTERA Clementine yasabye guhindurirwa amazina akitwa HABIYAMBERE Clementine
16 February, by ISIMBI EstellaTuramenyesha ko MUKABUTERA Clementine yasabye guhindurirwa amazina akitwa HABIYAMBERE Clementine
-
TONA DEVICA yasabye guhindura amazina akitwa TONA MUGABO DEVICA
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa TONA DEVICA yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TONA MUGABO DEVICA mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose
22 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri wa Siporo n’Imyidagaduro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu, yashyikirije igihembo cy’imodoka nshyashya yo mu bwoko bwa Jeep, umufana Michel Kuka, wamamaye nka Lumumba Vea, wafanaga ikipe y’Igihugu ubwo yari mu Gikombe cya Afurika cya 2025.
-
The Ben na Diamond Platnumz berekeje I Ntungamo
24 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo ku itariki 24 Gicurasi 2025 The Ben na Diamond Platnumz bahuriye muri Kampala Serena Hotel baganira umwanya mbere yo kwerekeza I Ntungamo.
-
Amakamyo 31 y’ibikoresho bya SAMIDRC yacyuwe anyujijwe mu Rwanda
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zikomeje gutaha ari nako zicyura ibikoresho zakoreshaga zihangana n’umutwe wa M23, zibinyujije mu Rwanda.
-
Ethiopian Airlines iri guhomba Miliyoni 135 z’amadolari nyuma y’isubikwa ry’ingendo z’indege mu burasirazuba bwo hagati.
5 March, by Angeline MUKANGENZIKompanyi ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya Ethiopia yatangaje ko iri guhomba nibura miliyoni 135 z’amadolari buri cyumweru nyuma yisubikwa ku ngendo zo mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati, bitewe n’intambara ikomeje hagati ya Amerika na Isiraheli ku ruhande rumwe na Irani ku rundi.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
2 October 2024Me Kagame k.Festo aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara mu buryo bw’ikoranabuhanga, umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza giherereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi……… -
Icyamamare Dolly Parton yapfushije umugabo bari bamaranye imyaka 60
4 March 2025, by Joseph IradukundaCarl Dean, umugabo wa Dolly Parton icyamamare muri muzika ya ’country’ yapfuye ku wa mbere afite imyaka 82.
-
Trump yahigiye kwivuna Iran nitemera ibiganiro, imusubiza ko idashobora kwemera igitutu
21 April, by ISIMBI EstellaTrump yatangaje ko Iran izahura n’ibibazo itigeze ibona mu mateka yayo niba itemeye kugirana ibiganiro na Amerika. Yabivuze mu kiganiro n’Umunyamakuru John Fredericks, ko intambara iri hafi kurangira ariko ko Iran nititwara neza izahura n’akaga.
Umuryango.rw
Leta y’u Rwanda igiye kugabanya imidugudu ive ku bihumbi 15 igera ku bihumbi 3
MUKABUTERA Clementine yasabye guhindurirwa amazina akitwa HABIYAMBERE Clementine
TONA DEVICA yasabye guhindura amazina akitwa TONA MUGABO DEVICA
Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose
The Ben na Diamond Platnumz berekeje I Ntungamo
Amakamyo 31 y’ibikoresho bya SAMIDRC yacyuwe anyujijwe mu Rwanda
Icyamamare Dolly Parton yapfushije umugabo bari bamaranye imyaka 60