Minisiteri y’Umutekano imbere mu gihugu muri Uganda, yatangaje ko Reid Samuel James wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Muzungu Boda yirukanywe asubizwa mu gihugu cye, kubera gukorera mu gihugu mu buryo bunyuranye n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muzungu Boda wamamaye muri Uganda yahambirijwe, asubizwa iwabo
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ibitaranoga
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
U Burundi: Abanye-Congo bahunze intambara ya Uvira batangiye gutaha
25 April, by Angeline MUKANGENZIAbanye-Congo bari barahungiye mu Burundi ubwo ibice byo muri teritwari ya Uvira byaberagamo imirwano ikomeye mu ntangiriro za Ukuboza 2025, batangiye gusubira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ku myaka 14, Doja Cat yandikiye kuri YouTube asaba ubufasha bwo kubona Se
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuByagaragajwe ko umuraperi n’umuhanzikazi Amala Dlamini [Doja Cat], yigeze kunyura mu bihe bikomeye mu bwana bwe, aho ku myaka 14 y’amavuko yagerageje gushaka Se atigeze amenya.
-
Drone ya FARDC yaburiye mu Minembwe yakubitishije Zakayo iz’ Akabwana, impagarara ni zose
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa inkuru y’ibura ry’indege itagira umupolote (Drone) y’Igisirikare cya Leta FARDC ryateje impagaragara mu bahatuye aho kugeza ubu icyo gisirikare cyataye muri yombi umusaza witwa Zakayo ukekwaho uruhare mu kuburisha iyo ndege. Uyu Zakayo ngo arazira ko yaba ari we waburishije iriya ndege n’ubwo hari n’andi makuru ari kuvuga ko iyo Drone ngo "Yariwe n’Inka z’Abanyamulenge batuye aho yaburiye."
Umwe mu (…) -
Mutamba yagaragaye ku mva ya se wa Tshisekedi mbere yo gucirwa urubanza
1 September 2025, by ISIMBI EstellaConstant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaye ku mva ya se wa Perezida Félix Tshisekedi, Etienne Tshisekedi wa Mulumba, amuha icyubahiro mbere yo gucirwa urubanza kuri uyu wa 1 Nzeri 2025.
-
Thomas Tuchel agiye gutoza u Bwongereza
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmudage Thomas Tuchel wigeze gutoza Chelsea, agiye kugirwa Umutoza w’u Bwongereza ndetse azaba abaye umunyamahanga wa gatatu utoje iki gihugu nyuma ya Sven-Goran Eriksson na Fabio Capello.
-
Amb Nduhungirehe yakiriye intumwa idasanzwe ya Denmark
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier, yakiriye intumwa yihariye ya Denmark, ku bijyanye n’Akarere k’Ibiyaga Bigari n’Akarere ka Sahel, Amb. Birgitte Nygaard Markussen, kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025.
-
Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi
30 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’Umunya-Nigeria, Ayra Starr, wahataniye ibihembo bya Grammy, yatangaje ko gukina muri filime ye ya mbere byamusigiye isomo ryo kubaha bikomeye abakinnyi ba filime, abona ko akazi bakora gasaba ubushishozi, ubwitange n’umurava w’ikirenga.
Umuryango.rw
Muzungu Boda wamamaye muri Uganda yahambirijwe, asubizwa iwabo
Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ibitaranoga
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
U Burundi: Abanye-Congo bahunze intambara ya Uvira batangiye gutaha
Ku myaka 14, Doja Cat yandikiye kuri YouTube asaba ubufasha bwo kubona Se
Drone ya FARDC yaburiye mu Minembwe yakubitishije Zakayo iz’ Akabwana, impagarara ni zose
Mutamba yagaragaye ku mva ya se wa Tshisekedi mbere yo gucirwa urubanza
Thomas Tuchel agiye gutoza u Bwongereza
Amb Nduhungirehe yakiriye intumwa idasanzwe ya Denmark
Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi