Ghana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo koroshya ingendo no gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati yabyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
5 February, by Angeline MUKANGENZI -
Abashakashatsi: Koreya iravugwaho kwagura uruganda rukora misile zikoreshwa n’u Burusiya muri Ukraine
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya ya Ruguru yaguye uruganda rukomeye rukora intwaro, akaba ari narwo ruteranyirizwamo ubwoko bwa misile zifashishwa n’u Burusiya muri Ukraine, nk’uko abashakashatsi b’ibigo by’ubushakashatsi byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika babitangaza, bashingiye ku mafoto yafashwe na satelite.
-
Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa
29 November 2025, by ISIMBI EstellaPolisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara bakekwaho ruswa.
-
Abagororwa bavuze ko hari abo bari kumwe muri jenoside ubu bicara hafi ya Kagame
19 October 2017, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bagororwa bafugingiye muri gereza nkuru ya Rubavu bavuze ko kimwe mubituma ubumwe n’ ubwiyunge butagerwaho 100% ari uko hari abo bafatanyije muri jenoside yakorewe abatutsi bafite imyanya ikomeye mu buyobozi bw’ u Rwanda.
Aba bagororwa babitangarije Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ ubutabera Isabelle Kalihangabo ubwo yari yabasuye kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017.
Umwe mu bagororwa yagize ati “Abanyarwanda bakunze kubeshywa byinshi barimo natwe, twe dufungiye (…) -
NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano hasi -
Ibihugu bitandatu by’u Burayi byemeye kohereza Ingabo muri Ukraine
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbihugu bitandatu byo ku mugabane w’u Burayi, byemeje ko bigiye kohereza Ingabo muri Ukraine mu gihe intambara ikomeje hagati y’u Burusiya na Ukraine.
-
Juba: RDF yavuguruye Ishuri Ribanza rya Kapuri
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuwa Mbere, itariki 14 Ukwakira 2024, Ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro z’u Rwanda zagize uruhare mu kuvugurura no gusiga amarangi Ishuri Ribanza rya Kapuri. Batanze kandi ibikoresho by’uburezi, batera ibiti by’imbuto kandi bakuraho ibihuru mu gihe cy’umuganda rusange witabiriwe n’ababyeyi, abanyeshuri ndetse n’abaturage.
-
Ubuyobozi bwa Nzamwita Degaulle muri FERWAFA ahazamuka n’ ahamanuka
1 April 2018, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo Taliki ya 31 Werurwe 2018, nibwo habaye amatora y’umuyobozi wa FERWAFA,yarangiye ku ntsinzi ya Brigadier General Sekamana Jean Damascene wahigitse Rurangirwa Louis ku majwi 45 kuri 7 ndetse ahita asimbura Nzamwita Vincent Degaulle wari umaze imyaka 4 ayobora iri shyirahamwe ryagaragayemo ibibazo uruhuri kuva yatangira kuriyobora.
Sekamana niwe muyobozi mushya wa FERWAFA usimbura Degaulle
Hari benshi bemeza ko mu myaka 4 Nzamwita amaze ayobora FERWAFA, yakoze amokosa (…) -
Nyanza:Umwarimu yapfuye azize inzoga zirengeje urugero
11 February 2019, by Martin MunezeroIfoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
-
Ngoma: Yahumye amaso yombi umugabo amutana abana batatu ubu babayeho nabi
16 July 2018Mu 2010 amaze guhuma amaso yombi umugabo we yahise amuta, ubu amaze imyaka umunani (8) mu buzima bugoye cyane n’abana batatu yitaho wenyine kandi atabona, ibyo kurya babikesha abaturanyi, ntaho kuryama bagira, nta bwiherero bukwiye, nta mazi…nta buzima nibura bw’ibanze. Hejuru y’ibi ari mu kiciro cya gatatu cy’Ubudehe gituma nta nkunga y’abakene yahabwa na Leta.
Umuryango.rw
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
Abashakashatsi: Koreya iravugwaho kwagura uruganda rukora misile zikoreshwa n’u Burusiya muri Ukraine
Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa
NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras
Ibihugu bitandatu by’u Burayi byemeye kohereza Ingabo muri Ukraine
Juba: RDF yavuguruye Ishuri Ribanza rya Kapuri
Ngoma: Yahumye amaso yombi umugabo amutana abana batatu ubu babayeho nabi