Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo byahanganiye bikomeye muri santere ya Makabola muri teritwari ya Fizi mbere yo kwinjira mu munsi mukuru wa Noheli.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 n’ingabo za RDC byahanganiye muri Fizi mbere yo kwinjira muri Noheli
25 December 2025, by ISIMBI Estella -
Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza
19 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’umutwe wa Hamas muri Gaza, Khalil Al-Hayya, yatangaje ko nta masezerano y’agahenge y’iminsi mike bazongera kugirana na Israel, ahubwo bashaka kugirana ibiganiro ku masezerano yo guhererekanya imfungwa n’imbohe hagati y’impande zombi kugira ngo intambara irangire.
-
Ngororero: Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17
17 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubutenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanda, mu Karere ka Ngororero, akekwaho kuba yarasambanyije umwana w’imyaka 17.
-
U Rwanda rwitabiriye isuzuma rya PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’Uburezi
11 March, by ISIMBI EstellaMu rwego rwo kurushaho kunoza ireme ry’uburezi no gufata ibyemezo bishingiye ku makuru afatika, u Rwanda rwinjiye ku nshuro ya mbere mu isuzuma mpuzamahanga rya Porogaramu Mpuzamahanga y’Isuzumabumenyi ry’Abanyeshuri (PISA). Iri suzuma ritegurwa n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubukungu, Ubufatanye n’Iterambere (OECD), rikaba rikorwa ku banyeshuri bafite imyaka 15, hagamijwe kureba uko bashobora gukoresha ubumenyi bafite mu gusoma, imibare na siyansi mu gukemura ibibazo byo mu buzima busanzwe.
-
Yigeze gukora ahembwa ibihumbi 25frw , Amateka ya Sam Karenzi ubu ufite Radio ye
9 March 2025, by ISIMBI EstellaAbakiriye agakiza ni bo baririmba ngo ‘Mana ukura ku cyavu ukicazanya n’ibikomangangoma, bagakomeza ngo nta wakwiringiye ngo akorwe n’isoni cyangwa ngo yikorere amaboko, kukumenya nibwo bwenge, kugutunga nibwo buzima. birashimisha kuba wabona umuntu wavuye ku cyavu uyu munsi Imana ikaba yaramuteye iteka imibereho ye yarahindutse. sibwo bwa mbere twese twaba twumvise izina itangishaka bishatse kuvuga ngo icyo Imana itaguhaye ntakucyibihatira kugitanga ku mbaraga ibi birimo amaronko (…)
-
’Kuki mukomeza gukodesha kandi hari inzu za Leta zidakorerwamo?’ - PAC kuri RHA
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bagaragaje ko batumva impamvu urwego rushinzwe guteza imbere imiturire rugikodesha inzu zo gukoreramo kandi hari izindi hirya no hino mu gihugu zidakoreshwa.
-
Romania yatumije Ambasaderi w’u Burusiya
15 September 2025, by ISIMBI EstellaRomania yatumije Ambasaderi w’u Burusiya muri iki gihugu nyuma y’uko indege zitagira abapilote (drones) z’igisirikare cy’u Burusiya zinjiye mu kirere cyayo, ibintu Romania yafashe nko kuvogera umutekano wayo.
-
Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame
3 March, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 (ARC), Gen. Sultani Makenga, yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi havugwa ibihuha bitandukanye ku buzima bwe.
-
Trump yategetse ko abagabo bigize abagore bafungirwa muri gereza z’abagabo
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yategetse ko imfungwa (abagore bavutse ari abagabo) bajya bashyirwa mu magereza y’abagabo kandi bakanahagarikirwa serivisi z’ubuvuzi zifitanye isano no guhindura igitsina.
-
Ibikorwa by’itegurwa rya jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’amatariki byakoreweho
7 April 2025, by ISIMBI EstellaMu mezi atatu gusa guhera tariki 7 Mata 1994, u Rwanda rwinjiye mu gitabo kibi cy’amateka y’Isi ubwo Abatutsi guhera ku ruhinja kugeza ku mukambwe bahigwaga mu bukware bazira uko bavutse, muri Jenoside ya mbere ku Isi yakoranywe ubukana n’imitegurire ihambaye.
Umuryango.rw
AFC/M23 n’ingabo za RDC byahanganiye muri Fizi mbere yo kwinjira muri Noheli
Hamas yasabye guhabwa imfungwa zose z’Abanya-Palestine ngo intambara ihagarare muri Gaza
Ngororero: Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17
U Rwanda rwitabiriye isuzuma rya PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’Uburezi
Yigeze gukora ahembwa ibihumbi 25frw , Amateka ya Sam Karenzi ubu ufite Radio ye
’Kuki mukomeza gukodesha kandi hari inzu za Leta zidakorerwamo?’ - PAC kuri RHA
Romania yatumije Ambasaderi w’u Burusiya
Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame
Trump yategetse ko abagabo bigize abagore bafungirwa muri gereza z’abagabo
Ibikorwa by’itegurwa rya jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’amatariki byakoreweho