Uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rurimo abantu benshi batandukanye ndetse akenshi usanga abantu batajya bamenyako hari abantu bafite ibyo bihariye muri uru ruganda. Muriyi nkuru mutwemerere dufungure indi paji tuganire kuri Ange Umulisa umugore wa mbere muremure kurenza abandi mu myidagaduro yo mu Rwanda.
Mu busanzwe amazina yiswe n’ababyeyi ni Ange Umulisa ni umunyarwandakazi wabonye izuba mu mwaka w’i 1992 akaba ari umwana w’imfura mu muryango w’iwabo wa bana bane. Uyu mwaka turimo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
NIWE MUGORE MUREMURE KURENZA ABANDI MURI SHOWBIZ NYARWANDA.
16 February 2025, by ISIMBI Estella -
Alliah Cool na Kevin Kade batashye ubukwe bwa Juma Jux i Dar Es Salam
29 May 2025, by ISIMBI EstellaAlliah Cool na Kevin Kade bari muri Tanzania aho batashye ubukwe bwa Juma Jux, bagiriye ibihe byiza mu mujyi wa Dar es Salam nk’uko babigaragaje mu mashusho yagiye hanze.
-
Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha
14 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr Ugirashebuja Emmanuel yavuze ko Guverinoma izakomeza gufasha mu gucyemura ibibazo byagaragajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
-
U Rwanda rwakiriye abacanshuro bayamanitse i Goma
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mupaka munini uhuza u Rwanda na DRC wa La Corniche, hakiriwe abakozi ba Banki y’Isi n’Abacanshuro b’abazungu bagiyee gufatanya na FARDC kurwanya inyeshyamba za M23 zafashe Umujyi wa Goma kuva kuwa Mbere, itariki 27 Mutarama 2025.
-
Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika ku bw’urupfu rwa Papa Francis
22 April 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’Abagatulika bo ku Isi yose, nyuma y’urupfu rwa Papa Francis rwabaye kuri uyu wa 21 Mata 2025, aho yavuze ko yari ikimenyetso cy’imbabazi, kwicisha bugufi no kwifatanya n’abandi ku Isi yose.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko guhura kwa Perezida Kagame na Tshisekedi kwaharuye inzira y’amahoro
16 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibiganiro byahuje Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byaharuye inzira iganisha akarere ku mahoro.
-
Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gicurasi 2025, polisi yo mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi abagabo babiri bari bafite udupfunyika tw’urumogi 93.
-
Eddy Kenzo yabwiye Bebe Cool ko akora umuziki adakora ihangana
23 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Eddy Kenzo, yasubije Bebe Cool uherutse kuvuga ko adakunzwe ku rwego rw’Isi, ko ahubwo yakabirijwe, amusubiza ko akora umuziki adakora ihangana.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Teleperformance
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’ikigo Teleperformance, gitanga serivisi zifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI).
-
Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yarasanye, bamwe bahasiga ubuzima
17 October 2025, by ISIMBI EstellaImitwe ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahanganiye muri teritwari ya Uvira na Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bamwe bahasiga ubuzima.
Umuryango.rw
NIWE MUGORE MUREMURE KURENZA ABANDI MURI SHOWBIZ NYARWANDA.
Alliah Cool na Kevin Kade batashye ubukwe bwa Juma Jux i Dar Es Salam
Guverinoma yijeje gukomeza gufasha Urwego rw’Ubugenzacyaha
U Rwanda rwakiriye abacanshuro bayamanitse i Goma
Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika ku bw’urupfu rwa Papa Francis
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko guhura kwa Perezida Kagame na Tshisekedi kwaharuye inzira y’amahoro
Gasabo: Abagabo babiri bafatanywe udupfunyika tw’urumogi 93
Eddy Kenzo yabwiye Bebe Cool ko akora umuziki adakora ihangana
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Teleperformance
Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yarasanye, bamwe bahasiga ubuzima