Abasifuzi batatu baturuka muri Mozambique n’undi wo muri Angola bahawe gusifura umukino uzahuza u Rwanda na Libya mu kwezi gutaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukino w’Amavubi na Libya wahawe Abasifuzi bo muri Mozambique na Angola
30 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Ibihe bikomeye byaranze tariki ya 10 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2025, by Angeline MUKANGENZIInyandiko zigaragaza uko Jenoside yakozwe hirya no hino mu gihugu, zerekana ko ku wa 10 Mata 1994 wari umunsi w’ubwicanyi mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugugu.
-
Hagenzurwe ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza-Papa Francis
18 November 2024, by Joseph IradukundaUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisko, yasabye amahanga gucukumbura neza niba Leta ya Israel itari gukora jenoside ku banya-Palestine batuye mu ntara ya Gaza.
-
Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo
22 July 2025, by Joseph IradukundaUbwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Jagdeep Dhankhar bwateje impaka zikomeye n’urujijo haba mu batavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi ku mpamvu ibyihishe inyuma yatumye yegura.
-
UMUNSI ABAHUNGU BA PEREZIDA KAGAME BAKINIRA IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI.
13 February 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame ntajya ahisha urukundo akunda siporo zitadukanye haba umupira wa maguru , basketball , Tennis , kwirukanka na maguru , kunyonga igare , ndetse n’indi mikino myinshi itandukanye. ninako bigenda kandi ku bana b’umukuru w’igihugu aho iyo babonye umwanya bakora siporo ndetse bagakina imikino inyuranye. muriyi nkuru mutwemerere dufungure indi paji dusubire mu mwaka w’i 2016 umunsi Abahungu ba Perezida Kagame bakinira ikipe y’igihugu Amavubi.
hari mu mukino wabereye kuri Stade (…) -
Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari mu rujijo, ntaramenya uruhande ashobora guhitamo hagati y’abarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo bakorera muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’umusirikare we, Brig Gen Gasita Olivier.
-
Isiraheli yagabye igitero gikomeye muri Syria
16 July 2025, by ISIMBI EstellaIsiraheli yatangaje ko ingabo zayo zagabye igitero ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo muri Syria biri mu murwa mukuru Damascus mu rwego rwo kurengera abo mu bwoko bw’Abadruze, ivuga ko bahohoterwa muri icyo gihugu.
-
Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika
2 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye amakimbirane.
-
Uganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
23 July 2025, by ISIMBI EstellaUganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
-
Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima
1 October 2025, by ISIMBI EstellaAbagabo babiri barimo uw’imyaka 35 n’undi w’imyaka 36 basenyukiweho n’inzu kubera kanyanga bari batetse igaturika, umwe muri bo ahita apfa.
Umuryango.rw
Umukino w’Amavubi na Libya wahawe Abasifuzi bo muri Mozambique na Angola
Ibihe bikomeye byaranze tariki ya 10 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Hagenzurwe ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza-Papa Francis
Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo
UMUNSI ABAHUNGU BA PEREZIDA KAGAME BAKINIRA IKIPE Y’IGIHUGU AMAVUBI.
Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?
Isiraheli yagabye igitero gikomeye muri Syria
Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika
Uganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima