Uwitwa TONA DEVICA yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TONA MUGABO DEVICA mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
TONA DEVICA yasabye guhindura amazina akitwa TONA MUGABO DEVICA
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Tennis: Aryna Sabalenka ntazakina amwe mu marushanwa ya 2026
8 January, by ISIMBI EstellaNimero ya mbere ku Isi muri Tennis y’abagore, Aryna Sabalenka, yatangaje ko amarushanwa menshi ateganyijwe mu 2026 atazayakina kugira ngo arengere ubuzima bwe.
-
Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda
1 July 2025, by ISIMBI EstellaMu guteza imbere imibereho y’impunzi n’abazakiriye, Leta y’u Rwanda yatangije icyiciro cya kabiri cy’umushinga wa ‘Jya Mbere II’, uzakoreshwamo miliyoni 66,7$ (arenga miliyari 95,6 Frw).
-
Icyamamare Dolly Parton yapfushije umugabo bari bamaranye imyaka 60
4 March 2025, by Joseph IradukundaCarl Dean, umugabo wa Dolly Parton icyamamare muri muzika ya ’country’ yapfuye ku wa mbere afite imyaka 82.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
2 October 2024Me Kagame k.Festo aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara mu buryo bw’ikoranabuhanga, umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza giherereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi……… -
Banki yo mu Budage yibwe miliyoni 35$
31 December 2025, by ISIMBI EstellaPolisi yo mu Budage yatangaje ko mu bihe bya Noheli abajura bibye Banki yo mu Mujyi wa Gelsenkirchen miliyoni 35 $, angana na 95% by’amafaranga yari abitswe muri iyi banki.
-
Nyanza: RIB yataye muri yombi umukobwa ukora uburaya ukekwaho kwica umukecuru
6 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umukobwa w’’imyaka 19 y’amavuko ukekwaho gukubita umukecuru w’imyaka 62 bikamuviramo gupfa, wari utuye mu Mudugudu wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana,Akarere ka Nyanza.
-
Chairman wa APR FC yasabye abakinnyi kuzakuba kabiri imbaraga bakoresheje imbere ya Pyramids FC
3 October 2025, by ISIMBI EstellaChairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yasabye abakinnyi gukuba kabiri imbaraga bakoresheje i Kigali, ubwo bazaba bakiriwe na Pyramids FC mu mukino wo kwishyura uzabera i Cairo ku Cyumweru.
-
AFC/M23 n’ingabo za RDC byahanganiye muri Fizi mbere yo kwinjira muri Noheli
25 December 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo byahanganiye bikomeye muri santere ya Makabola muri teritwari ya Fizi mbere yo kwinjira mu munsi mukuru wa Noheli.
-
Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza
19 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’umutwe wa Hamas muri Gaza, Khalil Al-Hayya, yatangaje ko nta masezerano y’agahenge y’iminsi mike bazongera kugirana na Israel, ahubwo bashaka kugirana ibiganiro ku masezerano yo guhererekanya imfungwa n’imbohe hagati y’impande zombi kugira ngo intambara irangire.
Umuryango.rw
TONA DEVICA yasabye guhindura amazina akitwa TONA MUGABO DEVICA
Tennis: Aryna Sabalenka ntazakina amwe mu marushanwa ya 2026
Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda
Icyamamare Dolly Parton yapfushije umugabo bari bamaranye imyaka 60
Banki yo mu Budage yibwe miliyoni 35$
Nyanza: RIB yataye muri yombi umukobwa ukora uburaya ukekwaho kwica umukecuru
Chairman wa APR FC yasabye abakinnyi kuzakuba kabiri imbaraga bakoresheje imbere ya Pyramids FC
AFC/M23 n’ingabo za RDC byahanganiye muri Fizi mbere yo kwinjira muri Noheli
Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza