Bamwe mu baturage bo mu Mirenge itandukanye y’Igihugu, baravuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwabo bw’ejo hazaza nyuma y’aho benshi muri bo amafaraga y’amituweli bishyuraga yiyongereye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bahangayikishijwe n’uko umafaranga ya mituweli bishyuraga yiyongereye
3 March, by ISIMBI Estella -
FC Barcelone yegukanye La Liga ya 28
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelone yatsinze Espanyol ibitego 2-0 yegukana Igikombe cya Shampiyona ya Espagne (La Liga), ku nshuro ya 28.
-
Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal yakoze filime imushinja kwica uwo babyaranye
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Sean Combs wamamaye nka P.Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal, iheruka gukora filime igaragaza ko ari we wishe Kim Porter babyaranye, umaze imyaka irenga itandatu yitabye Imana.
-
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuza Ubwongereza na Afurika
20 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama irahuza Ubwongereza na Afurika iteganyijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Muatarama 2020.
-
Abaperezida 10 b’Abanyafurika b’ibihe byose bambara neza,Perezida Kagame aza ku mwanya wa 2[AMAFOTO]
20 November 2020, by Martin MunezeroAbaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi akamaro k’imyumvire ya rubanda kandi bashyiramo ingufu mu kugaragara neza kuri buri gikorwa.
-
Urwego rw’ubuzima rwashowemo miliyari 948.5 Frw mu myaka 2
27 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko urwego rw’ubuzima rwashyizwemo agera kuri miliyari 948.5 z’amafaranga y‘u Rwanda mu mwaka wa 2020/2021 kugeza 2022/2023, hagamijwe kurushaho kuruteza imbere.
-
Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi
30 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’Umunya-Nigeria, Ayra Starr, wahataniye ibihembo bya Grammy, yatangaje ko gukina muri filime ye ya mbere byamusigiye isomo ryo kubaha bikomeye abakinnyi ba filime, abona ko akazi bakora gasaba ubushishozi, ubwitange n’umurava w’ikirenga.
-
ITANGAZO RUSANGE RYEREKEYE GUSUBIZA ISOSIYETE MU GITABO CY’AMASOSIYETE
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHashingiwe ku ngingo ya 287 y’itegeko No 007/2021 ryo kuwa 05/02/2021 rigenga amasosiyete y’Ubucuruzi,Umwanditsi mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cy’Amasosiyete Isosiyete yitwa TACT Construction Ltd ifite Numero/TIN 108178771
Ku bindi bisobanuro soma itangazo rirambuye aho hasi -
Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump
29 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Ariana Grande yongeye kugaragaza ko atishimira ubuyobozi bwa Donald Trump, anibaza impamvu abantu bamutoye bakomeje kumushyigikira.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
Umuryango.rw
Bahangayikishijwe n’uko umafaranga ya mituweli bishyuraga yiyongereye
FC Barcelone yegukanye La Liga ya 28
Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal yakoze filime imushinja kwica uwo babyaranye
Urwego rw’ubuzima rwashowemo miliyari 948.5 Frw mu myaka 2
Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi
ITANGAZO RUSANGE RYEREKEYE GUSUBIZA ISOSIYETE MU GITABO CY’AMASOSIYETE
Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC