Polisi yo muri Nouvelle-Zélande yataye muri yombi umugore ukekwaho icyaha cyo kutita ku mwana, aho basanze yamubitse mu gikapu (valise) kandi akiri muzima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo
5 August 2025, by ISIMBI Estella -
DJ Sonia yahaye gasopo Irené Murindahabi
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuSonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu bitamushimishije mu biganiro bitandukanye.
-
Abanyamadini bavuze ko hakiri imbogamizi mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge mu madini
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’Impuzamiryango ihuriweho n’amadini, amatorero na Kiliziya Gatolika mu Rwanda, (RIC) ryagaragaje ko mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge hakirimo imbogamizi zishingiye ku nyigisho z’ubuyobe zikiri mu madini ndetse n’ubuhanuzi bupfuye.
-
Ituri: FARDC yarasanye na UPDF
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare bane bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umwe wo mu za Uganda (UPDF), bakomerekeye mu mirwano yasakiranyije impande zombi.
-
Inzu ya miliyari 28 Frw ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara
23 January, by ISIMBI Estellanzu ya Nicki Minaj iherereye mu gace k’abaherwe ka Hidden Hills muri Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ntabwo igitejwe cyamunara nyuma y’uko indishyi z’urubanza yari yarategetswe kwishyura zamaze gutangwa, bigashyira iherezo ku mpaka zari zimaze igihe.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31: Byinshi kuri Nsabimana Callixte "SANKARA" wirukanwe mu bigo byose yizeho
13 August 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31 kigaruka kuri NSABIMANA Callixte SANKARA wiyise ko ari Majoro.
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, "kwizeza Kizito Mihigo ko azagirwa Minisitiri, kubuza amahwemo inzego z’umutekano mu Rwanda mu bitero (…) -
2025: Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrubuga Global Firepower rukora ubushakashatsi mu bya gisirikare, mu ntangiriro z’uku kwezi rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu bitandukanye byo ku Isi birutana mu mbaraga za gisirikare.
-
Ifungwa rya USAID ryatumye Abakozi bayo hafi ya bose ku isi bashyirwa mu kiruhuko
5 February 2025, by Joseph IradukundaIkigo gifasha cya leta ya Amerika cyatangaje ko abakozi bacyo muri Amerika n’ahandi kw’isi bashyizwe mu kiruhuko guhera ku wa gatanu saa sita z’ijoro, mu gihe bagiye kandi gucyura abakozi bayo bo mu mahanga.
-
FERWAFA yigaramye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga
2 April, by Angeline MUKANGENZIIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bakoze ibitari byemewe ubwo bamwe muri bo bazanaga abana babo mu kibuga nyuma yo gutsinda.
-
Israel: Minisitiri w’Ingabo mushya yijeje gutsinda abanzi bose n’intambara Igihugu kirimo
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Israel, Minisitiri w’ingabo mushya, Israel Katz yizeje ko azatsinda abanzi b’Igihugu cye kandi akagera ku ntego z’intambara kirimo zo kurwanya imitwe ya Hamas na Hezbollah.
Umuryango.rw
Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo
DJ Sonia yahaye gasopo Irené Murindahabi
Abanyamadini bavuze ko hakiri imbogamizi mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge mu madini
Ituri: FARDC yarasanye na UPDF
Inzu ya miliyari 28 Frw ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#31: Byinshi kuri Nsabimana Callixte "SANKARA" wirukanwe mu bigo byose yizeho
2025: Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi
Ifungwa rya USAID ryatumye Abakozi bayo hafi ya bose ku isi bashyirwa mu kiruhuko
FERWAFA yigaramye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga
Israel: Minisitiri w’Ingabo mushya yijeje gutsinda abanzi bose n’intambara Igihugu kirimo